Gukora umuziki, kuwutunganya ndetse no ku wigisha ntacyo bizica ku iterambere rya Igor Mabano bitewe nuko abifatanya kandi bikagenda neza
Umuhanzi, umwanditsi, umuririmbyi ndetse akaba ari n’umwarimu w’umuziki mu ishuri ryawo ryahoze ribarizwa ku Nyundo mu karere ka Rubavu rikaza kwimukira i Muhanga, Igor Mabano ... Soma »