Minisitiri w’intebe wa Côte d’Ivoire Amadou Gon Coulibaly, ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 24 Werurwe 2019 yageze I Kigali, aho yitabiriye inama mpuzamahanga y’abayobozi b’ibigo bikomeye (African CEOs Forum) ibera i Kigali kuva kuri uyu wa mbere. Ni inama izanitabwirwa na Perezida Mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi.
Inkuru zigezweho
-
Ese Evariste Ndayishimiye ajya yibuka ko ari Umukuru w’Igihugu? | 18 Mar 2025
-
Amavubi yitegura guhura na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026, akomeje imyiteguro n’abakinnyi bose bahamagawe | 18 Mar 2025
-
Umurage mubi w’Ububiligi ku Rwanda wagarutsweho na Perezida Kagame | 17 Mar 2025
-
Ntabwo iyi ntambara ari iy’u Rwanda, ntabwo ari u Rwanda rwayitangiye, ahubwo icyo abayitangiye bashakaga ni cyo turwana nacyo | 16 Mar 2025
-
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano | 14 Mar 2025
-
Ikipe ya APR FC yanyomeje amakuru y’uko imaze igihe idahemba abakozi bayo | 14 Mar 2025