• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Angola : Abanyarwanda bajyanyweyo bunyago gukora muruganda rw’Umunyarwanda Kayitare Jean Bosco baratabaza

Angola : Abanyarwanda bajyanyweyo bunyago gukora muruganda rw’Umunyarwanda Kayitare Jean Bosco baratabaza

Editorial 21 Feb 2017 ITOHOZA

Umucuruzi Kayitare Jean Bosco ukorera ibikorwa by’ubucuruzi muri Angola araregwa Ubwambuzi no guhohotera abakozi b’abanyarwanda yajyanye muri Angola bunyago.

Kayitare ni nyiri uruganda MANIMEX-Angola abakozi akoresha mu ruganda abakura mu Rwanda nk’abacakara bagerayo akabatera ubwoba, akabambura Passport baziyeho z’inyarwanda akabaha ibyangombwa by’ubuhunzi nabyo by’ibihimbano.

-5745.jpg

Jean Bosco Kayitare n’Umugore we

Kubera ko abo banyarwanda akura cyane cyane mu mujyi wa Kigali n’ahandi mu ntara aba yabijeje ibitangaza ko bagiye gukira yabagezayo akabakoresha uburetwa, Igihe kirekire bakora amasaha y’ikirenga badahembwa kandi ntabashe kubishyurira ibibatunga, ahubwo akabatera ubwoba arinako uteye hejuru amufungisha, bagatinya kubera ko ntabyangombwa byo mu rwanda baba bagifite, ahubwo abaha ibyemezo by’impunzi aba yabasabiye mu buyobozi atanze ruswa, uteye hejuru yohereza Police na Convocation ikamutambikana hafi kumwohereza mu Rwanda kungufu.

Bamwe muri abo bakozi bagera kuri 40, hari abahisemo kuvuga akarengane kabo bandikira Ambasade y’u Rwanda muri Angola ariko ntibabona igisubizo, abo ni Masabarakiza Abed, wishyuza ibihumbi 36 USD, uyu akaba amaze imyaka 12, muri Angola muri ubwo buretwa, Rukundo Jean Damascene wishyuza ibihumbi 22,5 USD akaba amaze imyaka 7 na Kibibi Prosper wishyuza ibihumbi 20 USD, akaba amaze imyaka 5, abandi bajyanywe bunyago bahisemo kujya kwihisha muzindi ntara no gushakisha yo ikibatunga kuko ntabyangombwa bagira byabagarura mu Rwanda, babaho nk’impunzi.

-5746.jpg

Ibaruwa bandikiye Ambasade y’u Rwanda muri Angola babura igisubizo

Nguko uko bamwe muri aba bakozi bandikiye ikinyamakuru Rushyashya batabaza, banasaba gukorerwa ubuvugizi kuri Guverinoma y’u Rwanda, bati:

Bwana muyobozi wa Rushyashya tubandikiye tubasaba ubuvugizi kuko twagerageje kumenyekanisha akababaro kacu duterwa n’umugabo witwa Kayitare Jean Bosco ukorera inaha muri Angola twagerageje kwandikira Ambassade yacu inaha Angola tubamenyesha akarengane twahuye nako ariko ntitwabasha kubona igisubizo.

-5744.jpg

Ibyangombwa bya Jean Bosco Kayitare akoresha muri Angola

Twitabaje , abatwunganira munkiko ariko kuberako inkiko z’Angola zitaratangira gukora, zizatangira mukwezi kwa Gatatu bisabako tuba dutegereje.

Kubera icyo kibazo dukomeje gihigwa no gukorerwa ihohoterwa kubera ko Kayitare Jean Bosco byamwanze munda ashakisha aba police aha Ruswa, taliki 11/02/2017 baza mungo zacu aho dutuye hari nka 3h00´, zijoro baraduhambira batujyana kuri police yapanzeko baherako batwuriza indege kungufu itugeza mu Rwanda nkabandi banyabyaha bose.

Twamenye ko yari yaguze n’amatike yindege ariko tugezeyo tubasobanurira uko biteye ubwo aba avocat bacu barabasobanurira kuko icyokibazo kiri mu rukiko barangije baraturekura.

Kubera ko Police y’Angola mugace dutuyemo yaguzwe na Kayitare, kugeza ubu ntawukirara hamwe kuberako dushobora kugirirwa nabi, kugirango haburizwemo uburenganzira bwacu dusaba cyane ko ntamutekano dufite.

Turacyashakisha Kayitere Jean Bosco kuri telefone akoresha muri Angola 923422469 kugirango tumubaze iby’iki kibazo ariko ntarabasha kuboneka kumurongo we wa telefone, kimwe niza baramu be na murumuna we akoresha muri urwo ruganda ntibitaba telefone zo mu rwanda.

Turacyabitohoza..

Cyiza D.

2017-02-21
Editorial

IZINDI NKURU

Komisiyo y’amatora igiye kwiga  ku mafoto ya Diane Rwigara yashyizwe hanze yambaye ubusa niya Mpayimana ahetse Umwana

Komisiyo y’amatora igiye kwiga ku mafoto ya Diane Rwigara yashyizwe hanze yambaye ubusa niya Mpayimana ahetse Umwana

Editorial 30 May 2017
Umuryango w’Ikigarasha Bénoit MUHOZA,Urarira ayo Kwarika, ngo Wapfushije Uhagaritse!!

Umuryango w’Ikigarasha Bénoit MUHOZA,Urarira ayo Kwarika, ngo Wapfushije Uhagaritse!!

Editorial 19 Aug 2020
Nyamirambo : Uwari utwaye imodoka y’abacungagereza yishe umuntu ariruka, Polisi imucakira  yiyoberanyije

Nyamirambo : Uwari utwaye imodoka y’abacungagereza yishe umuntu ariruka, Polisi imucakira yiyoberanyije

Editorial 27 Dec 2016
Mugihe twiturije Abanyapolitiki n’Abaherwe barategura aho bazahungira

Mugihe twiturije Abanyapolitiki n’Abaherwe barategura aho bazahungira

Editorial 13 Jan 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda: Insoresore 40 zari zijyanywe na RNC gutorezwa muri Congo zatawe muri yombi mu gisa no kutumvikana hagati ya polisi na CMI
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Insoresore 40 zari zijyanywe na RNC gutorezwa muri Congo zatawe muri yombi mu gisa no kutumvikana hagati ya polisi na CMI

Editorial 12 Dec 2017
Bidatunguranye, abayoboke b’umutwe w’iterabwoba, RNC, bivanze mu matora ya Uganda, banahundagaza amajwi kuri Yoweri K. Museveni.
Amakuru

Bidatunguranye, abayoboke b’umutwe w’iterabwoba, RNC, bivanze mu matora ya Uganda, banahundagaza amajwi kuri Yoweri K. Museveni.

Editorial 15 Jan 2021
“Ingabire Victoire ntiyakwemera uruhare rwa nyina muri Jenoside yakorewe Abatutsi na nyiri ubwite aruhakana” Abarokotse Jenoside muri Butamwa
INKURU NYAMUKURU

“Ingabire Victoire ntiyakwemera uruhare rwa nyina muri Jenoside yakorewe Abatutsi na nyiri ubwite aruhakana” Abarokotse Jenoside muri Butamwa

Editorial 22 Jun 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru