Raila Odinga uhagarariye imitwe yishyize hamwe mu kitwa National Super Alliance (NASA) yivanye mu matora ya Perezida wa Republika ateganyijwe tariki 26 Ukwakira nk’uko bitangazwa ...
Soma »
Perezida wa Uganda, Yoweli museveni yasabye abaturage bo mu gihugu cye ko bakongera imbaraga mu gukora kurusha uko bazongera mu masengesho, aho baba bumva ko ...
Soma »
Donald Trump yongeye kugaragaza ko ibiganiro n’igihugu cya Koreya ya Ruguru nta kizavamo ariko ko we azi ikizakemura ibibazo by’iki gihugu. N’ubwo Donald Trump perezida ...
Soma »
Ibirego bya David Himbara na Majoro Robert Higiro wirukanwe mu ngabo z’u Rwanda, byagaragaye ko ari nta shingiro bifite nyuma y’uko bari bishyuye asaga miliyoni ...
Soma »
Mbabazi Shadia [Shaddy Boo], umwe mu bagore b’ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga no mu bitaramo mu Rwanda, yitabiriye ibirori by’isabukuru ya Diamond Platnumz byongera gushimangira umubano ...
Soma »
Umunyamabanga mukuru wa Loni , Antonio Guterres atangaza ko adashyigikiye abifuza kugabanya abasirikare b’uyu muryango bari muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu butumwa bw’amahoro. ...
Soma »
David Himbara yumvikanye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika asebya ubutegetsi bw’u Rwanda, yibasira abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bakomeje gushimwa na ...
Soma »
Depite uhagarariye agace ka Kyadodondo East muri Uganda, Robert Kyagulanyi [Bobi Wine] yatangaje ko mu rugo rwe ruri mu gace ka Wakiso hatewe za grenade ...
Soma »
Maj Gen Frank Mugambage, Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko Leta y’u Rwanda yataye muri yombi Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda bakekwaho ...
Soma »