Club Africain yo muri Tunisia yageze mu Mujyi wa Kigali aho ije gutangira urugendo rw’igikombe cya CAF Champions League ihangana na APR FC. Mu rukerera ...
Soma »
Kuri iki Cyumweru i Huye Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yanganyije n’ikipe y’igihugu ya Repebulika ya Centrafrique yitwa Les Fauves mu mukino wo kwishyura wo ...
Soma »
Wayne Mark Rooney w’imyaka 33 yaraye akinnye umukino wa 120 mu Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, ari na wo wa washyize akadomo ku mikino yose yayikiniye, ...
Soma »
APR FC ihagarariye u Rwanda muri CAF Champions League izahangana na Club Africain yo muri Tunisia naho muri CAF Confederation Cup ho Mukura VS izatangira ...
Soma »
Ikipe y’igihugu ya RDC yitegura guhangana n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 igiye gukorera umwiherero mu Mujyi wa Goma uri hafi y’akarere ka Rubavu, ahazabera umukino wo ...
Soma »
Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika; APR FC muri CAF Champions League na Mukura VS muri CAF Confederation Cup, mu minsi ibiri azamenya ...
Soma »
Indege y’umuherwe wa Leicester City, Vichai Srivaddhanaprabha, yasandariye hafi ya stade y’iyi kipe. Byemejwe ko uyu mugabo w’umunya-Thailand ari mu bantu batanu basize ubuzima muri ...
Soma »