• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Editorial 17 Oct 2017 ITOHOZA

Rick Hilton ubutumwa bwe (e-mail) bugize igice cya kabiri bwageze nanone mu binyamakuru uyu mugabo w’imyaka irenga 60 yasobanuye uburyo kuri Noheli ishize yasohokanye na Judithe Niyonizera bakajya muri Mexico bakabana nk’umugore n’umugabo ariko ngo uyu mukobwa agakomeza kumubeshya no kumuhemukira.

Mu butumwa yohereje, yagaragaje amwe mu mafoto yafotoraga Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa bari mu cyumba.

Buri gihe ngo yabaga aganira na Safi, yamubaza uwo bavugana akamubwira ko ari musaza we, ariko ngo yareba uburyo yishimye kandi asa n’uri mu rukundo bikamutera amakenga.

Arandika ati “Inshuro yanyuma aheruka mu buriri bwanjye ni tariki 22/08/2017, ibyumweru bicye mbere y’ubukwe bwe (na Safi). Nta kintu yambwiye, ahubwo bucyeye (23/08) yanyandikiye ubutumwa ko agiye muri Africa ko tuzabonana agarutse, ntiyansezeye nta na kimwe.

Iryo joro ariko twari twaraye dusubiranyemo amasezerano ko tuzabana. Ariko ambwira ko agomba gutaha kuko umuryango w’iwabo wagurishije ubutaka amafaranga ukayaguramo akabari bikamubabaza cyane. Ko agomba gutaha akabikemura bakamuha amafaranga.”

Avuga ko yaje mu Rwanda, kuva muri uko kwa munani guhera akongera akamubura kuri Telehone na Facebook hose, nedtse noneho ngo na Hawa (wa mubyara we) nawe ntiyongera kuvugisha Rick.

Ati “Hashize amezi hafi abiri, nanditse gusa muri Google nikinira nyibaza aho Judithe Niyonizera ari. Ngwa ku mafoto yakoze ubukwe na Safi nahise nitura hasi mera nk’uhwereye, nsaba Imana yonyine ngo impe imbaraga siniyahure. Abakobwa banjye n’inshuti nibo bantabaye muri aka kaga.

Judithe yaramfunze (block) ahantu hose kugeza no kuri Telephone ya iPhone namuguriye. Byarandenze, naraye amajoro menshi ntasinzira. Nza kwiyemeza kumenya ukuri kose mpereye mu nshuti ze, nza kumenya ko yari umubeshyi no ku bandi bagabo babiri ba hano Canada. Sinzi neza niba ari bo bonyine.”

Rick avuga ko ubu atakiri mubyo kwiyahura ahubwo yahagurukiye kurwanya ububeshyi n’ubushukanyi akaburira inzego z’ubuyobozi za Canada ku bukwe bwo kubeshya yakoze mbere, n’ubu akaba yarakoze ubundi agamije kujyana uwo bashyingiranye muri Canada. Ngo yizeye ko inzego zabo zizabonamo ibigize ibyaha mubyo avuga zikazabimuryoza nagaruka, nubwo ngo acyeka ko nabyo bitazashoboka.

-8377.jpg

Rick avuga ko iyi ari ifoto yafotoye Judithe ijoro rya mbere bararanye ari nawo munsi bahuyeho

Uyu mugabo mukuru yagaragaje amafoto amwe avuga ko yafashe Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa, avuga ko yayafitiye mu buriri bwe ubwo babaga bamaze gusambana.

Avuga ko afite ubutumwa bunyuranye bugaragaza uburyo Judithe yagiye amubeshya akanamwambura, ngo yamuhaye yose hamwe agera ku 10 000$ kubera kumwizera, ariko ngo yamuteye agahinda kugeza ubwo abakobwa be batekereza ko se agiye kwiyahura.

Rick avuga ko hari izindi nkuru nyinshi yumvise kuri uyu mugore azibwiwe n’inshuti ze muri Canada ariko ko atazivuga kuko zo nta bimenyetso azifitiye.

Ati “Ariko munyumve, zishingiye cyane ku gukoresha igitsina nk’igikoresho cy’ubwambuzi. Ndababaye cyane meze nk’uwasaze singitinye kugaragara gutya. Yarambabaje bikomeye ariko ndatekereza ko ibi bizamuhagarika kandi bikaba byanakiza undi muntu utamuzi ntazagwe mu mutego we.”

Ku gice cya mbere cy’iyi nkuru cyari cyasohotse ejo, twahamagaye Judithe Niyonizera aritaba, abaza umuhamagaye uwo ari we umunyamakuru aramwibwira, amubwira ibi uyu muzungu avuga kandi ko ashaka kumva uruhande rwe kuri byo.
Judithe yahise akupa telephone ye, izindi nshuro twamuhamagaye nabwo yahitaga akupa telephone.

-8378.jpg

Iyi photo, Rick avuga ko ari mu minsi ishize ubwo yari yaje iwe, nyamara ngo haburaga ibyumweru umunani ngo akore ubukwe mu Rwanda

[ VIDEO ]

Source : Rwandapaparazzi.rw

2017-10-17
Editorial

IZINDI NKURU

Meya Uwanzwenuwe na perezida wa Ibuka bateye utwatsi amakuru yacicikanye avuga ko Visi Meya yanze kwakira urumuri rw’ icyizere

Meya Uwanzwenuwe na perezida wa Ibuka bateye utwatsi amakuru yacicikanye avuga ko Visi Meya yanze kwakira urumuri rw’ icyizere

Editorial 15 Apr 2018
FLN [ Force De Libération National ] Umutwe Wa Gisirikare W’impuzamashyaka Ugamije Guhungabanya Umutekano W’u Rwanda

FLN [ Force De Libération National ] Umutwe Wa Gisirikare W’impuzamashyaka Ugamije Guhungabanya Umutekano W’u Rwanda

Editorial 16 Jul 2018
Imishanana n’imigara by’abari guhamiriza Ingabire Victoire yabaye Perezida w’u Rwanda, itoye uruhumbu itambawe!

Imishanana n’imigara by’abari guhamiriza Ingabire Victoire yabaye Perezida w’u Rwanda, itoye uruhumbu itambawe!

Editorial 23 Jul 2024
Museveni aremeza ko igipolisi cye kimaze gucengerwamo n’abanyabyaha benshi

Museveni aremeza ko igipolisi cye kimaze gucengerwamo n’abanyabyaha benshi

Editorial 21 Mar 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ifoto y’agahinda ka Mugabe n’umufasha we mbere y’uko yegura yasakaye
HIRYA NO HINO

Ifoto y’agahinda ka Mugabe n’umufasha we mbere y’uko yegura yasakaye

Editorial 26 Nov 2017
Venant Musoni  wakorewe  iyicarubozo muri Uganda, aratabariza  bagenzi be 40 bari mu makasho ko bakorerwa ubuvugizi
ITOHOZA

Venant Musoni wakorewe  iyicarubozo muri Uganda, aratabariza  bagenzi be 40 bari mu makasho ko bakorerwa ubuvugizi

Editorial 30 Apr 2019
Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera
INKURU NYAMUKURU

Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera

Editorial 13 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru