• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

  • Bayaherewe mu Rwambariro, Rayon Sports yakiriye amafaranga nyuma yo gushimangira umwanya wa mbere   |   09 May 2025

  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

  • Ntacyasaza Turahirwa Moses cyatuma Urumogi Rumushora mu Kiguri cy’Urwango   |   06 May 2025

  • Eric Bagiruwusa yashinze YouTube Channel ishinzwe ubuvugizi mu gushishikariza gusubirishamo imanza z’abajenosideri n’abarwanya ubutegetsi   |   05 May 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Inzego z’umutekano muri Uganda ziragereka ibyaha by’ubutekamutwe ku Rwanda

Inzego z’umutekano muri Uganda ziragereka ibyaha by’ubutekamutwe ku Rwanda

Editorial 21 Aug 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Umugabo witwa Sam Buchana wafatiwe mu gihugu cya Uganda n’inzego zishinzwe iperereza muri Uganda ashinjwa gucuruza zahabu y’ibicupuri ntabwo akorera u Rwanda nkuko byatangajwe n’inzego zivugira Leta ya Uganda.

Amakuru atugeraho avuga ko Buchan ari umutekamutwe umaze igihe kirekire abeshya abacuruzi bo muri Uganda nabo hanze kubera ubucuti bwihariye n’Umuryango wa Perezida Museveni. Buchana yashakanye na Patrice Magara, umukobwa wa Sam Magara, wafatanyije urugamba mu bambere na Perezida Museveni mu kurwanya Milton Obote.

Magara yapfuye mu minsi ya ,mbere y’urugamba noneho Museveni yita ku mukobwa we Patricia Magara amwishyurira amashuri kugeza igihe abaye mukuru. Amufata nk’umukobwa we. Patricia yize amategeko aho yakoze muri Perezidansi ya Uganda mbere yuko ashinga Cabinet yiwe akuriye.

Umwe waduhaye amakuru yagize ati  “Umubano wa Buchana n’umuryango wa Perezida Museveni niwo watumye aba umutekamutwe mpuzamahanga udakurikiranwa, ibyo akora bikaba byaviramo undi muntu wa bikora ibihano bikomeye”

Buchana akaba kandi arindwa n’ingabo zidasanzwe za Uganda zinarinda Perezida Museveni. Bimwe mu bikorwa bya Buchana ni ubucuruzi yagiranye n’umucuruzi wo muri Libiya aho yamuhaye amadorali Ibihumbi Magana atatu by’amadorali amubwira ko afite zahabu ariko uwo mucuruzi yenze kwiyahura asanze ari zahabu y’ibicupuri. Yaregeye Polisi ya Uganda ariko yaje gusanga uwo arega ariwe aregera.

Undi watuburiwe na Buchana ni uwo mu gihugu cyo muri Koreya y’amajyepfo, aho yabahaye zahabu y’ibicupuri bakamuha imbangukiragutaba umunani. Mu mwaka umwe bivugwa ko Buchana yibye abacuruzi batandukanye arenga Miliyoni imwe n’ibihumbi Magana atatu by’amadorali.

Igihe Kandiho ukuriye CMI yafataga Buchana ntabwi aruko yamufatiye ibyaha, impamvu nyamukuru nuko atigeze atanga icyacumi ku mafaranga yari amaze iminsi atuburiye abacuruzi batandukanye. Abakurikirana Politiki ya Uganda, bavuga ko Kandiho atari gufata Buchana, umukwe wa Museveni nta ruhushya rwa Salim Saleh kuko niwe ukuriye ubucuruzi bwa Zahabu y’ibicupuri, gucura amafaranga ndetse n’ubucuruzi bw’abantu.

Umwe watanze amakuru adashaka ko amazina ye ajya hanze, yagize ati

“Iyo tuvuga mafia muri Uganda, ntanumwe utazi ko Salim Saleh ariwe uyikuriye, Buchana ikosa yakoze ni ukwiyumva akumva ko ari Muramu wa Museveni bityo ntiyumvire Salim Saleh atazi imbaraga afite. Muri Uganda iyo Salim Saleh agusabye icya cumi ku mafaranga wakuye mu bucuruzi butemewe, byaba byiza wemeye kuko utabikoze wisanga I Mbuya”

Gusa byaje gutungurana ubwo ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Buchana akorera u Rwanda ubwo amakuru yuko afunzwe yajyaga hanze tariki ya 16 Kanama. Umwe ukorera CMI na ISO niwe wakwirakwije ayo makuru ko Buchana akorera u Rwanda bihita bikwirakwizwa n’ibinyamakuru bikorera Leta ya Uganda. Bongeyeho ko Buchana anekera u Rwanda ndetse ashinjwa ubwicanyi bavuga ko yakoze atumwe na Leta y’u Rwanda.

Uwatanze ayo makuru kandi yagize ati “Ninde utazi uko mafia yo muri Uganda ikora? Ninde utazi ko Buchana yacuruzaga zahabu y’ibicupuri ndetse no gucura amafaranga Salim Saleh abizi kandi abimuhereye uburenganzira? Bamufunze kuko hari ibyo batumvikanyeho nuko bagashaka kubeshya abagande bati ni u Rwanda? Yewe u Rwanda rwaragowe”

Buchana yafashwe n’abakorera CMI bazwiho gukora iyicwarubozo ariko ntabwo bigeze bamufata nabi, akaba yaragejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikari rwa Makyinde kuri uyu wambere w’iki cyumweru; bakurikiranira hafi politiki ya Uganda bavuga ko ari Salim Saleh na Kandiho bashaka kumuha isomo.

Uburyo afashwemo butandukanye n’uburyo Abanyarwanda bafatwa bagafungwa bagakorerwa iyicwarubozo, Buchana yagaragaye mu rukiko ameze neza, icyo yafatiwe ntaho gihuriye nibyo bavuga mu itangazamakuru ko akorera u Rwanda.  Arazira kudatanga icya cumi kukuriye mafia muri Uganda ariwe Salim Saleh, murumuna wa Perezida Museveni.

2019-08-21
Editorial

IZINDI NKURU

Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Editorial 29 Mar 2021
Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Editorial 17 Mar 2021
Hitezwe iki ku nama hagati ya Perezida Kagame na Museveni ibera I Gatuna kuri uyu wa Gatanu

Hitezwe iki ku nama hagati ya Perezida Kagame na Museveni ibera I Gatuna kuri uyu wa Gatanu

Editorial 20 Feb 2020
Inzego z’ubutasi za Uganda zatangiye gukwirakwiza ibihuha ko Bobi Wine agiye kwicwa n’u Rwanda

Inzego z’ubutasi za Uganda zatangiye gukwirakwiza ibihuha ko Bobi Wine agiye kwicwa n’u Rwanda

Editorial 10 Sep 2019
Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Editorial 29 Mar 2021
Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Editorial 17 Mar 2021
Hitezwe iki ku nama hagati ya Perezida Kagame na Museveni ibera I Gatuna kuri uyu wa Gatanu

Hitezwe iki ku nama hagati ya Perezida Kagame na Museveni ibera I Gatuna kuri uyu wa Gatanu

Editorial 20 Feb 2020
Inzego z’ubutasi za Uganda zatangiye gukwirakwiza ibihuha ko Bobi Wine agiye kwicwa n’u Rwanda

Inzego z’ubutasi za Uganda zatangiye gukwirakwiza ibihuha ko Bobi Wine agiye kwicwa n’u Rwanda

Editorial 10 Sep 2019
Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Editorial 29 Mar 2021
Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Editorial 17 Mar 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru