• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – APR FC yatangaje Uwiyaremye Fidali wakiniraga Intare FC nk’umukinnyi wayo mushya wiyongera kuri Rubuguza Jean Pierre wakiniraga Gicumbi FC   |   24 Jun 2026

  • Rayon Sports na SKOL basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye afite agaciro k’asaga miliyoni 185 Frw ku mwaka   |   24 Jun 2026

  • Umunya-Togo Antonio Kossivi Atisso Kodjo watsinze ibitego byinshi muri Benin yatangajwe nka rutahizamu mushya wa Rayon Sports   |   23 Jun 2026

  • Niwe rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Ivory Coast, ibyo wamenya kuri rutahizamu mushya wa APR FC, Amani Kouadio Kan   |   22 Jun 2026

  • Igisambo Paul Rusesabagina agakungu ke na Bad Rama karasiga amubyaje ayo mu ihembe   |   20 Jun 2026

  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Abagore 10 b’abaperezida muri Afurika bafite uburanga buhebuje “REBA HANO”

Abagore 10 b’abaperezida muri Afurika bafite uburanga buhebuje “REBA HANO”

Ubwanditsi 29 Apr 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Nkuko dusanzwe tubagezaho intonde zitandukanye uyu munsi tugiye kubagezaho urutonde rw’abagore 10 [ Abafasha] b’abaperezida beza bafite uburanga buhebuje.

10. Masenate Mohato Seeiso

Masenate Mohato Seeiso ni umwamikazi wa Lesotho akaba umufasha wa King Letsie III wo mu gihugu cya Lesotho kiri mu majyepho ya Africa.

9. Inge Lynn Collins Bongo

Inge Lynn Collins Bongo ni umufasha wa perezida wa Gabon uyu mugore nawe aza kuri uru rutonde rw’abagore b’abaperezida bafite uburanga

8. Jeannette Kagame

ku mwanya wa 8 turasangaho umufasha wa nyakubahwa perezida w’U Rwanda Paul Kagame

7. Aisha Buhari

Aisha Buhari ni umfasha wa perezida wa Nigeria Yahya Jammeh afite imyka 44 akaba yarabanye na Yahya Jammeh ubwo yari afite imyaka 18 gusa nyuma yo gutandukana n’umugore we wa mbere akaba azwiho inseko nziza itagira uko isa .

6. Margaret Wanjiru Gakuo

Margaret Kenyatta ni umufasha wa perezida wa Kenya Muigai Kenyatta ,kuri ubu afite imyaka 51,nubwo akuze akaba asazanye ubwiza bwe kandi akaba azwiho kwambara neza

5. Dominique Ouattara

Dominique Ouattara afite imyaka 62 ariko ntiwapfa kumenya ko iyo myaka yose ari iye akaba ari umufasha wa Alassane Ouattara babanye kuva mu mwaka w’ 1991 nyuma yo gupfusha umugabo we wa mbere witabye imana mu mwaka w’ 1984.

4. Hinda Deby Itno

Uyu nawe ni Hinda Déby akaba umufasha wa perezida wa Chad President, Idriss Déby. Akaba nawe aza kuri uru rutonde kuko afite ubwiza karemano n’inzobe nziza.

3. Olive Lembe di Sita

Olive Lembe di Sita ni umufasha wa president wa Democratic Republic of the Congo. yashakanye na President Joseph Kabila tariki ya 17 Gicurasi 2006.

2. Chantal Biya

Chantal Biya nawe aza ku rutonde akaba ari umufasha wa perezida wa Cameroon, Paul Biya bamaranye imyaka 21 babanye ndetse akaba afite imyaka 41 y’amavuko nyamara akaba asa n’ukiri muto cyane kubera ubwiza,akaba azwiho kugira umusatsi mwiza n’uburyo bwo kuwusokoza bwiza kandi bwihariye ndetse n’imyambarire myiza.

1. Princess Salma Bennani

Princess Lalla Salma niwe mugore uza ku mwanya wa mbere mu bafasha b’abaperezida beza kurusha abandi kubera inseko ye n’indoro nziza cyane,kwambara akaberwa kurusha abandi ndetse n’umutima mwiza agirira abantu bose no kwicisha bugufi kuri rubanda.akaba yarabanye na King Mohammed VI, mu mwaka wa 2001 bakaba bafitanye abana babiri.

Uru nirwo rutonde rugaragaza abafasha b’abaperezida 10 ba mbere beza muri Afurika yose muri rusange muri uyu mwaka wa 2018,rukaba twarakozwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri afurika byandika amakuru ajyanye n’imyidagaduro.

2018-04-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Niyonsenga Dieudonné wa ISHEMA TV, akomeje gukwiza impuha no guharabika inzego z’umutekano.

Niyonsenga Dieudonné wa ISHEMA TV, akomeje gukwiza impuha no guharabika inzego z’umutekano.

Ubwanditsi 18 Jun 2021
Ishamaduko rya Museveni, Papa mushya muri batisimu w’abarwanya u Rwanda

Ishamaduko rya Museveni, Papa mushya muri batisimu w’abarwanya u Rwanda

Ubwanditsi 24 Sep 2019
Igipolisi cy’u Burundi kishe umunyagihugu Albert Niyondiko kimutemaguje umupanga

Igipolisi cy’u Burundi kishe umunyagihugu Albert Niyondiko kimutemaguje umupanga

Ubwanditsi 17 Mar 2020
Perezida Museveni akomeje kwiyerurutsa ku bibazo Uganda ifitanye n’u Rwanda

Perezida Museveni akomeje kwiyerurutsa ku bibazo Uganda ifitanye n’u Rwanda

Ubwanditsi 18 Oct 2019

3 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    April 30, 20187:04 am -

    Hahahahahahaha, ngo Jeannette Nyiramongi ? Koko nawe ngo ari Ku rutonde? Okkkk.

    Subiza
  2. nkunda
    April 30, 20184:47 pm -

    Nanga umuntu wiyita amazina yabandi atazigera anitw amumuryango we wose. ngo sharon ra! nonese wagirango bashyireho mama wawe ko ariwe mwiza yambara ibirenge iyo za buzinga njwiri?

    Subiza
  3. Ngabo
    May 1, 20184:22 am -

    Ko mbonye bashyira kurutonde se abahoze ari baka.. nti bashyiraho abubu!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Tombola ya 1/4 cy’imikino ya UEFA Champions league isize Real Madrid izahura na Chelsea naho Manchester City izakine na Atletico Madrid
Amakuru

Tombola ya 1/4 cy’imikino ya UEFA Champions league isize Real Madrid izahura na Chelsea naho Manchester City izakine na Atletico Madrid

Ubwanditsi 18 Mar 2022
Icyizere ku masezerano y’isoko rusange muri Afurika agomba gusinyirwa i Kigali
POLITIKI

Icyizere ku masezerano y’isoko rusange muri Afurika agomba gusinyirwa i Kigali

Ubwanditsi 15 Mar 2018
Finland: Pasiteri Jerome Nyandwi, aravuga ko ntaho ahuriye n’ibyamwanditsweho ko agambanira U Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Finland: Pasiteri Jerome Nyandwi, aravuga ko ntaho ahuriye n’ibyamwanditsweho ko agambanira U Rwanda

Ubwanditsi 08 Jan 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru