• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Editorial 21 Mar 2016 IMIKINO

Mu mpera z’iki cy’umweru habaye imikino itandukanye aho amakipe abiri yari ahagarariye u Rwanda yarasezerewe mu mupira w’amaguru no mu mikino y’amaboko shampiyona zirakomeje.

Football

Mu mupira w’amaguru amakipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika, ari yo APR FC na Police FC yarasezerewe mu mpera z’iki cyumweru.

Ikipe ya Police FC yatsinzwe na Vita Club igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali tariki ya 19 Werurwe mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo (CAF Confederation Cup).

Mu mukino ubanza Police FC yari babashije kunganya na Vita Club iwayo muri Congo Brazzaville.

APR FC na yo yanganyije na Yanga igitego 1-1 mu mukino wo kwishyura wabereye muri Tanzania.

Umukino ubanza wari wabereye i Kigali, Yanga Africans icyo gihe yatsinze ibitego 2 kuri 1 cya APR FC. Bivuze ko APR FC yahise isezererwa muri iri irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAF Champions League).

Volleyball

Nyuma yo gutsinda amaseti 3-0 Rayon Sports mu mpera z’iki cyumweru, APR VC yahise ijya ku mwanya wa kabiri n’amanota 15.

Iri ku mwanya wa mbere ni INATEK VC ifite amanota 17 ikaba ari na yo iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona.

Indi mikino uko yagenze

INATEK 3-0 KVC

KIREHE 3-0 UBT

IPRC SOUTH 3-0 LDN

Basketball

Ubumwe Basketball Club ni yo yegukanye igikombe cyitiriwe umunsi mpuzamahanga w’umugore itsinze APR Basketball Club amanota 72-49 ku Cyumweru tariki ya 20 Werurwe 2016 kuri Sitade Amahoro.

Irushanwa ry’abagore ryatangiriye mu Murenge wa Rwinkwavu Tariki 19 Werurwe.

Shampiyona nabwo yarakomeje mu cyiciro cy’abagabo:

CSK BBC 56-126 ESPOIR BBC

IPRC South 76-81 IPRC Kigali

Handball

Shampiyona ya handball yari igeze ku munsi wa gatatu aho Police HC ikomeje kuyobora urutonde rwa shampiyona n’amanota 9 nyuma yo gutsinda ibitego 37-18 Kibogora Polytechinic.

Uko indi mikino yagenze

GS RAMBURA 20-25 APR

UR HUYE CAMPUS 33-35 UR CE

NPC

Ikipe y’u Rwanda y’abagore ya Sitting Volleyball mu mpera z’icyumweru yatsinzwe imikino ibiri mu marushanwa ahuza imigabane yiswe “World Paravolley 2016 Intercontinental Sitting Volleyball”.

Uko imikino yagenze

Iran 3-0 Rwanda

China 3-0 Rwanda

Souce: Izuba rirashe

2016-03-21
Editorial

IZINDI NKURU

Bitunguranye Meddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya bisubika igitaramo cye i Toronto

Bitunguranye Meddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya bisubika igitaramo cye i Toronto

Editorial 08 Oct 2016
Bitunguranye, Zinedine Zidane yeguye ku mirimo yo gutoza Real Madrid

Bitunguranye, Zinedine Zidane yeguye ku mirimo yo gutoza Real Madrid

Editorial 31 May 2018
Mu mukino uhuza abakinnyi b’intoranywa muri leta z’Unze Ubumwe za Amerika uzwi nka NBA All Stars2021, ikipe yariyobowe na LeBron James yatsinze iya Kevin Durant

Mu mukino uhuza abakinnyi b’intoranywa muri leta z’Unze Ubumwe za Amerika uzwi nka NBA All Stars2021, ikipe yariyobowe na LeBron James yatsinze iya Kevin Durant

Editorial 08 Mar 2021
Afrobasketball: Mu mukino wakurikiwe na Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwabonye itike ya 1/4

Afrobasketball: Mu mukino wakurikiwe na Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwabonye itike ya 1/4

Editorial 31 Jul 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisitiri Shyaka aributsa ko ibicuruzwa by’i Burundi na Congo bihawe ikaze
UBUKUNGU

Minisitiri Shyaka aributsa ko ibicuruzwa by’i Burundi na Congo bihawe ikaze

Editorial 03 Jun 2019
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere [ RDB ]
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere [ RDB ]

Editorial 05 Jan 2019
Kuki Kutesa ateza urujijo ku byo u Rwanda rushinja Uganda
INKURU NYAMUKURU

Kuki Kutesa ateza urujijo ku byo u Rwanda rushinja Uganda

Editorial 18 May 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru