• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Ubwanditsi 06 Oct 2016 ITOHOZA

Umwe mu mu banyarwanda basheshe akanguhe yandikiye Itangazamakuru ry’i Kigali agaya amwe mu maradiyo ngo ahora abomborekanira muma interineti ngo akanavugiraho abantu bahindura amateka y’urwanda.

Yagize ati, ‘’Banyamakuru mbandikiye mbasaba kuzasohora inyandiko yange kubera ibinyoma maze iminsi numva kuri radiyo inkingi hamwe niyindi ngo ya Rudasingwa’’.

Wamugabo we uvuga kuri radio Inkingi, itonde kuko iyo uvuga bamwe biradutoneka.

Ihangane uvuge witonze maze ugabanya witonde wekuvuduka, ese wamunyarwanda we ibyo uvuga urabizi cyangwa warabibwiwe? Jyewe ukubwira ndimukuru bitari cyane kuko nshobora kumva ukuri cyangwa ibinyoma. Ubwigenge ngo bwasabwe nande? Rudahigwa Nkubito Yimanzi niwe wabusabye, kuko niwe wumvikanaga nabamwe mubazungu azakwicwa atarabubona, ibyiza abo uvugira « Parmehutu » uvuga bakoze nibihe? Rudahigwa niwe wabitugejejeho.

Yazanye inkiko, azana Amashuri, Amavuliro, Imihanda, yaciye akarengane, aca ubuhake. Abantu baragabana, uwo ukoresheje ukamwishyura, ninde mu parmehutu wigeze abyubahiriza? Niba mushaka ko abanyarwanda bumvikana nimuturuke inyuma mwibicamo kabiri, nimutangirire kugihe Kigeli yimaga Rudahigwa amaze gutanga, ntiyamaze kabiri ubwo abakuru namwe murabizi mwibeshya abana kuko ibyo muvuga nabo nibyo bazavuga. Haza Mbonyumutwa nawe nuko yahise avaho nka Kigeli nibwo haje Kayibanda ubwo nibwo byabaye ibindi, data nibwo bamutemaguye, mama aratemwa ariko we aravurwa arakira, abandi babajugunya mu kagera imitungo barayitwara.

Ubundi twiruka kubuzima, ntabwo nabivuga ngo mbirangize aparmehutu ntabwo muzi icyo yakoze? Hanyuma se umuntu iyo umutsinze ntumugaruza umuheto akakuyoboka? Ubwo abacitse kwicumu barahunze abasigaye barya inyama yumusangiro, abahutu icumi bakayitapfuna, ntibyatinze Habyarimana araza ngo aje gutabara abantu, ahubwo niryali risigaye ararihuma.

Niba mushaka kuba inyanga mugayo nimubivuge kandi murabizi simwese ariko tubivuge, nimwe mwashatse ko bijya hanze abiciwe na Parmehutu, abariho mutangirira. Abana bakeneye kubabwiza ukuri kuko ntacyo bazi nfite byinshi navuga, undi nawe uvugira kuri radio inking ntibuka izina ati Murorunkwere umugabekazi, ati bamuhoye Seruteganya ngo yamuteye inda ndetse akavuga ko ngo Seruteganya bamwishe bamuhoye kuba umuhutu.

Singiye kuvuga byinshi nimuzana ibyo gusaba imbabazi muzatangirire muri 1959 muzisabe, mwongere mutangirire muri 1994 muzisabe.

-4218.jpg

Radio Inkingi, Rudasingwa Theogene, Umwami Mutara Rudahigwa

2016-10-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Polisi y’u Rwanda n’iy’Ubutaliyani basinyanye amasezerano y’ubufatanye

Polisi y’u Rwanda n’iy’Ubutaliyani basinyanye amasezerano y’ubufatanye

Ubwanditsi 13 Jan 2017
Perezida Kagame ategerejwe  bidasanzwe muri Cote D’Ivoire

Perezida Kagame ategerejwe bidasanzwe muri Cote D’Ivoire

Ubwanditsi 18 Dec 2018
Uganda: Itorero AGAPE i Mbarara ryahindutse indiri y’ibikorwa bya RNC

Uganda: Itorero AGAPE i Mbarara ryahindutse indiri y’ibikorwa bya RNC

Ubwanditsi 11 Jan 2018
Uganda : Imvururu  zishingiye  gushyiraho  Leta nshya, ikazaba ifite izina rya ‘Repubulika ya Yiira’ . Zatumye umwami Charles  Mumbere atabwa muri yombi

Uganda : Imvururu zishingiye gushyiraho Leta nshya, ikazaba ifite izina rya ‘Repubulika ya Yiira’ . Zatumye umwami Charles Mumbere atabwa muri yombi

Ubwanditsi 28 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bifashishije indirimbo, Eric Senderi afatanyije n’urubyiruko rwa ‘Kwacu Family’ bashimiye ingabo z’Inkotanyi kubwo kurokora abatutsi bakorewe Jenoside muri Mata 1994.
Amakuru

Bifashishije indirimbo, Eric Senderi afatanyije n’urubyiruko rwa ‘Kwacu Family’ bashimiye ingabo z’Inkotanyi kubwo kurokora abatutsi bakorewe Jenoside muri Mata 1994.

Ubwanditsi 08 Apr 2021
“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid
SHOWBIZ

“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

Ubwanditsi 14 May 2018
Byemejwe ko hari Abarundi banyura muri Cyohoha bakaza kwiba Inka mu Rwanda
ITOHOZA

Byemejwe ko hari Abarundi banyura muri Cyohoha bakaza kwiba Inka mu Rwanda

Ubwanditsi 11 Mar 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru