• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Ubwanditsi 12 Feb 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Imikino ya shampiyona y’u Rwanda mu kiciro cya mbere mu bagabo irakinwa kuri uyu wa gatandatu ndetse no ku cyumweru hakinwa igice cy’imikino yo kwishyura muri uyu mwaka w’imikino wa 2021-2022, imwe mu mikino itegerejwe cyane ni Mukura VS yakira Rayon Sports i Huye.

Mu mukino uri bubimburire indi yose, ikipe ya Gasogi United irakira Marines FC kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo guhera ku isaha ya saa sita n’igice, uyu mukino urakurirwa n’uri buhuze Gorilla FC iri bwakire Kiyovu SC.

Mu mikino iheruka guhuza aya makipe yombi, Marines FC yari yatsindiwe iwayo na Gasogi United igitego kimwe kubusa, ninako umukino wa Kiyovu SC warangiye itsinze Gorilla FC igitego kimwe ku busa.

I Huye hari umukino ukomeye cyane uri buhuze ikipe Mukura VS iheruka gutsinda ikipe ya APR FC igitego kimwe ku busa irakira ikipe ya Rayon Sports yo yasoje igice kibanza cy’iyi mikino iri ku mwanya wa 3 ku rutonde rwa shampiyona rw’agateganyo.

Mu mukino ugiye guhuza aya makipe yombi, ikipe ya Gikundiro yari yatsinze Mukura VS igitego kimwe ku busa mu mukino wari wabereye kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo.

Uyu mukino ubera mu ntara y’amajyepfo urakurikiranwa n’umunyabigwi w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Esipanye Jose Maria Bekero uri mu Rwanda kuva kuwa gatandatu w’icyumweru gishize.

Uko imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, umunsi wa 16 iri bukinwe:

Ku Gatandatu, tariki ya 12 Gashyantare 2022:
Gasogi United vs Marines FC, Kigali Stadium- 12h30
Gorilla FC vs Kiyovu SC , Kigali Stadium- 15h00
Mukura VS&L vs Rayon Sports FC, Huye Stadium-15h00

Ku Cyumweru, tariki ya 13 Gashyantare 2022

As Kigali vs Espoir FC, Kigali Stadium- 15h00
Rutsiro FC vs Etincelles FC, Umuganda Stadium- 15h00
Police FC vs Etoile de l’est FC, Kigali Stadium- 18h00
Bugesera FC vs Musanze FC, Bugesera Stadium-15h00
Gicumbi FC vs APR FC, Gicumbi Stadium- 15h00

Abakinnyi batemerewe gukina uyu munsi kubera amakarita:

1. MUGISHA BONHEUR (APR FC)
2. RUBONEKA JEAN BOSCO (APR FC)
3. NIYIBIZI RAMADHAN (AS KIGALI)
4. NKURUNZIZA FELICIEN (ESPOIR FC)
5. IRADUKUNDA SIMEON (GORILLA FC)
6. NSHIMIYIMANA ISMAIL (KIYOVU SC)
7. NGABONZIZA PACIFIQUE (POLICE FC)
8. NSHUTI DOMINIQUE SAVIO (POLICE FC)
9. USENGIMANA DANY (POLICE FC)
10. ABOUBAKAR GIBRIN AKUKI (MUKURA VS&L)
11. BUGINGO SAMSON (RUTSIRO FC)

2022-02-12
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Icyo IBUKA ivuga ku koherezwa mu Rwanda kwa Mugimba,Iyamuremye, Seyoboka na Munyakazi

Icyo IBUKA ivuga ku koherezwa mu Rwanda kwa Mugimba,Iyamuremye, Seyoboka na Munyakazi

Ubwanditsi 19 Nov 2016
Nyuma yo gutangaza Addy Bukaraba nk’umutoza mushya wa Etoile de l’Est, yahise akoresha imyitozo bitegura kwakira Gicumbi FC

Nyuma yo gutangaza Addy Bukaraba nk’umutoza mushya wa Etoile de l’Est, yahise akoresha imyitozo bitegura kwakira Gicumbi FC

Ubwanditsi 15 Feb 2022
Bimwe mubyo Perezida Kagame amaze kugeraho muri iyi manda ye  ya kabiri  asoza

Bimwe mubyo Perezida Kagame amaze kugeraho muri iyi manda ye ya kabiri asoza

Ubwanditsi 06 Oct 2016
M.I Entertainment yatandukanye n’itsinda rya Vestine na Dorcas bazwi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana

M.I Entertainment yatandukanye n’itsinda rya Vestine na Dorcas bazwi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana

Ubwanditsi 07 Jul 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Interahamwe n’ibigarasha biba muri Mozambike byahiye ubwoba byumvise ko u Rwanda rugiye koherezayo Ingabo n’abapolisi.
Amakuru

Interahamwe n’ibigarasha biba muri Mozambike byahiye ubwoba byumvise ko u Rwanda rugiye koherezayo Ingabo n’abapolisi.

Ubwanditsi 09 Jul 2021
Umuryango wa Gasana Eugène Richard, umuyoboke ukomeye w’umutwe w’iterabwoba, RNC, baramushishikariza kuva mu buyobe agasaba imbabazi u Rwanda n’Abanyarwanda
Amakuru

Umuryango wa Gasana Eugène Richard, umuyoboke ukomeye w’umutwe w’iterabwoba, RNC, baramushishikariza kuva mu buyobe agasaba imbabazi u Rwanda n’Abanyarwanda

Ubwanditsi 05 Dec 2020
Ibihugu 40 nibyo bimaze kwemeza ko bizitabira Shampiyona Nyafurika ya Taekwondo izabera mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena
Amakuru

Ibihugu 40 nibyo bimaze kwemeza ko bizitabira Shampiyona Nyafurika ya Taekwondo izabera mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena

Ubwanditsi 08 Jul 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru