• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»ADEPR : Batatu bari bayoboye Komisiyo – Nzahuratorero mu turere tw’Umujyi wa Kigali bandikiye inzego nkuru z’Igihugu bamena amabanga , banasaba imbabazi

ADEPR : Batatu bari bayoboye Komisiyo – Nzahuratorero mu turere tw’Umujyi wa Kigali bandikiye inzego nkuru z’Igihugu bamena amabanga , banasaba imbabazi

Ubwanditsi 10 Mar 2017 ITOHOZA

Nkuko bigaragara mu ibaruwa yandikiwe inzego zitandukanye nkuru z’Igihugu tariki 4 Werurwe 2017 , bamwe mubari bahagarariye Komisiyo – Nzahuratorero mu turere dutatu tugize umujyi wa Kigali banditse ibaruwa bamenyesha inzego zose bandikiye mbere ko babeshyuza ibyo bari bazibwiye , bavuga ko batakwemera gushyigikira ikinyoma cy’ubuyobozi bwabo bugamije kwangisha Abakristu ba ADEPR ubuyobozi buyoboye Itorero .

Muri iyi baruwa bavuga ko iki cyemezo bagifashe nyuma yo kuganira n’umutima nama wabo bagasanga barakoze amakosa yo kubeshya ubuyobozi .

Musorukeye Protais waruhagarariye Akarere ka Gasabo , Mugabonake Schadrack waruhagarariye Akarere ka Kicukiro na Usengimana Ildephonse waruhagarariye Akarere ka Nyarugenge , bose bashyize imikono yabo kuri iyo baruwa , banasaba imbabazi ubuyobozi bwa ADEPR bemeza ko baguye mu mutego wabanga Itorero .

Bose hamwe bemeza ko basobanuriye ubuyobozi mu nzego zitandukanye uko ubuyobozi bwa Komisiyo Nzahuratorero bwakoresheje imyirondoro y’abantu batari abayobocye ba ADEPR ahubwo bagafata imyirondoro y’abagize Koperative y’Abamotari ‘ IMBARAGA MOTARD MUHIMA , bukifashisha n’imyirondoro bakuraga ku biro by’Utugari no kuri Banki .

Abari bahagarariye Komisiyo – Nzahuratorero mu turere dutatu tugize umujyi wa Kigali bavuze ko mu ibyo baganirizwaga mu manama bikubiye mu bice bine .

Iyi nyandiko ikomeza igira iyi :” Ikibabaje kandi cyatumye tutakwihanganira iyi mikorere mibi nuko harimo kubeshya inzego za leta , guhimbira abantu imikono itari iyabo , gukangurira abanyarwanda kwigomeka no kwamagana ubuyobozi bwa ADEPR hagamijwe guteza urusaku mu banyarwanda , dusanga tutakomeza kuba mu kinyoma tukireba .

Ibyavugirwaga mu nama twabaga turimo n’ibi bikurikira :

– Urwangano rukabije rwibasira abayobozi b’Itorero rya ADEPR
– Guteranya Abanyarwanda n’inzego za leta
– Kwaka imisanzu abari muri Komisiyo Nzahuratorero ikoreshwa ibyo tutazi
– Gukoresha inama rwihishwa .”

Abakirisito b’Itorero rya Pentekote mu Rwanda ( ADEPR ) batavuga rumwe n’ubuyobozi buriho, bashyizeho Komisiyo – Nzahuratorer0 bavuga ko igamije gusubiza k’umurongo ibikorwa bita ko “ ibigayitse ” Iyo komisiyo iyobowe n’abantu batanu barimo batatu bagize nyobozi n’abajyanama babiri.

-6070.jpg

Rev Sibomana Jean

Itangazo ry’amapaji abiri ryanditswe n’iyo Komisiyo iyobowe na Dr Jean de Dieu Basabose, ryatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 19 Mutarama 2017.

Urwandiko

-6069.jpg
-6071.jpg

2017-03-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

U Buholandi : Umujenosideri Yvonne Basebya yitabye Imana mu buryo butunguranye

U Buholandi : Umujenosideri Yvonne Basebya yitabye Imana mu buryo butunguranye

Ubwanditsi 27 Feb 2016
RNC ikomeje kugira Ihuriro P5 ikimoteri ndetse n’ikusanyirizo ry’ibindi bigarasha

RNC ikomeje kugira Ihuriro P5 ikimoteri ndetse n’ikusanyirizo ry’ibindi bigarasha

Ubwanditsi 25 Nov 2019
Isesengura ku matora ya Perezida wa Repubulika w’u Rwanda (Igice cya 1)

Isesengura ku matora ya Perezida wa Repubulika w’u Rwanda (Igice cya 1)

Ubwanditsi 11 Aug 2017
Kayumba wananiye Kagame ntiyashobokana na Nkurunziza

Kayumba wananiye Kagame ntiyashobokana na Nkurunziza

Ubwanditsi 27 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuryango wa Rutagungira ufungiye muri Uganda watakambiye Loni ku ihohoterwa akorerwa
INKURU NYAMUKURU

Umuryango wa Rutagungira ufungiye muri Uganda watakambiye Loni ku ihohoterwa akorerwa

Ubwanditsi 16 May 2018
U Bwongereza bwageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi, Harry Kane yandika amateka mashya
IMIKINO

U Bwongereza bwageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi, Harry Kane yandika amateka mashya

Ubwanditsi 04 Jul 2018
U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league
IMIKINO

U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league

Ubwanditsi 31 Oct 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru