• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Uruhare rwa Radio Muhabura mu Kwihutisha Intambara yo Kubohoza Igihugu   |   25 May 2025

  • Ibikorwaremezo, Guteza imbere umukino n’impano, ishoramari ryagutse ku gihugu – inyungu ku Rwanda mu kwakira BAL   |   24 May 2025

  • Bugesera FC yatsinze Rayon Sports 2-1, APR FC ifata umwanya wa mbere w’agateganyo wa Rwanda Premier League   |   21 May 2025

  • Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete   |   21 May 2025

  • I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International   |   20 May 2025

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Louise Mushikiwabo: ’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Louise Mushikiwabo: ’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Editorial 06 May 2019 HIRYA NO HINO, INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Umuryango nyarwanda w’abarimu b’Igifaransa (AREF) uributsa abarimu n’abarimukazi b’igifaransa mu Rwanda, ibi bikurikira :

Intego : Louise Mushikiwabo: ‘‘Gufungura urubuga rw’igifaransa ku rubyiruko rw’Abanyafurika’’

Mu gatabo ku munyamakuru w’icyamamare w’Umubiligi Colette Braeckman mu kinyamakuru cyitwa ‘‘le Soir’’ cyo ku wa 26 Mata 2019.

“Nkimara gusoma agatabo kanditswe na Colette Braeckman kuri murandasi bita‘‘le Blog du Soir’’, yibanze ku gitekerezo cyatanzwe na Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa n’abafatanyabikorwa, uruhererekane mu itumanaho, kumaramaza kuzuye aho rihamagarira urubyiruko nyafurika mu kurushaho kurishyira mu bikorwa.

Ku bindeba ku bwanjye, natahuye kandi nzirikana ko intego ya Madame Louise Mushikiwabo yibanze ku ingigo zirindwi z’ingenzi :

Guharanira no kubyutsa ikoreshwa ry’igifaransa rikagera no nsisiro ;

Kugarura ikoreshwa ry’igifaransa mu inzego mpuzamahanga ;

Gushishikariza ikoreshwa ry’igifaransa mu bwinshi ;

Kurema icyizere cyuzuye cy’abaterankunga bakoresha ururimi rw’igifaransa ;

Abakoresha uririmi rw’igifaransa,  bagomba guhangana n’ubuhezangini ubwaribwo bwose;

Abakoresha uririmi rw’igifaransa,  bagomba kuba inkingi ya mwambwa yo kuzamura urusobe rw’imico;

Urubyiruko nyafurika, rugaragaza muri ubwo buryo, ubushobozi  bwibitsemo butagereranywa mu kugira uruhare mu iterambere ryuzuye ku mugabane wacu.

Bidatinze, mbahaye urubuga rw’ivumburamatsiko y’inyandiko kugira ngo mubiganireho hagati yanyu, bitange icyizere kurushaho hagati y’abanyeshuri bato n’abakuru.

Tubifurije ibyiza n’ubushuti

Tél :0788502908

E-mail :angabirame@yahoo.fr

Ngabirame Biraboneye Augustin, Perezida wa AREF

’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Mu gice cya 2, ikinyamakuru cyitwa ‘‘Le Soir’’ yasohotse ku wa 26 Mata 2019. Umwanditsi Colette Braeckman mu cyo yita “Le Carnet de Colette Braeckman”, avuga ko Madame  Louise Mushikiwabo, amaze gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa, mu inama yabereye Erevan, uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo, yamaze kwerekeza muri Tuniziya, kuko ari yo izacumbikira inama y’ubutaha, ndetse no mu bihugu binyuranye by’Afurika, aho kandi muri icyo cyumweru, yakoreye urugendo rw’akazi mu Bubirigi.

Umwanditsi Colette Braeckman

Ati : Bidasubirwaho, avuga indimi ebyiri neza uhereye mu myigire ye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Madame Mushikiwabo yigaragaza neza kuri buri ruhande ndetse n’imibanire y’ubukungu  y’Afurika y’Iburasirazuba mu guteza imbere icyongereza, ku mwanya w’ururimi rukoreshwa mu gihugu cyabo bwite.

Ariko kandi arajwe ishinga no guharanira kubyutsa ‘‘Ikoreshwa ry’igifaransa’’, ntibikwiriye ko urwo rurimi rwiza rwasigara inyuma kandi rukoreshwa n’abize…tugomba gutekereza cyane ku rubyiruko, by’umwihariko kuri miliyoni bazi kuvuga muri Afurika, abo ntibakangwa n’uburemere bw’igifaransa, ahubwo, usanga bagukira gukoresha icyongereza, kuko basanga ari rwo rurimi ruboroheye rw’ubucuruzi.

Imwe mu intego z’ingenzi z’Umunyamabanga Mukuru mushya w’umuryango w’abakoresha igifaransa (OIF) ni kugarura ikoreshwa ry’igifaransa mu inzego mpuzamahanga, Umuryango w’Abibumbye, harimo kandi n’ibihugu by’uburayi, muri iki gihe kivugwamo  Bresit, yakoranye imishyikirano na Jean Claude Junker, kugira ngo yongere umubare w’abarukoresha, haba mu rwego rw’imibanire, no mu rwego rw’ubucuruzi.

Muri urwo rugamba rwo‘‘ kurinda hamwe n’imyitozo’’ y’ururimi rw’igifaransa, Madame Mushikiwabo afitiye icyizere Ubufansa byimazeyo, ariko kandi no ku bandi bafatanyabikorwa, hari nk’Ubusuwisi, Monaco na Luxembourg, bashobora kongera umusanzu wabo muri uwo muryango, tutibagiwe n’ibihugu by’inshuti biri ku rutonde ku isi hari nk’igihugu cya Rumaniya tutibagiwe na Canada, bakurikirana na Brunswick nshya hamwe na Quebec.

Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa.

Nk’ururimi, ari yo mpamvu yo kubaho k’uwo muryango, hari kandi indagagaciro rusange, imyitozo y’uruhererakane muri ibi binyejana bine bishize, abakoresha igifaransa bakwiriye kugira uruhare ku rubuga rwa politiki ntamakemwa, ishingiye mu guteza imbere demokarasi, ikindi  ishingiye kurwanya ubuhezanguni, by’umwihariko mu bihugu bya Sahara.

Iryo hererekana, rigomba kuba rishingiye ku muco, Madame Mushikiwabo, yasanganiwe n’ubutunzi rw’urubuga rw’abakoresha igifaransa, nk’abakoresha ubukorikori, ikinamico, ku bwanditsi, abanyamiziki. Ariko ubunyarwanda, bwagize uruhare mu kubyutsa igihugu cyabo, bushingiye ku gaciro n’urusobe rw’imico, bashaka kandi ko abanyabugeni babeshwaho n’impano zabo.

Mu bundi buryo, birakwiriye ko batezwa imbere ku rwego mpuzamahanga, bagakorerwa ubuvugizi mu iteganyamigambi ry’ubucuruzi, kunoza neza ibikorwa byabo, kuri ubu, ku rubuga rw’abakoresha icyongereza. Ku bwa Madame Mushikiwabo, miliyoni 750 y’abanyafurika bakoresha igifaransa, biganjemo urubyiruko, bagaragaramo ubushobozi ntayegayezwa no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo rukomoka, bahuye by’umwihariko n’imbaduko y’urubyiruko.

‘‘Ni muri urwo rubyiruko, igifaransa kigomba kuba, byanze bikunze, urwo rurimi rugomba  gukoreshwa mu guhana ibitekerezo no kuvugana, bakaguka mu kujyana n’ibihe tugezemo…’’. Twibanze ku Bubiligi bukoresha igifaransa, rimwe na rimwe amagambo agenda atirwa agasobekerana na Paris, Madame Mushikiwabo yizera ko azabona abasobanukiwe neza urwo rurimi kandi bizewe.

ASSOCIATION RWANDAISE DES ENSEIGNANTS DE FRANÇAIS(AREF)

  • LE PRESIDENT
  • TEL:078 850 29 08
  • E-mail : angabirame@yahoo.fr

A TOUTES LES ENSEIGNANTES ,A TOUS LES ENSEIGNANTS DE FRANÇAIS AU RWANDA;

OBJET:

LOUISE MUSHIKIWABO :”OUVRIR LE FRANÇAIS A LA JEUNESSE AFRICAINE”

                                          Dans Le carnet de la célèbre journaliste belge

                                          Colette Braeckman dans  Le Soir du 26/4/2019

CHERE COLLEGUE,CHER COLLEGUE,

Je viens de lire  le carnet  de Colette Braeckman paru dans le blog  du Soir  et portant surles propos de Madame Louise Mushikiwabo , Secrétaire Générale de la Francophonie et notre compatriote, ,une communication pleine d’engagement et qui invite  toute la jeunesse   africaine à l’action. En ce qui me concerne, j’ai retenu  que les  propos  de Madame  Louise Mushikiwabo se déclinent en sept points  très importants:

  1. Défendre et rajeunir l’usage du jusque dans la rue;
  2. Ramener l’usage du français dans les enceintes internationales;
  3. Imposer l’usage du français dans le numérique;
  4. La foi ardente aux bailleurs de fonds de la francophonie;
  5. La Francophonie, rempart contre les radicalisms de toute sorte;
  6. La Francophonie, rempart fondé sur la promotion des cultures et  le respect des civilisations;
  7. La jeunesse africaine,représente ,dans tout cela,un potential exceptionnel pour pouvoir participer au développement intégral de notre Continent.

Sans tarder,  je vous laisse découvrir cet article pour enfin en débattre entre vous et à coup  sûr avec vos élèves et étudiants.

  Bien à vous et amitiés

Ngabirame Biraboneye Augustin, Président de l’AREF

   

2019-05-06
Editorial

IZINDI NKURU

Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Editorial 09 Jan 2025
Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Editorial 07 Dec 2020
Tumenye neza umujenosoderi Innocent Sagahutu, wahamijwe ibyaha n’urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, akaba agihigira kumena amaraso mu Rwanda

Tumenye neza umujenosoderi Innocent Sagahutu, wahamijwe ibyaha n’urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, akaba agihigira kumena amaraso mu Rwanda

Editorial 27 Jul 2024
Niki cyihishe inyuma y’amagambo Perezida Museveni yavugiye I Kabale amaze kubonana na bagenzi be b’abakuru b’ibihugu?

Niki cyihishe inyuma y’amagambo Perezida Museveni yavugiye I Kabale amaze kubonana na bagenzi be b’abakuru b’ibihugu?

Editorial 22 Feb 2020
Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Editorial 09 Jan 2025
Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Editorial 07 Dec 2020
Tumenye neza umujenosoderi Innocent Sagahutu, wahamijwe ibyaha n’urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, akaba agihigira kumena amaraso mu Rwanda

Tumenye neza umujenosoderi Innocent Sagahutu, wahamijwe ibyaha n’urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, akaba agihigira kumena amaraso mu Rwanda

Editorial 27 Jul 2024
Niki cyihishe inyuma y’amagambo Perezida Museveni yavugiye I Kabale amaze kubonana na bagenzi be b’abakuru b’ibihugu?

Niki cyihishe inyuma y’amagambo Perezida Museveni yavugiye I Kabale amaze kubonana na bagenzi be b’abakuru b’ibihugu?

Editorial 22 Feb 2020
Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Impuguke za Loni zashyize hanze amayeri Tshisekedi yifashishije ngo FDLR ye idahungabana

Editorial 09 Jan 2025
Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Editorial 07 Dec 2020
prev
next

Igitekerezo kimwe

  1. Bararengana Jean Berchmans
    May 6, 20193:28 pm -

    “Gukingurira igifaransa”? Mushikiwabo yize igifaransa kidakingiranye. Mbere yo kugikingurira rero niyibaze uko cyafungiranywe n’umugizi wa nabi wabikoze. We na Braeckman bazwi nk’abakozi b’umuntu tutavuze amazina kandi icyiza cyabavamo cyaba kivuye kure. Gusa abafaransa bavuga ngo useka neza nurangiza aseka (rira bien qui rira le dernier) yuko kubyina intsinzi ari byiza iyo iyo ntsinzi irambye!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru