• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Nyuma yo kwirukana abakinnyi 5 muri Rayon hakurikiyeho uwari Manager

Nyuma yo kwirukana abakinnyi 5 muri Rayon hakurikiyeho uwari Manager

Editorial 23 Feb 2016 IMIKINO

Abdu Mbarushimana wari Team manager wa Rayon Sports yamze kwirukanwa n’iyi kipe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere mu kiganiro n’abanyamakuru
Nyuma y’iminsi itari mike yari amaze abarizwa mu ikipe ya Rayon Sports,Abdu Mbarushimana byamaze gutangazwa ko atakiri umukozi wa Rayon Sports,nyuma y’aho byemerejwe n’umutoza mukuru wa Rayon Sports Yvan Jacky Minnaert.

-2235.jpg

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere,hanemerejwe ko abakinnyi batanu barimo Rukundo JMV, Uwayezu Bernard, Ndikumana Bodo, Kanamugire Moses na Ishimwe Kevin bamaze gusezererwa mu ikipe ya Rayon Sports ngo bishakire andi makipe.

Muri iki kiganiro kandi,Yvan Jacky Minnaert yaje gutangariza abanyamakuru ko Abdu Mbarushimana wari team manager yasezerewe nyuma yo kutaba inyangamugayo ndetse n’andi makosa yagiye akora umutoza atifuje gutangaza.

Minnaert yagize ati “Abdu ntazongera kugaragara kumubona muri staff yacu,si umuntu wo kwizera, ntabwo ari inyangamugayo,ntabwo mvuga byinshi kuri we twagiye dupfa, gusa ntabwo tugikorana. ”

-2236.jpg

Umutoza wa Rayon Sports yavuze ko Mbarushimana Abdu yagize uruhare banganya na AS Muhanga yirukanwe ubu abakinnyi bameze neza

Yakomeje kandi atangaza ko usibye kuba yirukanwe ku kazi ko kuba Team manager,uyu Abdu yanirukanwe mu yindi mirimo yose ya Rayon Sports,cyane ko mu minsi yashize yigeze no gushingwa igikorwa cyo gutoranya abana mu karere ka Nyanza bari kuzategurwa mo abakinnyi ba Rayon Sports y’ejo hazaza.

Mbarushimana Abdu kandi yigeze no gutoza ikipe ya Rayon Sports by’agateganyo ubwo yari ikimukira i Nyanza,ndetse n’umukino wa mbere yahakiniye ubwo yatsindwaga n’Amagaju 2-1 yarawutoje,gusa aza gusezererwa nyuma y’umusaruro muke,ikintu yagiye anatandukanira n’andi makipe menshi yo mu Rwanda.

Kuwa Kabiri

APR FC vs Espoir – Stade ya Kigali, 15:30.

Kuwa Gatatu

AS Kigali vs Mukura VS – Stade ya Kigali, 15:30

Kiyovu Sports vs Rayon Sports – Stade ya Kigali, 18:00

Rwamagana City FC vs Amagaju FC – Rwamagana

M.Fils

2016-02-23
Editorial

IZINDI NKURU

Rwatubyaye Abdoul wari kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Macedonia

Rwatubyaye Abdoul wari kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Macedonia

Editorial 10 Feb 2024
Rayon Sports yatakaje amanota i Rusizi mbere yo guhura na AS Kigali

Rayon Sports yatakaje amanota i Rusizi mbere yo guhura na AS Kigali

Editorial 23 Oct 2016
Amafoto – Kepler VC na APR WVC begukanye igikombe cyo kwibuka Padiri Kayumba wayoboraga GSOB

Amafoto – Kepler VC na APR WVC begukanye igikombe cyo kwibuka Padiri Kayumba wayoboraga GSOB

Editorial 05 Mar 2024
Ikipe ya Rayon Sports yaguye miswi na Lydia Ludic 1-1

Ikipe ya Rayon Sports yaguye miswi na Lydia Ludic 1-1

Editorial 12 Feb 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC yatangaje umunya-Maroc Taleb Abderrahim nk’umutoza wayo mu gihe cy’Imyaka 2 iri imbere ishobora kongerwa
Amakuru

APR FC yatangaje umunya-Maroc Taleb Abderrahim nk’umutoza wayo mu gihe cy’Imyaka 2 iri imbere ishobora kongerwa

Editorial 17 Jun 2025
Uko Tony Blair na Sir Collier babona iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30 iri imbere
UBUKUNGU

Uko Tony Blair na Sir Collier babona iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30 iri imbere

Editorial 14 Feb 2018
Congo yataye muri yombi undi muyobozi ukomeye muri FDLR
INKURU NYAMUKURU

Congo yataye muri yombi undi muyobozi ukomeye muri FDLR

Editorial 04 Dec 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru