• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Ubwanditsi 15 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Gusa umunyangolakazi Isabel Dos Santos n’umunyanigeriakazi Folorunsho Alakija nibo baza k’uruhembe rw’abagore  bafite amafaranga menshi cyane muri Afurika,gusa hari abagiye bayakura mu mishinga yabo abandi bakayakura k’umurage w’ababyeyi babo.

1. Isabel dos Santos

Image result for isabel dos santos

Isabel dos Santos niwe mugore ufite amafaranga menshi,akaba ari umukobwa wa Perezida wa Angola wayoboye iki gihugu guhera mu mwaka 1979.Isabel dos Santos yabaye umuherwe bitewe n’ibikorwa bitandukanye by’ubucuruzi akora.Muri uyu mwanya Isabel dos Santos niwe mugore ukize cyane muri Afurika akaba afite akayabo ka billion 3.2 z’amadorale.

2. Folorunsho Alakija

Folorunsho Alakija,uyu nawe ni umuherwekazi uturuka mu gihugu cya Nigeria,ubu bukire bw’uyu mugore akaba abukura mu kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta.Folorunsho yatangiye ubucuruzi mu mwaka 1970 ubwo yajyaga kwiga ibijyanjye no kumurika imideli mu gihugu cy’ubwongereza mu mujyi wa London,ubwo yasozaga amashuli ye yagarutse mu guhugu cye cy’amavuko cya Nigeria atangira kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta, uyu mugore afite nawe akayabo ka billion 1.63 z’amadorale.

3. Hajia Bola Shagaya

Related image

Hajia Bola Shagaya nawe akomoka mu gihugu cya Nigeria,uyu niwe rwiyemezamirimo wa mbere w’umugore wabayeho muri Afurika,kugira imishinga byinshi y’ubucuruzi byamugize umuherwe uza ku mwanya wa gatatu dore ko afite na companyi y’itumanaho ,akaba afite n’indi mishinga muri Amerika ndetse n’iburayi muri rusange.Hajia Bola Shagaya nawe afite akayabo ka miliyoni 630 z’amadorale.

4. Mama Ngina Kenyatta

Related image

Mama Ngina Kenyatta n’umugore wa Perezida w’ambere wa Kenya Jomo kenyatta ndetse akaba n’umugore wa mbere w’igihugu cya kenya bitewe niyo mpamvu uyu mugore aza mu bafite agatubutse dore ko afite imishinga myinshi cyane nko mu ma hoteli,uburezi,ibigo by’imari, ubuhinzi ndetse n’indi mishinga itandukanye ashoramo amafaranga,uyu mugore nawe afite akayabo ka miliyoni 515 z’amadorale.

5. Wendy Appelbaum

Wendy Appelbaum ni we mukobwa wenyine w’ikinege wa Donald Gordon, akaba ari umugabo nawe w’umukire wo mu gihugu cya Afurika y’epfo,uyu mugore akaba yarabanje kuba umufatanya bikorwa mu mishinga ya se umubyara,bikaba byararangiye ashinzwe icunga mutungo ry’imishinga ya papa we,uyu mugore kandi akora ubucuruzi bw’inzoga za liqueur,akaba afite akayabo ka miliyoni 310 z’amadorale.

6. Bridgette Radebe 

Related image

Bridgette Radebe nawe ni umuherwekazi wo mu gihugu cy’Afurika y’epfo,akaba afite companyi icukura kandi igacuruza amabuye y’agaciro yitwa “Mmakau Mining”,akaba akuriye n’undi mushinga witwa South African Mining Development Association,akaba nawe afite akayabo ka miliyoni 145 z’amadorale.

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

RDC: Ingabo za Uganda ziyobowe na Maj Gen. Muhoozi ziritegura igitero simusiga kuri ADF

RDC: Ingabo za Uganda ziyobowe na Maj Gen. Muhoozi ziritegura igitero simusiga kuri ADF

Ubwanditsi 17 Dec 2017
Trump yahishuye ko yabuze umwanya wo kugurira umugore we impano ku munsi w’amavuko

Trump yahishuye ko yabuze umwanya wo kugurira umugore we impano ku munsi w’amavuko

Ubwanditsi 27 Apr 2018
Haba hakiri Abanyarwanda bagihohotererwa muri Gereza za CMI muri Uganda, Fred yaguye muri Gereza yayo

Haba hakiri Abanyarwanda bagihohotererwa muri Gereza za CMI muri Uganda, Fred yaguye muri Gereza yayo

Ubwanditsi 22 Aug 2023
Agashya :Umudepite muri Uganda yahawe ijambo mu rusengero, abantu bose bahita bisohokera

Agashya :Umudepite muri Uganda yahawe ijambo mu rusengero, abantu bose bahita bisohokera

Ubwanditsi 27 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDC: Maneko W’urwego Rw’igihugu Rw’ubutasi (ANR) Yishwe Arashwe N’umupolisi
Mu Mahanga

RDC: Maneko W’urwego Rw’igihugu Rw’ubutasi (ANR) Yishwe Arashwe N’umupolisi

Ubwanditsi 10 Sep 2018
FDLR, umwe mu mitwe yagarutsweho na Loni ikwiye kurandurwa burundu
INKURU NYAMUKURU

FDLR, umwe mu mitwe yagarutsweho na Loni ikwiye kurandurwa burundu

Ubwanditsi 01 Mar 2018
Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abagishakira amaramuko mu bishanga
Mu Rwanda

Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abagishakira amaramuko mu bishanga

Ubwanditsi 24 Jun 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru