• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Agahuru k’abajenosideri mu Bufaransa kahiye, naho abatwereye Kabuga baricuza kubera urutonde rwabo rwashyikirijwe Polisi
Abicanyi bihishe mu Bufaransa; uhereye ibumoso Agathe Kanziga, Wenceslas Munyeshyaka, Charles Twagira na Laurent Bucyibaruta

Agahuru k’abajenosideri mu Bufaransa kahiye, naho abatwereye Kabuga baricuza kubera urutonde rwabo rwashyikirijwe Polisi

Ubwanditsi 05 Jul 2020 INKURU NYAMUKURU

Nyuma yaho igihugu cy’u Bufaransa gishyizwe ku Karubanda kubera ifatwa rya Kabuga Felicien umwe mu bantu bashakishwa ku isi wari ku butaka bwiki gihugu, ubu u Bufaransa bwiyemeje kutongera kujenjekera abajenosideri bari muri iki gihugu ndetse no gusenya icyo twakwita ubufatanye (network) bwatumye Kabuga abasha kuba imyaka myinshi mu gihugu cy’u Bufaransa; muri ibi harimo no gukurikirana abatera inkunga urubanza rwa Kabuga.

Mu butumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yageneye mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, buravugako u Bufaransa butazihanganira abajenosideri bari ku butaka bwabo nyuma yifatwa rya Kabuga. Abajenosideri bari baragize u Bufaransa indiri yabo, dore ko aricyo giihugu cyambere kitari ku mugabane w’Afurika gicumbikiye abajenosideri benshi ku rutonde rw’abasaga 1000 inzego z’ubutabera z’u Rwanda zishakisha kubura hasi no kubura hejuru. Mu bihugu byose, umubare munini w’abajenosideri bashakishwa uri mu gihugu kimwe bari muri Uganda.

Muri iki gihe abajenosideri ba ruharwa bagize u Bufaransa indiri yabwo, ndetse bakarenzaho bagakora ibikorwa byabo byo kwihisha ubutabera mu mwambaro wa Politiki no guharanira uburenganzira bwa Muntu! Mu ba Jenosideri ba ruharwa babarizwa mu guhugu cy’u Bufaransa harimo Agathe Kanziga, Eugene Rwamucyo, Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro akayobora ubwicanyi Murambi, Cyanika ndetse n’I Kibeho, Claude Muhayimana, Wenceslas Munyeshyaka, Octavien Ngenzi, Charles Twagira n’abandi.

Mu gihe abajenosideri bahawe iminsi itari mikeya, ubu Polisi y’u Bufaransa iracyakora iperereza ryimbitse ku buryo Felicien Kabuga yabaye muri icyo gihugu ndetse n’ababigizemo uruhare. Igikorwa cyo gukusanya amafaranga yo gufasha Kabuga mu rubanza cyaberaga kuri Internet, gitangijwe n’abo mu muryango we, abenshi mu nterahamwe zaritanze zihishahisha ariko zitaziko uko uhererekanya amafaranga ku buryo y’ikoranabuhanga uba utanga umwirondoro wawe. Bamaze kumenya amakuru ko bizababyarira amazi nk’ibisusa igikorwa baragihagaritse nkuko byatangajwe n’umuhungu wa Kabuga ariwe Donatien Nshima.

Mu biyemeje kuvugira Kabuga Felecien harimo umusaza Faustin Twagiramungu, wemeje ku mugaragaro ko Kabuga Felecien ari umwere ko nanatsindwa aruko atazaba afite abamuburanira b’abahanga. Twagiramungu yaneruye ko Neretse wahamwe n’ibyaha bya Jenoside mu Bubiligi yazize ubusa. Kugeza magingo aya, igihugu cy’u Bufaransa kimaze kuburanisha abantu batatu gusa aribo Pascal Simbikangwa, Octavien Ngenzi na Tito Barahira.

2020-07-05
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuryango w’Umwongereza uherutse gupfira mu Rwanda wahamije ko atishwe na COVID-19

Umuryango w’Umwongereza uherutse gupfira mu Rwanda wahamije ko atishwe na COVID-19

Ubwanditsi 10 Apr 2020
Hashyizwe hanze video aho Rusesabagina Paul asobanura amavu n’amavuko ya MRCD/FLN mu kiganiro yagiranaga n’abagize uwo mutwe w’iterabwoba

Hashyizwe hanze video aho Rusesabagina Paul asobanura amavu n’amavuko ya MRCD/FLN mu kiganiro yagiranaga n’abagize uwo mutwe w’iterabwoba

Ubwanditsi 19 Oct 2021
Impamvu Bishop Rugagi , Apôtre Rwandamura, R. Pastor Nyamurangwa Fred,Rev. Ntambara Emmanuel,  bari mu maboko ya Police

Impamvu Bishop Rugagi , Apôtre Rwandamura, R. Pastor Nyamurangwa Fred,Rev. Ntambara Emmanuel, bari mu maboko ya Police

Ubwanditsi 05 Mar 2018
Burundi: Raporo ya SOS – Torture igaragaza ko nibura abantu umunani bishwe mu cyumweru kimwe

Burundi: Raporo ya SOS – Torture igaragaza ko nibura abantu umunani bishwe mu cyumweru kimwe

Ubwanditsi 20 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali-Kicukiro : Impanuka y’ikamyo yahitanye abantu 16,  barindwi bahise bitaba Imana mu gihe icyenda bakomeretse bikomeye.
Mu Mahanga

Kigali-Kicukiro : Impanuka y’ikamyo yahitanye abantu 16, barindwi bahise bitaba Imana mu gihe icyenda bakomeretse bikomeye.

Ubwanditsi 10 Jun 2016
Indanini yishe ukuze : Inzara n’ubukene bitumye Kayumba Nyamwasa apfundikanya ubuhamya kwihanurwa ry’indege ya Habyarimana
ITOHOZA

Indanini yishe ukuze : Inzara n’ubukene bitumye Kayumba Nyamwasa apfundikanya ubuhamya kwihanurwa ry’indege ya Habyarimana

Ubwanditsi 24 Oct 2016
U Rwanda rwageze muri kimwe cya kane cy’imikino Nyafurika ya Volleyball, ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Burikina Faso amaseti atatu ku busa
Amakuru

U Rwanda rwageze muri kimwe cya kane cy’imikino Nyafurika ya Volleyball, ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Burikina Faso amaseti atatu ku busa

Ubwanditsi 10 Sep 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru