Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Sudan y’Amajyepfo zatabaye abakozi 20 ba LONI bari bari batewe n’inyeshyamba zikabacucura ibyo bafite byose
Abakozi 20 b’Umuryango w’Abibumbye bakorera mu gihugu cya Sudan y’Amajyepfo batabawe n’Ingabo z’u Rwanda zikorera muri icyo gihugu nyuma yuko batezwe igico n’inyeshyamba zo muri ... Soma »