• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Ubwanditsi 04 Mar 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Werurwe 2018 umuhanzi Davido yataramiye mu Rwanda mu gitaramo cyabereye mu mujyi wa Kigali muri parikingi ya Stade Amahoro ahari imbaga y’abafana bari yaje kwihera ijisho. Muri iki gitaramo Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro.

Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye i Kigali-AMAFOTO+VIDEO

 Mbere y’igitaramo mu kiganiro n’abanyamakuru Davido yari yatangaje ko umuhanzi wo mu Rwanda azi ari Jay Polly, ibi yanabigaragaje ubwo yaririmbaga muri iki gitaramo ageze hagati uyu muhanzi ukomeye muri Afurika yahamagaye mugenzi we Jay Polly amuha umwanya bafatanya urubyiniro indirimbo imwe Jay Polly yaririmbye.

Iki gitaramo cyavuye kure kuko ubwo cyendaga gutangira imvura nyinshi yaguye bituma igitaramo gikerererwa bikomeye icyakora nyuma yuko imvura icishije make abantu bahise bitabira igitaramo gitangira ubwo. Ni igitaramo cyagaragayemo abandi bahanzi barimo Sintex, Phionah Mbabazi, Yvan Buravan, Charly na Nina ndetse na Riderman.

Aba bose na Davido bashimishije bikomeye abakunzi b’umuziki bari aho cyane ko ari igitaramo kitabiriwe bikomeye kabone ko itike yo kwinjira itari iri hasi dore ko kwinjira muri iki gitaramo byari 5000frw, 20000frw, 50000frw.

REBA AMAFOTO:

DavidoDj Bissoso ku rubyiniro ari mu bacurangiraga abahanziDavidoSintex ni umwe mu bahanzi babimburiye abandi ku rubyiniroDavidoPhionah Mbabazi yataramye muri iki gitaramoDavidoKid Gaju umwe mubari bitabiriye iki gitaramoDavidoDavidoYvan Buravan ni uku yinjiye ku rubyiniro yaririmbye mu buryo bwa LiveDavidoDavidoDavidoCharly na Nina ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoRiderman ni umwe mu bashimishije abafana b’umuzikiDavidoDavidoDavidoAbafana bari benshiDavidoDavido ubwo yageraga ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavido abafana bamwishimiye bikomeyeDavidoDavidoDavidoDavido yahamagaye Jay Polly ku rubyiniro amuha umwanya aririmba indirimbo imweDavidoDavidoJay Polly yishimiye Davido bikomeye yizeza abakunzi b’umuziki indirimbo bagiye gukoranaDavidoDavido yakunze kurira urubyiniroDavidoDavido

Bamwe mu bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2018 bari babonye akazi muri iki gitaramo

Hari aba nyamakuru batandukanye. Nkusi Rameshi Uzwi nka” Papa kibizu!, Lucky ukorera RTV, na Chaba Ally Promo kuri” Rwanda Paparazzi

2018-03-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

U Rwanda ruranenga ko Afurika y’Epfo yizera  Kayumba Nyamwasa kurusha rwo

U Rwanda ruranenga ko Afurika y’Epfo yizera Kayumba Nyamwasa kurusha rwo

Ubwanditsi 12 Dec 2018
Abanyarwanda batuye muri Australia bamaganye inkuru yanditswe na ABC news ko ari intasi z’u Rwanda

Abanyarwanda batuye muri Australia bamaganye inkuru yanditswe na ABC news ko ari intasi z’u Rwanda

Ubwanditsi 15 Sep 2019
Rtd. Capt. Safari Patrick Arishinganisha Nyuma Yo Gutanga Amakuru Y’ibyagwiririye Urugo Rwe [ VIDEO ]

Rtd. Capt. Safari Patrick Arishinganisha Nyuma Yo Gutanga Amakuru Y’ibyagwiririye Urugo Rwe [ VIDEO ]

Ubwanditsi 25 Mar 2018
Umuryango wa Kizito Mihigo uramagana abakwirakwiza impuha kumbuga nkoranyambaga bitwaje urupfu rwa Kizito

Umuryango wa Kizito Mihigo uramagana abakwirakwiza impuha kumbuga nkoranyambaga bitwaje urupfu rwa Kizito

Ubwanditsi 19 Feb 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urukiko Rukuru Rwatangiye Kuburanisha Mu Mizi Urubanza Ruregwamo Diane Rwigara Na Nyina
INKURU NYAMUKURU

Urukiko Rukuru Rwatangiye Kuburanisha Mu Mizi Urubanza Ruregwamo Diane Rwigara Na Nyina

Ubwanditsi 25 Jul 2018
Uganda: NRM inyuma y’ibiganiro mu nteko byo kongera manda y’Abadepite
INKURU NYAMUKURU

Uganda: NRM inyuma y’ibiganiro mu nteko byo kongera manda y’Abadepite

Ubwanditsi 20 Dec 2017
Muri 2017 amatora areze muri Afurika nk’uko byagenze muri 2016
POLITIKI

Muri 2017 amatora areze muri Afurika nk’uko byagenze muri 2016

Ubwanditsi 06 Mar 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru