• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Ibaruwa ifunze E. Tshisekedi yasize yandikiye Perezida Kabila ishobora guteza ibibazo

Ibaruwa ifunze E. Tshisekedi yasize yandikiye Perezida Kabila ishobora guteza ibibazo

Ubwanditsi 27 Feb 2017 Mu Rwanda

Abanyamadini muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo batangaje ko mbere y’uko nyakwigendera Etienne Tshisekedi apfa yasize yandikiye ibaruwa Perezida Joseph Kabila ariko kugeza ubu hakaba hari impungenge ko atarayishyikirizwa.

Mu nama y’abahagarariye amadini n’abandi bashinzwe akanama ko kugarura amahoro muri kiriya gihugu yabaye kuwa gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, bagarutse ku makuru avuga ko mu minsi micye mbere y’uko Etienne Tshisekedi aapfa yanditse ibaruwa akayiha abamubaga hafi akabasaba kuzayishyikiriza Perezida Joseph Kabila.

Aba bayobozi batandukanye bamaze igihe barashyizweho nk’abarebera ibikorwa by’ibibera muri kiriya gihugu bafite kuganira ku bitagenda neza hagamijwe kugarura amahoro bunga impande zishyamiranye zirimo urwa perezida Kabila ushaka kuguma ku butegetse ndetse n’uruhande rw’abatavuga rumwe na we badashyigikiye igitekerezo cye bibaza impamvu batahawe iyo baruwa ngo basesengure ibiyikubiyemo nk’abantu babifitiye uburenganzira ahubwo kuba ihari bakabyumva nk’ibihuha.

Ikinyamakuru jeunafrique kivuga ko hari andi makuru avuga ko ku itariki ya 17 Mutarama 2017, M. l’abbé Théo Tshilumbu, umunyamabanga wihariye wa nyakwigendera Tshisekedi ndetse na M. Pierre Lumbi, umuyobozi w’ihuriro ry’abatavuga rumwe na Leta ngo bagejeje iyi baruwa ku biro by’iri huriro ry’abanyamadini bashinzwe ibikorwa by’ubwunzi muri kiriya gihugu ngo bayisesengure.

Nubwo iyi baruwa ngo itagejejwe imbere y’aba banyamadini nngo na bo bageze ubutumwa bwarimo ku wo bwari bugenewe ari we Perezida Joseph Kabila, ngo yagmbaga no gufungurirwa imbere y’itangazamakuru na ryo rikamenya ibiyikubiyemo.
Iyi baruwa ibaye nk’iburijwemo mu gihe umuryango wa nyakwigendera Tshisekedi n’abandi banyepolitiki batavuga rumwe na leta bo bakomeje gusaba ko umuhungu we ari we ugomba kuba Minisitiri w’Intebe.

Kugeza ubu, Perezida kabila ukiyoboye inzibacyuho mu gihe hakitegurwa amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka utaha, ntacyo aratangaza ku bijyanye no kurekura ubutegetsi ahubwo akaba yaragiye aca amarenga yo gushaka gukomeza kuyobora, bimwe mu byateje imvururu muri kiriya gihugu zahitanye abatari bacye.

-5938.jpg

Perezida Kabila na Etienne Tshisekedi atarapfa

2017-02-27
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Karegeya Alfred w’i Remera yateye agahinda gakomeye Ababyeyi

Karegeya Alfred w’i Remera yateye agahinda gakomeye Ababyeyi

Ubwanditsi 17 Oct 2017
[AMAFOTO]: Abayobozi ba Polisi z’u Rwanda na Tanzaniya mu biganiro byo gukomeza ubufatanye ndengamipaka

[AMAFOTO]: Abayobozi ba Polisi z’u Rwanda na Tanzaniya mu biganiro byo gukomeza ubufatanye ndengamipaka

Ubwanditsi 08 Aug 2017
Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu  rizwi nka Rwandan Epic

Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic

Ubwanditsi 30 Nov 2025
Impano y’imodoka  ya V8 Apôtre Masasu yahawe n’abakirisitu basengera muri Restauration Church  yavugishije benshi ‘ Amangambure ‘

Impano y’imodoka ya V8 Apôtre Masasu yahawe n’abakirisitu basengera muri Restauration Church yavugishije benshi ‘ Amangambure ‘

Ubwanditsi 23 Aug 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibigwi by’abanyapolitiki bashyinguye i Rebero bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
POLITIKI

Ibigwi by’abanyapolitiki bashyinguye i Rebero bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 13 Apr 2019
Abayobozi babiri b’uburezi mu karere bafunzwe bakurikiranyweho amakosa mu itangwa ry’akazi k’ubwarimu
Mu Rwanda

Abayobozi babiri b’uburezi mu karere bafunzwe bakurikiranyweho amakosa mu itangwa ry’akazi k’ubwarimu

Ubwanditsi 01 Mar 2017
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia bifatanyije n’Abaturage mu muganda
Mu Rwanda

Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia bifatanyije n’Abaturage mu muganda

Ubwanditsi 29 Apr 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru