• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Ubwanditsi 06 Aug 2017 Mu Rwanda

Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo muri iri rushanwa, yatsindiye ibihembo bine birimo n’igiihembo cy’umuhanzi w’umwaka.

Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 mu birori byabereye Kampala Serena Hotel. Eddy Kenzo ntiyabashije kwitabira ibi birori mu gihe ari we wabaye umuhanzi w’umwaka muri iri rushanwa rya Uganda Music awards 2017.

-7485.jpg

Eddy Kenzo

Eddy Kenzo wabaye umuhanzi w’umwaka, yahigitse abahanzi nka Dr Jose Chameleone, Bobi Wine, David Lutalo na Sheebah Karungi.Eddy Kenzo yahawe ibihembo bine ari byo: Umuhanzi w’umugabo w’umwaka, mu cyiciro cya Best Urban, indirimbo ye Jubilation ihigika izindi. Yatsindiye kandi igihembo cy’indirimbo y’umwaka aho Jubilation ari yo yaje ku isonga. Ibi bihembo byose ni byo byanamuhesheje igihembo cy’umuhanzi w’umwaka ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda.

Abandi batsindiye ibihembo bikomeye muri iri rushanwa ni Irene Ntale wabaye umuhanzikazi w’umwaka, The Weezy wabaye producer w’umwaka, Brian Lubega wabaye umuhanzi mwiza w’umwaka mu bakora umuziki wa Gospel, Rabadaba waje ku isonga mu bakora injyana ya Ragga/Dancehall n’abandi.

Urutonde rw’abegukanye ibihembo muri iri rushanwa.

Artiste of the year: Eddy Kenzo (Winner)
Best Female Artiste: Irene Ntale (Winner)
Best Male Artiste: Eddy Kenzo (Winner)
Best Music Video: Wantegula by Abaasa (Winner)
Best Breakthrough Atiste: Moroots – Kings and Queens (Winner)
Best Producer: The Weezy (Winner)
Best Ragga/Dancehall artiste: Rabadaba – Yo Body (Winner)
Best Regional Artiste (Central): Ceaserous – Dangerous (Winner)
Best Regional Artiste (Eastern): Isaiah Destiny – Mbolele (Winner)
Best Regional Artiste (Western): Kigambo Araali – Tooro k’okasemera (Winner)
Best Regional Artiste (Northern): MC Wang Jok – Wang Pedding (Winner)
Best Traditional: Candy man – Epucit (Winner)
Best Urban: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Fans Choice Award: Nina Roz – Mekete (Winner)
Gospel Artiste of The Year: Brian Lubega – Wakitibwa (Winner)
Song of The Year: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Best Afro Fusion: Afrie – Yodi Yodi (Winner)
Best Artist in the DiasporaL: Ferida Rose – Njabala (Winner)
Best Dance CrewL: H2C (Winner)
Best Hip Hop: Byg Ben – Nzokuse (Winner)
Best Reggae: Bruno K – One for The Road (Winner)
Best Kadongokamu Artiste: Mathias Walukagga (Winner)
Best InstrumentalistL Kitanda Micheal (Winner)
Best Afro Pop: Fille Mutoni – Mbeera eno (Winner)
Academy Choice Award: Kaz Kasozi (Winner)
Humanitarian Award: Angella Katatumba (Winner)
Lifetime Achievement AwardL Dr. Rose Mbowa (Winner)

2017-08-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nyaruguru: Abaturage bari bakubise buzuye baje kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi

Nyaruguru: Abaturage bari bakubise buzuye baje kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi

Ubwanditsi 15 Jul 2017
Nsengimana Jean Bosco na Mugisha Samuel mu bakinnyi bayoboye ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yitegura Tour du Rwanda ya 2021.

Nsengimana Jean Bosco na Mugisha Samuel mu bakinnyi bayoboye ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yitegura Tour du Rwanda ya 2021.

Ubwanditsi 29 Apr 2021
Kiyovu SC yanganyije na APR FC yasoje ifite abakinnyi 10, Mukura idaheruka gutsinda Police FC barakina bazosa umunsi wa 12 wa shampiyona

Kiyovu SC yanganyije na APR FC yasoje ifite abakinnyi 10, Mukura idaheruka gutsinda Police FC barakina bazosa umunsi wa 12 wa shampiyona

Ubwanditsi 17 Jan 2022
Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rukara babangamiwe n’ubucucike bw’abanyeshuri

Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rukara babangamiwe n’ubucucike bw’abanyeshuri

Ubwanditsi 17 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uko mu bihugu bigize EAC Uganda n’u Burundi byahinduranyije ubutegetsi kenshi kurusha ibindi
Mu Rwanda

Uko mu bihugu bigize EAC Uganda n’u Burundi byahinduranyije ubutegetsi kenshi kurusha ibindi

Ubwanditsi 21 Mar 2017
Abamotari bo muri Muhanga bahawe ubutumwa bwo gukumira ibyaha
Mu Mahanga

Abamotari bo muri Muhanga bahawe ubutumwa bwo gukumira ibyaha

Ubwanditsi 02 Apr 2016
Ibyo utamenye kuba Jenosideri umunani batifuzwa n’igihugu na kimwe harimo n’ibicumbikiye imiryango yabo
Amakuru

Ibyo utamenye kuba Jenosideri umunani batifuzwa n’igihugu na kimwe harimo n’ibicumbikiye imiryango yabo

Ubwanditsi 09 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru