• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Abagore 10 b’abaperezida muri Afurika bafite uburanga buhebuje “REBA HANO”

Abagore 10 b’abaperezida muri Afurika bafite uburanga buhebuje “REBA HANO”

Editorial 29 Apr 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Nkuko dusanzwe tubagezaho intonde zitandukanye uyu munsi tugiye kubagezaho urutonde rw’abagore 10 [ Abafasha] b’abaperezida beza bafite uburanga buhebuje.

10. Masenate Mohato Seeiso

Masenate Mohato Seeiso ni umwamikazi wa Lesotho akaba umufasha wa King Letsie III wo mu gihugu cya Lesotho kiri mu majyepho ya Africa.

9. Inge Lynn Collins Bongo

Inge Lynn Collins Bongo ni umufasha wa perezida wa Gabon uyu mugore nawe aza kuri uru rutonde rw’abagore b’abaperezida bafite uburanga

8. Jeannette Kagame

ku mwanya wa 8 turasangaho umufasha wa nyakubahwa perezida w’U Rwanda Paul Kagame

7. Aisha Buhari

Aisha Buhari ni umfasha wa perezida wa Nigeria Yahya Jammeh afite imyka 44 akaba yarabanye na Yahya Jammeh ubwo yari afite imyaka 18 gusa nyuma yo gutandukana n’umugore we wa mbere akaba azwiho inseko nziza itagira uko isa .

6. Margaret Wanjiru Gakuo

Margaret Kenyatta ni umufasha wa perezida wa Kenya Muigai Kenyatta ,kuri ubu afite imyaka 51,nubwo akuze akaba asazanye ubwiza bwe kandi akaba azwiho kwambara neza

5. Dominique Ouattara

Dominique Ouattara afite imyaka 62 ariko ntiwapfa kumenya ko iyo myaka yose ari iye akaba ari umufasha wa Alassane Ouattara babanye kuva mu mwaka w’ 1991 nyuma yo gupfusha umugabo we wa mbere witabye imana mu mwaka w’ 1984.

4. Hinda Deby Itno

Uyu nawe ni Hinda Déby akaba umufasha wa perezida wa Chad President, Idriss Déby. Akaba nawe aza kuri uru rutonde kuko afite ubwiza karemano n’inzobe nziza.

3. Olive Lembe di Sita

Olive Lembe di Sita ni umufasha wa president wa Democratic Republic of the Congo. yashakanye na President Joseph Kabila tariki ya 17 Gicurasi 2006.

2. Chantal Biya

Chantal Biya nawe aza ku rutonde akaba ari umufasha wa perezida wa Cameroon, Paul Biya bamaranye imyaka 21 babanye ndetse akaba afite imyaka 41 y’amavuko nyamara akaba asa n’ukiri muto cyane kubera ubwiza,akaba azwiho kugira umusatsi mwiza n’uburyo bwo kuwusokoza bwiza kandi bwihariye ndetse n’imyambarire myiza.

1. Princess Salma Bennani

Princess Lalla Salma niwe mugore uza ku mwanya wa mbere mu bafasha b’abaperezida beza kurusha abandi kubera inseko ye n’indoro nziza cyane,kwambara akaberwa kurusha abandi ndetse n’umutima mwiza agirira abantu bose no kwicisha bugufi kuri rubanda.akaba yarabanye na King Mohammed VI, mu mwaka wa 2001 bakaba bafitanye abana babiri.

Uru nirwo rutonde rugaragaza abafasha b’abaperezida 10 ba mbere beza muri Afurika yose muri rusange muri uyu mwaka wa 2018,rukaba twarakozwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri afurika byandika amakuru ajyanye n’imyidagaduro.

2018-04-29
Editorial

IZINDI NKURU

Uko Perezida Museveni yahaye abana ibisuguti n’imitobe byarangije igihe 

Uko Perezida Museveni yahaye abana ibisuguti n’imitobe byarangije igihe 

Editorial 07 Aug 2019
America:Umuhanzi Akoni utavuga rumwe na Perezida Donald Trump ashaka kumusimbura muwa 2020

America:Umuhanzi Akoni utavuga rumwe na Perezida Donald Trump ashaka kumusimbura muwa 2020

Editorial 09 Mar 2018
“Tariki 01 Nyakanga, mu Rwanda twizihiza ubwigenge bwapfubye”- Tom Ndahiro

“Tariki 01 Nyakanga, mu Rwanda twizihiza ubwigenge bwapfubye”- Tom Ndahiro

Editorial 01 Jul 2021
Nyuma ya Bomboli-Bomboli muri RNC : Museveni yashyizeho ushinzwe guhuza impande zitavuga rumwe, Kayumba n’agatsiko kamwigometseho

Nyuma ya Bomboli-Bomboli muri RNC : Museveni yashyizeho ushinzwe guhuza impande zitavuga rumwe, Kayumba n’agatsiko kamwigometseho

Editorial 17 Oct 2019

3 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    April 30, 20187:04 am -

    Hahahahahahaha, ngo Jeannette Nyiramongi ? Koko nawe ngo ari Ku rutonde? Okkkk.

    Subiza
  2. nkunda
    April 30, 20184:47 pm -

    Nanga umuntu wiyita amazina yabandi atazigera anitw amumuryango we wose. ngo sharon ra! nonese wagirango bashyireho mama wawe ko ariwe mwiza yambara ibirenge iyo za buzinga njwiri?

    Subiza
  3. Ngabo
    May 1, 20184:22 am -

    Ko mbonye bashyira kurutonde se abahoze ari baka.. nti bashyiraho abubu!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Akanyamuneza ku baturage ba Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado basubiye mu byabo nyuma y’imyaka ine bameneshejwe n’inyeshyamba
Amakuru

Akanyamuneza ku baturage ba Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado basubiye mu byabo nyuma y’imyaka ine bameneshejwe n’inyeshyamba

Editorial 30 Aug 2021
Uko  imisoro yagabanyije inkunga mu ngengo y’imari
UBUKUNGU

Uko imisoro yagabanyije inkunga mu ngengo y’imari

Editorial 27 Aug 2018
Perezida Kagame mu bayobozi bo muri Afurika bakurikirwa n’abantu benshi kuri instagram
POLITIKI

Perezida Kagame mu bayobozi bo muri Afurika bakurikirwa n’abantu benshi kuri instagram

Editorial 11 Dec 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru