• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Volleyball: Uko amakipe azahura mu mikino ya “Playoffs”

Volleyball: Uko amakipe azahura mu mikino ya “Playoffs”

Ubwanditsi 28 Jun 2016 Mu Mahanga

Nyuma y’imikino ya Volleyball y’ibirarane yasojwe mu mpera z’iki cyumweru gishize hagiye gukurikiraho imikino ya Playoffs izakinwa n’amakipe ane ya mbere mu bagabo n’abagore kuva tariki ya 1 Nyakanga 2016.

Uko amakipe azahura ku munsi wa mbere wa Playoffs uzakinirwa mu karere ka Kirehe

-3078.jpg

Ikipe ya kirehe Vc izakira bwa mbere imikino ya Playoffs (Ifoto izuba)

Mu bagabo

1. KIREHE-APR (10H00)

1. INATEK- IPRC SOUTH (10H00)

2. KIREHE-INATEK (12H00)

2. APR-IPRC SOUTH (12H00)

3. KIREHE-IPRC SOUTH (14H00)

3. INATEK-APR (14H00)

Mu bagore

1. RUHANGO-RRA (09H30)

1. ST ALOYS-APR (09H30)

2. RUHANGO-APR (11H30)

2. ST ALOYS-RRA (11H30)

3. RUHANGO-ST ALOYS (13H30)

3. RRA-APR (13H30).

Hatumimana Christian, Umunyamabanga Nshingwabikorwa mu ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda yatangarije izubarirashe.rw ko uretse imikino ya Playoffs igiye gutangira mu mpera z’iki cyumweru hari n’indi iteganyijwe aho amakipe azahatana mu cyo bita (Play out) abiri ya nyuma akamanuka mu cyiciro cya kabiri.

Yagize ati “iyi mikino ya Playoffs izakinwa n’amakipe ane ya mbere muri shampiyona buri ikipe kandi izagenda yakira iyi mikino kugeza zose zisoje”.

Avuga ko iyi mikino ya Playoffs iteganyijwe gutangira tariki ya 1 Nyakanga uyu mwaka aho mu makipe ane azaba ahatana hagomba kubonekamo abiri aguma mu cyiciro cya mbere andi abiri akamanuka.

-3077.jpg

Rayon Sports mu mateka yayo bibaye ubwa mbere itagaragaye mu makipe azakina Playoffs (Ifoto/Izuba)

Imikino ya Play OUT

Mu bagabo

1.KVC-RAYON SPORTS (09H00)

1. LDN-UBT (09H00)

2. KVC-UBT (11H00)

2. RAYON SPORTS-LDN (11H00)

3. KVC-LDN (13H00)

3. UBT-RAYON SPORTS (13H00)

Mu bagore

1. ST JOSEPH-LDN

2. LDN-IPRC KIGALI

3. IPRC KIGALI-ST JOSEPH.

Uko amakipe akurikirana ku rutonde rwa shampiyona

Mu bagabo

1. APR 34

2. INATEK 34

3. KIREHE 28

4. IPRC SOUTH 24

5. RAYON SPORTS 15

6. LDN 14

7. KVC 10

8. UBT 3.

Mu bagore

1. RRA 36

2. APR 27

3. ST ALOYS 21

4. RUHANGO 18

5. LDN 15

6. IPRC KIGALI 6

7. ST JOSEPH 0.

2016-06-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

FDLR yagabye igitero ku biro bya polisi yica abantu

FDLR yagabye igitero ku biro bya polisi yica abantu

Ubwanditsi 12 Oct 2017
Ubushakashatsi : Umutekano n’Ituze Rusange ku manota ari hejuru ya 80% -RGB

Ubushakashatsi : Umutekano n’Ituze Rusange ku manota ari hejuru ya 80% -RGB

Ubwanditsi 31 Jan 2017
Manchester City yiyongereye amahirwe yo kugera ku mukino wa nyumwa wa UEFA Champions League nyuma yo gutsinda PSG

Manchester City yiyongereye amahirwe yo kugera ku mukino wa nyumwa wa UEFA Champions League nyuma yo gutsinda PSG

Ubwanditsi 29 Apr 2021
Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Kongo, yemera ko intambara iyogoza igihugu cye ifite inkomoko ku kuba cyaracumbikiye abajenosideri imyaka 28 yose!

Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Kongo, yemera ko intambara iyogoza igihugu cye ifite inkomoko ku kuba cyaracumbikiye abajenosideri imyaka 28 yose!

Ubwanditsi 31 May 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abanyamakuru muzirinde gupfa nk’imbwa –Minisitiri Kaboneka
Mu Rwanda

Abanyamakuru muzirinde gupfa nk’imbwa –Minisitiri Kaboneka

Ubwanditsi 27 Apr 2017
URwanda rurasaba abaturage bwarwo  guhagarika kujya ahantu hari icyorezo cya Ebola
INKURU NYAMUKURU

URwanda rurasaba abaturage bwarwo  guhagarika kujya ahantu hari icyorezo cya Ebola

Ubwanditsi 01 Aug 2019
Hari amakuru avuga ko Kayumba Nyamwasa ashobora kugaruka mu Rwanda
ITOHOZA

Hari amakuru avuga ko Kayumba Nyamwasa ashobora kugaruka mu Rwanda

Ubwanditsi 02 Aug 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru