• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Editorial 25 Feb 2019 HIRYA NO HINO

Udushya n’ Udukoryo two kuri iki cyumweru tariki ya 24/02/2019 Reka duhere hano mu Rwanda aho umu nyamakuru “Karangwa Mike yakoze ubukwe bw’ Akataraboneka.. Umuhango wo gusezerana kwa Mike Karangwa n’umukunzi we wabereye muri Eglise Vivante ku Kimihurura kuri uyu w Gatandatu naho ibirori byo kwishimana n’inshuti n’abavandimwe bibera muri Camp Kigali.

Ku wa 17 Gashyantare 2019, Karangwa yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne ’Mimi’.

Tuvuye hano mu rwanda Mu bwongereza Myugariro Natanael Clyne ukinira ikipe ya Liverpool n’Ubwongereza yakoze agashya asohokana n’abakobwa 8 barimo babiri batarageza ku myaka y’ubukure ahitwa Marbella villa banywa inzoga n’ibiyobyabwenge banywa bakurura umwotsi.

Tanzania:Kubera ubwiza umwana w’umukobwa w’imyaka 13 afite bwatumye asambanywa ku ngufu n’abagabo 10 bamusimburanwaho igihe kingana n’icyumweru

Muri Nigeria Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru w’imyaka 79 mu bukwe bwavugishije benshi

Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru...

Umuherwe witwa Travers Beynon uzwi ku kazina ka Candyman yatunguye benshi ku munsi w’abagore ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kumwe n’abagore 4 bambaye ubusa banditse inyuguti ya W bakoresheje amaguru.

Ngiyi ifoto Beynon yashyize hanze benshi barumirwa ku munsi w’abagore

Uyu mugabo wakijijwe no gucuruza itabi cyane ko afite uruganda ruricuruza mu bihugu bikomeye,akunze kugaruka mu binyamakuru kubera ukuntu ahora ashyira hanze amafoto ari kumwe n’abagore bambaye ubusa ndetse bivugwa ko buri joro agomba kurarana n’abagore 4.

Buri joro agomba kurarana n’abagore 4

Igitangaje kurusha ibindi ni uko uyu muherwe afite umugore n’abana babana mu nzu y’igorofa nini ihora yuzuyemo abagore ndetse bivugwa ko buri gihe ahora ari mu birori n’aba bagore be.

Iwe hahora ibirori by’abagore bambaye ubusa

Benshi mu bakurikira uyu mugabo kuri Instagram aho akunda gushyira aya mafoto ari kumwe n’abagore benshi ,bamunenze ndetse bamushinja ko agira abagore ibikoresho bye ndetse atabubaha.

Urutonde rw’ abantu 10 batangaje ku isi udashobora gukeka niba babaho “INKURU IRAMBUYE”

Urutonde rw’ abantu batangaje ku isi turasangamo umugabo urya ibyuma ,umugabo ufite ubwanwa burebure, umugore mugufi ku isi, umugore unanutse ku isi , umugabo ufite umunwa muremure ku isi ndetse n’ abandi.

Nubwo dutuye ku isi hari ibikorwa bigenda biberaho nubwo abantu batabashaka kubimenya byose . Aho usanga habaho abantu bafite impano zitandukanye aho rimwe na rimwe bazihemberwa kubera ko ntawundi uzifite ibi bigatuma bamampara ku isi hose kubera utu dushya badahuriyeho n’ abandi .

1.Umugore ugororotse ku isi

Umugore w’Umurusiyakazi Julia Gunthel afite impano idasanzwe yo kuba agororotse kurusha abandi ku isi dore ko uyu mu gore ashobora kwihina nk’ inzoka ndetse ntagire ikibazo agira na kimwe ku mubiri we .

2.Umugabo arya ibyuma

Umugabo w’ umufaransa uzwi ku izina rya Michel Lotito afite impano idasanzwe yo kurya ibyuma ndetse no kubicagagura ku buryo niyo wazana icyuma kimeze gute ashobora kugishona akoresheje amenyo ye afata nk’ impano Imana yamuhaye nk’ umutungo.

3.Umugabo ufite umunwa mu nini ku isi

Francisco Domingo umugabo ufite umunwa mu nini ku isi aho ashobora gufata agacupa kajyamo Red Bul akagashyira mu kanwa ke ,nawe akomeje kujyenda atangaza abantu ku isi kubera iyi mpano ye yo kugira umunwa mu nini kurusha abandi .

4. Umugore ufite munda hato ku isi

Pensioner Cathie Jung ufite munda hangana na 15in (38cm) akomeje akaba yarahawe igihembo gitangwa na Guiness Record kubera kugira munda hato kurusha abandi bantu babaho ku isi .

5.Umugore ufite amabere manini ku isi

Mayra Hills umugore ukomoka mu Budage afite impano idasanzwe yo kugira amabere manini ku isi.

6.Umugore ufite umusatsi ufite imbaraga zidasanzwe.

Asha Rani umugore ukomoka mu buhinde akaba afite impano yo kugira umusatsi udasanzwe aho yahawe akabyiniro ka ‘The Iron Queen’ kubera kugira imbaraga zidasanzwe aho azicyesha umusatsi we , aho ashobora gukurura cyangwa guterura ibintu biremereye yifashishije umusatsi we Imana yamuhaye .

7.Umugabo wakoze umubiri kurusha abandi ku isi.

Umugabo w’ umunye brazil Romario Dos Santos ubusanzwe wamenyekanye ku isi kubera uburyo yakoze umubiri aho afatwa nk’ umugabo ufite umubiri udasanzwe kuva isi yabaho.

8. Umugabo ufite amaherena kurusha abandi ku isi

Umunya Dortmund Rolf Buchholz wamampaye kubera kwishyiraho amaherena menshi ku mubiri we akomeje guca agahigo k’ umuntu wakoze ibidasanzwe mu mateka y’ isi kubera amaherena yishyizeho arenga 453 ku mubiri we.

9.Umugabo ufite ubwanwa burere ku isi

Ram Singh Chauhan umugabo wahawe igikombe cy’ umugabo ufite ubwanwa burebure ku isi aho bungana na (14 feet) aho kuri ubu amaze imyaka 56 abuteretse kugirango bukure akomeje ajye atwara igikombe .

10.Umugore mugufi ku is

Ku mucanga wo ku mazi magari ya Miami muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni hamwe mu hantu hazwi cyane ku isi ndetse hafite ubwiza bw’igitangaza benshi banezezwa no gusohokera bakajya kwiryohereza ubuzima mu bihe by’ izuba.

Umunyamideli Blac Chyna yashyize hanze amafoto atandukanye ubwo yararimo kwamamaza icupa rishya ry’ amazi ryitwa 138 Water.
Igikorwa cyo kumufata amafoto kikaba cyabereye kuri ku nkombe ya Malibu (beach in Malibu) ubusanzwe iherereye muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika aho ikikijwe n’ izindi Nyanja zitandukanye zirmimo Malibu Beach, Lagoon State Beach , Zuma Beach, El Matador State Beach .
Reba amafoto Blac Chyna yafatiye kuri Malibu Beach
Uwari umukunzi wa Davido yongeye gukora agashya kadasanzwe nyuma y’ igihe kirekire atandukanye na Davido kuri ubu umaze iminsi mu Rwanda .
Mutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’ u Rwanda 2015 akomeje gushyira hanze amafoto atandukanye aho agaragaza ari kumwe n’ umusore bakundana Arsene mu gihugu cy’ Ubutaliyani .
Umusore ndetse n’ umukobwa ubyibushye bidasanzwe bose bakomoka muri Nigeria bagiye gushinga ubukwe aho bamwe bibaza ukuntu uyu musore w’ urugara ruto azaterura uyu mukobwa .

Src: Rwandapaparazzi.rw

2019-02-25
Editorial

IZINDI NKURU

Meghan n’igikomangoma cy’u Bwongereza bashobora kurira ukwezi kwa buki mu Rwanda

Meghan n’igikomangoma cy’u Bwongereza bashobora kurira ukwezi kwa buki mu Rwanda

Editorial 10 May 2018
Natanyahu ati “hari abashyize igitutu ku Rwanda rureka kwakira abimukira”

Natanyahu ati “hari abashyize igitutu ku Rwanda rureka kwakira abimukira”

Editorial 04 Apr 2018
Burera: Abaturage  baragurisha  amasambu  kugira ngo babone amashilingi  yo kugomboza ababo bafatiwe Uganda

Burera: Abaturage baragurisha amasambu kugira ngo babone amashilingi yo kugomboza ababo bafatiwe Uganda

Editorial 10 Jan 2018
U Rwanda rwashyikirije Uganda imibiri y’abaturage bayo barashwe bashaka kwinjiza magendu

U Rwanda rwashyikirije Uganda imibiri y’abaturage bayo barashwe bashaka kwinjiza magendu

Editorial 12 Nov 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Nkurunziza agiye guhura n’ibibazo bikomeye
POLITIKI

Perezida Nkurunziza agiye guhura n’ibibazo bikomeye

Editorial 15 Dec 2016
Shadyboo yamennye ibanga rituma abahanzi baza mu Rwanda bifuza kumubona imbona nkubone
INKURU ZAKUNZWE CYANE

Shadyboo yamennye ibanga rituma abahanzi baza mu Rwanda bifuza kumubona imbona nkubone

Editorial 13 Mar 2018
Ikipe ya Chelsea yasezereye Manchester City igera ku mukino wa nyuma wa FA Cup aho izahura na Leicester City yo yasezereye ikipe ya Southampton.
Amakuru

Ikipe ya Chelsea yasezereye Manchester City igera ku mukino wa nyuma wa FA Cup aho izahura na Leicester City yo yasezereye ikipe ya Southampton.

Editorial 19 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru