• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

  • Kwihambira kuri FDLR ni Umwaku mu yindi   |   17 Aug 2026

  • Amakipe ya AS Kigali mu Bagabo n’Abagore yahinduriwe izina yitwa Kigali FC na Kigali WFC    |   16 Aug 2026

  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

 
You are at :Home»UBUKUNGU»ONOMO Hotel yatangaje ibiciro byo kunezeza abakiriya mu minsi mikuru

ONOMO Hotel yatangaje ibiciro byo kunezeza abakiriya mu minsi mikuru

Ubwanditsi 18 Dec 2019 UBUKUNGU

ONOMO Kigali Hotel imenyerewe nk’ahantu heza ho gukorera ibikorwa bitandukanye no kuruhukira mu mujyi wa Kigali, kubera amabara ya Kinyarwanda ayitatse, yatangaje ibiciro bigabanyije mu rwego rwo kwifatanya n’abakiriya bayigana mu minsi mikuru isoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020.

Ibiciro iyi Hotel y’inyenyeri eshatu yashyize ahagaragara bikubiyemo ibyo kurya no kunywa ndetse n’iby’ibyumba byo kuraramo.

Umuyobozi wa ONOMO Kigali Hotel, Emile Nizey, yabwiye Itangazamakuru ko ubwasisi ku byumba byo kuraramo, buzatangirana na tariki 20 Ukuboza 2019 bikazarangirana na tariki 10 Mutarama 2019.

Icyumba cy’umuntu umwe cyashyizwe ku $ 65 mu gihe icya babiri cyashyizwe kuri $ 75 ijoro rimwe harimo n’ifunguro rya mu gitondo.

Ku munsi wa Noheli, Onomo izabategurira ifunguro ry’akataraboneka (Christmas Brunch) riherekejwe n’ibyo kunywa guhera saa yine z’amanywa kugera saa kumi z’umugoroba (10:00 am-4:00 pm).

Ibyo kurya no kunywa, birimo ibyashyizwe; ku 27,000 Frw, 30,000 Frw, 36,000 Frw no ku 42,000 Frw ku muntu. Ariko abana bari munsi y’imyaka 12 y’amavuko bakazajya bishyura ½ cy’ibyo biciro.

Uko niko kandi bijyana no kwidagadura bumva umuziki w’umwimerere (Live Band) no koga muri Piscine.

Hotel ONOMO yafunguye imiryango mu Mujyi wa Kigali muri Gicurasi mu 2018. Ifite umwihariko wo kugira inyubako nziza zitatse mu buryo bujyanye n’umuco Nyarwanda.

Iherereye mu Karere ka Nyarugenge ugisohoka mu mujyi rwagati ahazwi nka Sopetrade, ikaba mu birometero 10 uvuye ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe.

Ni hotel ya sosiyete yitwa ONOMO Hotels. Iyi sosiyete ifite izindi hoteli hirya no hino mu mijyi ikomeye ya Afurika nka Dakar, Abidjan, Libreville, Bamako,Doula, Lome, Conakry, Cape Town, Johannesburg na Durban.

Ubu imaze gufungura Hotel i Maputo ndetse initegura gufungura indi Dar es Salaam na Kampala mu mwaka utaha wa 2020.

Icyumba cyo kuryamamo cy’umuntu umwe cyashyizwe ku $ 65 naho icya babiri gishyirwa ku $ 75 ijoro rimwe kuva ku wa 20 Ukuboza 2019 kugeza ku 10 Mutarama 2020

Umuyobozi wa Onomo Hotel, Nizey Emile, yatangaje ko biteguye kunezeza abakiriya muri iyi minsi mikuru isoza umwaka wa 2019 no kubinjiza mu mwaka mushya wa 2020 baryohewe

Ibyo kurya n’ibyo Kunywa byashyizwe ku biciro byihariye ku munsi wa Noheri

Icyumba cyo kuryamamo cy’umuntu umwe cyashyizwe ku $ 65 naho icya babiri gishyirwa ku $ 75 ijoro rimwe kuva ku wa 20 Ukuboza 2019 kugeza ku 10 Mutarama 2020

2019-12-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutse kuri 6.7% mu gihembwe cya kabiri cya 2018

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutse kuri 6.7% mu gihembwe cya kabiri cya 2018

Ubwanditsi 19 Sep 2018
BNR yagumishije kuri 5% inyungu fatizo itangiraho inguzanyo ku mabanki

BNR yagumishije kuri 5% inyungu fatizo itangiraho inguzanyo ku mabanki

Ubwanditsi 07 Feb 2020
Rwanda: Amafaranga  ashyirwa mu buzima yatumye kuramba biva ku myaka 50

Rwanda: Amafaranga ashyirwa mu buzima yatumye kuramba biva ku myaka 50

Ubwanditsi 08 Mar 2018
Ibintu bitatu nibyo shingiro ry’ibyo tumaze kugeraho- Perezida Kagame

Ibintu bitatu nibyo shingiro ry’ibyo tumaze kugeraho- Perezida Kagame

Ubwanditsi 22 Jan 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kwita izina 2018 : Hazagaragara abakinnyi bakomeye ba  ARSENAL
Mu Rwanda

Kwita izina 2018 : Hazagaragara abakinnyi bakomeye ba ARSENAL

Ubwanditsi 12 Jul 2018
Ubwo izo ndonke yashakaga ashatse yazizira. Ntabwo yigeze aba umusirikare, nta mwana wanjye wigeze aba umusirikare. Nta n’umwe-Nsabimana Esdras
Mu Mahanga

Ubwo izo ndonke yashakaga ashatse yazizira. Ntabwo yigeze aba umusirikare, nta mwana wanjye wigeze aba umusirikare. Nta n’umwe-Nsabimana Esdras

Ubwanditsi 17 Mar 2016
U Rwanda rugiye kwakira inama nyafurika yiga ku micungire y’umutekano w’indege
UBUKERARUGENDO

U Rwanda rugiye kwakira inama nyafurika yiga ku micungire y’umutekano w’indege

Ubwanditsi 05 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru