• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»CAF yaciye Ishyirahamwe rya ruhago mu Burundi ibihumbi 10$

CAF yaciye Ishyirahamwe rya ruhago mu Burundi ibihumbi 10$

Ubwanditsi 02 Apr 2019 HIRYA NO HINO, IMIKINO

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yaciye Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Burundi, FFB, amande angana n’ibihumbi 10 by’amadolari bitewe na Televiziyo y’iki gihugu yerekanye umukino wahuje u Burundi na Gabon.

Nk’uko CAF yabimenyesheje FFB mu ibaruwa yayandikiye ku Cyumweru, izishyura amadolari ibihumbi 10 inyuma yo kurenga ku mabwiriza yayo.

Iti” Turabamenyesha ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi ritubahirije amategeko ya CAF ku mukino w’umunsi wa gatandatu w’amatsinda yo gushaka itike ya CAN 2019 izabera mu Misiri. Ahabaye amakosa akurikira: RTNB yo mu Burundi yerekanye uyu mukino ibinyujije kuri Startimes na CANAL+ INTL, nta burenganzira bwa CAF ifite, bityo mukaba muciwe amande angana n’ibihumbi 10$.”

Uyu mukino wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 23 Werurwe 2019, u Burundi bunganya na Gabon igitego 1-1 ndetse buhita bubona itike yo gukina CAN 2019 ku nshuro ya mbere mu mateka yabwo.

Umuyobozi w’ishirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi Honorable Révérien Ndikuriyo yavuze ko nka FFB, ntako batari bagize ngo birinde amakosa nk’aya. Aho asanga ababigizemo uruhare aribo bagomba kwishyura aya mafaranga baciwe na CAF.

Ati “Mugihe twari twasabye abantu bose ko bibujijwe gufata amashusho no kwerekana umukino wahuje u Burundi na Gabon, nk’uko twari twabisabwe, ko CANAL+ na SUPERSPORT aribo bari bemerewe kwerekana uwo mukino, bakaba bari basabye AZAM TV ko yaza gufata amashusho ikayashyira kuri Satellite, tumaze kubona ibaruwa ivuye muri CAF, ica FFB amande angana na 10,000$ kubera ko ngo RNTB yaba yarerekanye uwo mukino nta ruhushya ruvuye muri CAF.”

“Kubera ibyo, dusabye ababishinzwe gukora iperereza ku bijyanye n’uburyo RTNB yerekanye uwo mukino. Abazaba babifitemo uruhare bose nibo bazariha ayo mafaranga. FFB ntacyo itari yakoze kugira ngo Camera zose ntihagire n’imwe ifata amashushuo mu kibuga uretse iza AZAM TV.”

Nyuma yo kubona itike ya CAN 2019, biteganyijwe ko u Burundi buzamenya itsinda buzaba buherereyemo tariki ya 12 z’uku kwezi, nyuma ya tombola izabera i Cairo mu Misiri.

2019-04-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imyiteguro idasanzwe y’ubukwe bwa Meghan na Harry, n’i Kigali buzerekanwa

Imyiteguro idasanzwe y’ubukwe bwa Meghan na Harry, n’i Kigali buzerekanwa

Ubwanditsi 18 May 2018
Amabanga 10  akomeye mu gushinga Urugo

Amabanga 10 akomeye mu gushinga Urugo

Ubwanditsi 25 Feb 2017
APR FC yerekanye abakinnyi 4 bashya barimo Tuyisenge Arsène wavuye muri Rayon Sports

APR FC yerekanye abakinnyi 4 bashya barimo Tuyisenge Arsène wavuye muri Rayon Sports

Ubwanditsi 20 Jun 2024
Kiyovu SC yasezereye Rwamagana FC mu gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports itsinda Police FC mu mukino ubanza wa 1/4

Kiyovu SC yasezereye Rwamagana FC mu gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports itsinda Police FC mu mukino ubanza wa 1/4

Ubwanditsi 27 Apr 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR VC na Police WVC zegukanye “Tax Payers Appreciation Volleyball Tournament 2023”
Amakuru

APR VC na Police WVC zegukanye “Tax Payers Appreciation Volleyball Tournament 2023”

Ubwanditsi 13 Nov 2023
Magufuli yeruye ko Kagame ari inshuti ye ikomeye
POLITIKI

Magufuli yeruye ko Kagame ari inshuti ye ikomeye

Ubwanditsi 09 Apr 2016
Enyimba yihagazeho imbere ya Rayon zigwa miswi
IMIKINO

Enyimba yihagazeho imbere ya Rayon zigwa miswi

Ubwanditsi 17 Sep 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru