• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Ubwanditsi 04 Mar 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Werurwe 2018 umuhanzi Davido yataramiye mu Rwanda mu gitaramo cyabereye mu mujyi wa Kigali muri parikingi ya Stade Amahoro ahari imbaga y’abafana bari yaje kwihera ijisho. Muri iki gitaramo Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro.

Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye i Kigali-AMAFOTO+VIDEO

 Mbere y’igitaramo mu kiganiro n’abanyamakuru Davido yari yatangaje ko umuhanzi wo mu Rwanda azi ari Jay Polly, ibi yanabigaragaje ubwo yaririmbaga muri iki gitaramo ageze hagati uyu muhanzi ukomeye muri Afurika yahamagaye mugenzi we Jay Polly amuha umwanya bafatanya urubyiniro indirimbo imwe Jay Polly yaririmbye.

Iki gitaramo cyavuye kure kuko ubwo cyendaga gutangira imvura nyinshi yaguye bituma igitaramo gikerererwa bikomeye icyakora nyuma yuko imvura icishije make abantu bahise bitabira igitaramo gitangira ubwo. Ni igitaramo cyagaragayemo abandi bahanzi barimo Sintex, Phionah Mbabazi, Yvan Buravan, Charly na Nina ndetse na Riderman.

Aba bose na Davido bashimishije bikomeye abakunzi b’umuziki bari aho cyane ko ari igitaramo kitabiriwe bikomeye kabone ko itike yo kwinjira itari iri hasi dore ko kwinjira muri iki gitaramo byari 5000frw, 20000frw, 50000frw.

REBA AMAFOTO:

DavidoDj Bissoso ku rubyiniro ari mu bacurangiraga abahanziDavidoSintex ni umwe mu bahanzi babimburiye abandi ku rubyiniroDavidoPhionah Mbabazi yataramye muri iki gitaramoDavidoKid Gaju umwe mubari bitabiriye iki gitaramoDavidoDavidoYvan Buravan ni uku yinjiye ku rubyiniro yaririmbye mu buryo bwa LiveDavidoDavidoDavidoCharly na Nina ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoRiderman ni umwe mu bashimishije abafana b’umuzikiDavidoDavidoDavidoAbafana bari benshiDavidoDavido ubwo yageraga ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavido abafana bamwishimiye bikomeyeDavidoDavidoDavidoDavido yahamagaye Jay Polly ku rubyiniro amuha umwanya aririmba indirimbo imweDavidoDavidoJay Polly yishimiye Davido bikomeye yizeza abakunzi b’umuziki indirimbo bagiye gukoranaDavidoDavido yakunze kurira urubyiniroDavidoDavido

Bamwe mu bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2018 bari babonye akazi muri iki gitaramo

Hari aba nyamakuru batandukanye. Nkusi Rameshi Uzwi nka” Papa kibizu!, Lucky ukorera RTV, na Chaba Ally Promo kuri” Rwanda Paparazzi

2018-03-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umubano wa Kigali na Kampala, abakabaye bavugisha ukuri muri Uganda bahindutse abateje ikibazo

Umubano wa Kigali na Kampala, abakabaye bavugisha ukuri muri Uganda bahindutse abateje ikibazo

Ubwanditsi 26 Nov 2019
Nyuma y’impfu z’abari abayobozi ba FLN, Gen. Hamada arakusanya inkunga zo kwisuganya

Nyuma y’impfu z’abari abayobozi ba FLN, Gen. Hamada arakusanya inkunga zo kwisuganya

Ubwanditsi 27 Jan 2020
Umuratwa Assumpta ukataje mu bukangurambaga bw’Ishakwe rya Rudasingwa ni muntu ki? 

Umuratwa Assumpta ukataje mu bukangurambaga bw’Ishakwe rya Rudasingwa ni muntu ki? 

Ubwanditsi 03 Jul 2019
Uko itabwa muri yombi rya Gen Kale Kayihura ryagenze n’uko yagerageje gucika ntibimuhire

Uko itabwa muri yombi rya Gen Kale Kayihura ryagenze n’uko yagerageje gucika ntibimuhire

Ubwanditsi 14 Jun 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro
HIRYA NO HINO

Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

Ubwanditsi 10 Apr 2018
Abana bakomoka ku nterahamwe bashinze undi umutwe wo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
Amakuru

Abana bakomoka ku nterahamwe bashinze undi umutwe wo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 04 May 2023
Akumiro: Rudasingwa yongeye kwiyerurutsa ku bafaransa asebya u Rwanda nk’ibisanzwe
ITOHOZA

Akumiro: Rudasingwa yongeye kwiyerurutsa ku bafaransa asebya u Rwanda nk’ibisanzwe

Ubwanditsi 28 Dec 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru