U Burundi ngo bwaba buteganya kuvana abadepite babwo muri EALA kubera itorwa ry’umunyarwanda Martin Ngoga ku buyobozi bwayo
Minisitiri Isabelle Ndahayo, ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yavuze ko amatora y’umukuru w’Inteko ishinga Amategeko y’uyu muryango (EALA) aherutse kuba mu mpera z’umwaka ... Soma »







