• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Apôtre Paul Gitwaza yatinye gukandagiza ikirenge mu muhango wo gushyingura umuvandimwe we washyinguwe n’Abapasiteri barenga 100.

Apôtre Paul Gitwaza yatinye gukandagiza ikirenge mu muhango wo gushyingura umuvandimwe we washyinguwe n’Abapasiteri barenga 100.

Ubwanditsi 25 Mar 2016 Mu Rwanda

Umuhango wo gusezera umurambo wa nyakwigendera Bishop Kajabika Ruben wabereye mu gihugu cy’u Burundi , witabirwa n’abavugabutumwa batandukanye bavuye imihanda yose kuri uyu wa kane tariki 24 Werurwe 2016.

Mu gahinda kenshi kanagaragaraga ku maso , abantu bitabiriye umuhango wo gushyingura umukozi w’Imana Bishop Ruben bagize umwanya uhagije wo kumusezeraho no kumusabira ku mana mu masengesho yayobowe na Rev Mudagiri Nowa , kuva ku isaha ya saa moya n’igice za mu gitondo kugeza saa sita z’amanywa ( 7h00 – 12h00 ).

Umwe mu bantu bitabiriye uyu muhango wo gushyingura Bishop Kajabika Ruben yatangaje ko umuhango wo gushyingura wakozwe mu isaha imwe kandi ugenda neza.

Uyu mugabo yanashimangiye ko umuryango wa nyakwigendera waruhari ugizwe n’umufasha we n’abana be.

Mu ijambo rye ati :” Twagiye gushingura saa 12h00 z’amanywa , dusoza saa 13h00 . Aba representant legaux bari bahari n’Abiburundi , harimo Bishop Manassin wa Geurison des ames , Bishop Mutokambari wa Minivame , n’abandi benshi cyane ntazi . Haraba Pasteurs barenga 100 , naho abari bavuye mu Rwanda nabonye Umu Pasteur witwa Jonathan sinzi Itorero ayobora , natwe twari twavuye muri Zion hamwe Representant legal supleant wa Zion muri RDC Bishop Timothe .”

Apôtre Paul Gitwaza ntiyabonetse mu muhango wo gushyingura mukuru we.

Apôtre Paul Gitwaza ari nawe muyobozi mukuru w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku isi , hari abatari bacye bari baziko ashobora kwitabira umuhango wo gusezera no gushyingura umuvandimwe we Bishop Ruben Kajabika, ariko siko byaje kugenda kuko batunguwe no kutamubona muri uwo muhango ? Ariko hari amakuru avuga ko ari m’urugendo rutagatifu mu gihugu cya Israheli.

Umwe mu bitabiriye umuhango wo gushyingura abajijwe niba yabonye Apôtre Paul Gitwaza muri uyu muhango wo gusezera nyakwigendera , yacubije ati :” Nta wari waje kuko ari muri Israheli , yari mu murimo w’Imana . Ntawundi yarikuwusigira , yasanze atasiga ataye Intama ntawe azisigiye , bituma rero atabona uko aza. Uwaruyoboye umuhango ni Umushumba bakoranaga Bishop Mukwiza Laurent. ”

Bishop Ruben Kajabika yari nawe mwana w’imfura kuri se Nyakwigendera Reverand Pasiteri Kajabika André , mu muryango w’abana barindwi . Yabaye cyane mu Bijombo muri Congo , aza kuba mu mujyi wa Kinshasa igihe kirekire ari naho yigiye amashuri ye .

-2552.jpg

-2553.jpg

-2555.jpg

-2554.jpg

2016-03-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kagame yasezeranye n’Abari Gakenke ko azagaruka bagasangira Umuganura

Kagame yasezeranye n’Abari Gakenke ko azagaruka bagasangira Umuganura

Ubwanditsi 11 Jul 2024
Miss Kundwa Doriane yanenzwe kwipfumuza izuru

Miss Kundwa Doriane yanenzwe kwipfumuza izuru

Ubwanditsi 16 May 2017
Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo

Ubwanditsi 01 Nov 2016
Chairman: Mu ntare, intare y’ingore ni yo ihiga, agaragaza ko mu rugamba rw’iterambere, abagore bakwiye kuza imbere mu kubaka igihugu.

Chairman: Mu ntare, intare y’ingore ni yo ihiga, agaragaza ko mu rugamba rw’iterambere, abagore bakwiye kuza imbere mu kubaka igihugu.

Ubwanditsi 25 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Icyo Jay Polly yavuze ku mugore we mbere y’uko amukura amenyo
Mu Rwanda

Icyo Jay Polly yavuze ku mugore we mbere y’uko amukura amenyo

Ubwanditsi 06 Aug 2018
Perezida Nguema wa Guinée Equatoriale yageze i Kigali (Amafoto)
POLITIKI

Perezida Nguema wa Guinée Equatoriale yageze i Kigali (Amafoto)

Ubwanditsi 14 Jan 2019
Loni itewe impungenge n’igicu cy’ubwicanyi gikomeje kubudika mu Burundi.
Amakuru

Loni itewe impungenge n’igicu cy’ubwicanyi gikomeje kubudika mu Burundi.

Ubwanditsi 20 Sep 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru