Abari bagize komite nyobozi y’ikipe y’akarere ka Muhanga, AS Muhanga beguye ku mirimo yabo kubera umusaruro muke ndetse n’amikoro make ashyirwa muri iyi kipe Kuri ...
Soma »
Emmanuel ABAYISENGA ni Umunyarwanda ukomoka ku mubyeyi wijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Nubwo ise yari umusiviri, yari yaratojwe mu Nterahamwe, yica Abatutsi batabarika. Amakuru avuga ...
Soma »
Kuri iki cyumweru, tariki 08 Kanama i Nyarutarama habereye inama yahuje ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC ndetse n’abahagarariye abafana mu bice bitandukanye by’igihugu ndetse n’abakinnyi ...
Soma »
Mu mukino wa nyuma mu mupira w’amaguru mu mikino Olimpiki mu bagabo yaberaga mu gihugu cy’u Buyapani, yasojwe ikipe y’igihugu ya Brazil yegukanye igikombe itsinze ...
Soma »
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 7 Kanama 2021 kuri sitade ya Wembley yo mu Bwongereza, ikipe ya Leceister City yatwaye igikombe ...
Soma »
Muri iki gihe, igihugu cya Kenya kiritegura amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Kanama umwaka utaha wa 2022, Umwe mu bagaragaje ubushake bwo kuziyamamaza, ni William ...
Soma »
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa muri Mozambike mu rwego rwo gukumira intagondwa zo mu mutwe w’iterabwoba wa Al Shabab zimaze kwivugana abarenga 70. Umuvugizi ...
Soma »