• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Davido yakoze agashya mu gitaramo i Kigali nyuma y’ imvura nyinshi ndetse n’ imbeho “REBA HANO AMAFOTO”

Ubwanditsi 04 Mar 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Werurwe 2018 umuhanzi Davido yataramiye mu Rwanda mu gitaramo cyabereye mu mujyi wa Kigali muri parikingi ya Stade Amahoro ahari imbaga y’abafana bari yaje kwihera ijisho. Muri iki gitaramo Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro.

Davido yatunguranye ahamagara Jay Polly ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye i Kigali-AMAFOTO+VIDEO

 Mbere y’igitaramo mu kiganiro n’abanyamakuru Davido yari yatangaje ko umuhanzi wo mu Rwanda azi ari Jay Polly, ibi yanabigaragaje ubwo yaririmbaga muri iki gitaramo ageze hagati uyu muhanzi ukomeye muri Afurika yahamagaye mugenzi we Jay Polly amuha umwanya bafatanya urubyiniro indirimbo imwe Jay Polly yaririmbye.

Iki gitaramo cyavuye kure kuko ubwo cyendaga gutangira imvura nyinshi yaguye bituma igitaramo gikerererwa bikomeye icyakora nyuma yuko imvura icishije make abantu bahise bitabira igitaramo gitangira ubwo. Ni igitaramo cyagaragayemo abandi bahanzi barimo Sintex, Phionah Mbabazi, Yvan Buravan, Charly na Nina ndetse na Riderman.

Aba bose na Davido bashimishije bikomeye abakunzi b’umuziki bari aho cyane ko ari igitaramo kitabiriwe bikomeye kabone ko itike yo kwinjira itari iri hasi dore ko kwinjira muri iki gitaramo byari 5000frw, 20000frw, 50000frw.

REBA AMAFOTO:

DavidoDj Bissoso ku rubyiniro ari mu bacurangiraga abahanziDavidoSintex ni umwe mu bahanzi babimburiye abandi ku rubyiniroDavidoPhionah Mbabazi yataramye muri iki gitaramoDavidoKid Gaju umwe mubari bitabiriye iki gitaramoDavidoDavidoYvan Buravan ni uku yinjiye ku rubyiniro yaririmbye mu buryo bwa LiveDavidoDavidoDavidoCharly na Nina ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoRiderman ni umwe mu bashimishije abafana b’umuzikiDavidoDavidoDavidoAbafana bari benshiDavidoDavido ubwo yageraga ku rubyiniroDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavidoDavido abafana bamwishimiye bikomeyeDavidoDavidoDavidoDavido yahamagaye Jay Polly ku rubyiniro amuha umwanya aririmba indirimbo imweDavidoDavidoJay Polly yishimiye Davido bikomeye yizeza abakunzi b’umuziki indirimbo bagiye gukoranaDavidoDavido yakunze kurira urubyiniroDavidoDavido

Bamwe mu bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2018 bari babonye akazi muri iki gitaramo

Hari aba nyamakuru batandukanye. Nkusi Rameshi Uzwi nka” Papa kibizu!, Lucky ukorera RTV, na Chaba Ally Promo kuri” Rwanda Paparazzi

2018-03-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rangira Adrien yitandukanije na Nsabimana Callixte wiyita Sankara

Rangira Adrien yitandukanije na Nsabimana Callixte wiyita Sankara

Ubwanditsi 22 Jul 2018
Amakipe 26 yiyandikishije muri shampiyona nyafurika ya Volley Ball, harimo APR VC na REG VC yo mu Rwanda

Amakipe 26 yiyandikishije muri shampiyona nyafurika ya Volley Ball, harimo APR VC na REG VC yo mu Rwanda

Ubwanditsi 21 Mar 2021
Uko Museveni yahaye RNC rugali  mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda

Uko Museveni yahaye RNC rugali mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda

Ubwanditsi 05 May 2019
Rukutana yavuguruje Kutesa, ubufatanye bwa Uganda na FDLR bukomeza kujya ahagaragara

Rukutana yavuguruje Kutesa, ubufatanye bwa Uganda na FDLR bukomeza kujya ahagaragara

Ubwanditsi 20 Dec 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abajya mu butumwa bw’amahoro bakwiye gushyira imbere ubumuntu – Lt Gen Dallaire
Mu Rwanda

Abajya mu butumwa bw’amahoro bakwiye gushyira imbere ubumuntu – Lt Gen Dallaire

Ubwanditsi 11 Oct 2017
Rusesabagina ngo yaba avuye I Burundi gusura ingabo za FLN mugihe Sankara avugwa muri Uganda
INKURU NYAMUKURU

Rusesabagina ngo yaba avuye I Burundi gusura ingabo za FLN mugihe Sankara avugwa muri Uganda

Ubwanditsi 04 Oct 2018
Gasabo : Bane bafunzwe bakekwaho kunyereza asaga Miliyoni 10 z’Ishyirahamwe ry’Abajyanama b’ubuzima
Amakuru

Gasabo : Bane bafunzwe bakekwaho kunyereza asaga Miliyoni 10 z’Ishyirahamwe ry’Abajyanama b’ubuzima

Ubwanditsi 04 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru