• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Zari yasutse amarira ubwo Ivan Semwanga uwahoze ari umugabo we yitabye Imana!! Amakuru afite gihamya nuko Diamond ariwe Wamurogesheje!

Zari yasutse amarira ubwo Ivan Semwanga uwahoze ari umugabo we yitabye Imana!! Amakuru afite gihamya nuko Diamond ariwe Wamurogesheje!

Editorial 25 May 2017 Mu Rwanda

Kuva ku wa gatatu tariki 24 Gicurasi 2017 inkuru zacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga zavugaga ko uwahoze ari umugabo wa Zari umuherwe Ivan Ssemwaga yaba yitabye Imana, icyakora Zari wanarwaje uyu wahoze ari umugabo we yakomeje kunyomoza aya makuru avuga ko nubwo arwaye ariko atarapfa ariko ubu byamenyekanye ko yitabye Imana.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane 25 Gicurasi 2017 ni bwo Zari yaje gutangaza ko uwahoze ari umugabo we ndetse banafitanye abana yatabarutse amwifuriza iruhuko ridashira, ibi byahise biba inkuru ku mbuga zose nkoranyambaga aho abantu bazwi mu karere ndetse n’inshuti za Ivan Ssemwaga zamwifurije kuruhukira mu mahoro.

Zari atangaza iby’urupfu rw’uwahoze ari umugabo we yagize ati”Imana ikunda abadasanzwe kandi ni ko wari umeze. Ndacyeka ariyo mpamvu yifuje kukujyana.Wafashije abantu ibihumbi, wakoze ibitangaje ndibuka umbwira ngo ‘ubuzima ni buto ugomba kubwishimishamo bihagije, iyi ni isaha yijimye cyane isobanuye impamvu wakundaga guhora umbwira ayo magambo. Ku bahungu bawe wari intwari n’umugabo w’umunyembaraga. Buri wese wabanye nawe azi uburyo wabanaga neza n’abandi. Uzakumburwa unibukwe mu buryo butandukanye . Wari Ivan w’ingenzi. Uruhukire mu mahoro Don’’.

-6663.jpg

Agahinda ni kenshi kuri Zari Usen kubera Ivan Semwanga wahoze ari umugabo we witwabye imana kuri uyu wa 4

Ayo namwe mu magambo yanditswe na Zari Usen wahoze ari umugore wa Ivan ndetse akaba amusigiye abana ba 3 bose ariko Zari ubu yashakanye n’umuhanzi Diamond wa tanzania ndetse ubwo Zari yajyaga ku bitaro gusura uwahoze ari umugabo we ibi byababaje Diamond cyane.

Kugeza ubu Amakuru afitiwe Gihamya yatangajwe na Wema sepetu aho yavuze ko Diamond yahoranga Ambwira Inshuti ze ko azarogesha Umuherwe Ivan Semwanga kuko ngo ntabwo Zari yigeze areka Kuvugana na Ivan Semwanga ngo iteka uko Zari yavuganaga na Ivana byateranga Umutima mubi Diamond.

-6661.jpg

Zari ubu yibanira na Diamond

Aya mukuru kandi ntabwo yemezwa na Wema Sepetu Gusa Umubyinnyi wa Diamond uzwi kwizina rya Yahaya Elien nawe hari inshuti ye magara yabibwiye ko Dimond yahigiranga kuzarogesha Ivan Semwanga ndetse ngo mukwezi kwa 4 yagiye subuwanga muri Tanzania kuhashaka Umurozi ukomeye ngo azamurongere umuntu ndetse ngo yemera kuzamuha miliyoni 5 za matanzania uzamwicira uyu mugabo.

-6662.jpg
Ibi nubwo bikomeje kuvugwa kenshi izo nizo ngaruka zikunda kuba ku bantu bashakana na bagore baba bafite abagabo cyagwa gukundana na bakobwa kenshi usanga bikurura Amahane yaburi musi ndetse Numubano mubi hagati ya bakundana iyo uretse umuntu ugakomeza gukururana nawe iherezo habamo ikibazo cyo kuba umwe yabura ubuzima bwe cyagwa umwe gufungwa kugeza ubu ntabwo umubano wa Zari na Diamond ari mwiza kuva uyu mugabo we wambere ya rwara.

Semwanga ni Umucuruzi ukomeye wo muri Uganda wabaga muri Afurika y’Epfo.

Yitabye Imana ku myaka 40 y’amavuko azize indwara yo gucika imitsi yo mu bwonko ndetse akaba ari nawe warukuriye abasore bose baba hanze ya Uganda iyo bazaga muri Uganda wasangaga ariwe ubayoboye mukurya amafaranga no kuyasesagura.

Ikindi gikomeje kuvugwa kugeza ubu ni mitungo yuyu musore Zari yakamejeje numuryango wa Ivan Semwanga ko Zari agomba gutwara Imitungo ye Ariko umuryango wa Ivan ntabwo ubikozwa na gato Amakuru agera kuri Rwandapaparazzi.rw yemeza ko ubu iwabo Ivan barimo gutegura uko bazashyingura Ivan.

2017-05-25
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino Cote d’Ivoire yatsizemo Senegal ibasha kugera ku mukino wa nyuma wa AfroBasket uri buyihuze na Tunisia

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino Cote d’Ivoire yatsizemo Senegal ibasha kugera ku mukino wa nyuma wa AfroBasket uri buyihuze na Tunisia

Editorial 05 Sep 2021
Umunya-Eritrea Nahom Araya yegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda kavaga i Nyanza kagasorezwa i Kigali

Umunya-Eritrea Nahom Araya yegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda kavaga i Nyanza kagasorezwa i Kigali

Editorial 01 Mar 2025
RMC yasuye abanyamakuru babiri bafunze

RMC yasuye abanyamakuru babiri bafunze

Editorial 04 Mar 2017
U Rwanda rwohereje ingabo zirwanira mu kirere mu butumwa muri Sudani y’Epfo

U Rwanda rwohereje ingabo zirwanira mu kirere mu butumwa muri Sudani y’Epfo

Editorial 31 Aug 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda : Impunzi nk’igicumbi cyo gukuramo abajya mu mitwe y’iterabwoba
INKURU NYAMUKURU

Uganda : Impunzi nk’igicumbi cyo gukuramo abajya mu mitwe y’iterabwoba

Editorial 28 Jun 2019
Amb. Amri Sued  yitabye Imana
Mu Rwanda

Amb. Amri Sued yitabye Imana

Editorial 06 Oct 2017
Agashya kuri Bebe Cool wanaririmbye mu kinyarwanda mu mashusho y’indirimbo ‘I DO’ yakoranye na Charly na Nina(VIDEO)
SHOWBIZ

Agashya kuri Bebe Cool wanaririmbye mu kinyarwanda mu mashusho y’indirimbo ‘I DO’ yakoranye na Charly na Nina(VIDEO)

Editorial 24 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru