• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu mukino w’Amateka unahenze muri shampiyona y’u Rwanda, ikipe ya Rayon Sports irakira Kiyovu Sports

Mu mukino w’Amateka unahenze muri shampiyona y’u Rwanda, ikipe ya Rayon Sports irakira Kiyovu Sports

Ubwanditsi 19 Mar 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2022 nibwo hakinwa umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda mu kiciro cya mbere mu bagabo, mu mikino ikomeye iteganyijwe ikipe ya Rayon Sports irakira Kiyovu SC kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.

Ni umukino uteganyijwe ku isaha wa saa cyenda zuzuye, uyu mukino kandi ukaba ari umwe muyihenze muri uyu mwaka ndetse no mu bihe byatambutse kuko kugura itike ku munsi w’umukino iyamake ari 5000 mu gihe iyaguzwe mbere iri kuri 3000.

Impande zombi ziba zashyizemo imbaraga nyinshi kubera guhangana kw’aya makipe kuko amateka agaragaza ko ubwo hari mu mwaka wa 1987, Kiyovu yabitse Rayon Sports kuri Radio Rwanda ko iyi kipe ikomoka i Nyanza yitabye Imana.

Nyuma y’imyaka 30 ubwo hari muri 2017, ikipe ya Rayon Sports yakoze ibidasanzwe itsindira Kiyovu SC ku Mumena bityo iyishora mu kiciro cya Kabiri nubwo itigeze ikina icyo kiciro, ku byapa Rayon yari yazanye ku kibuga harimo iby’uko yayishyinguye ndetse izana n’umusaraba ku kibuga.

Ubwo bukeba ndetse no guhangana ku mpande zombi kw’aya makipe kwarakomeje nanubu dore ko Kiyovu SC gutsinda umukino wa none yaba ishimangiye ko muri 2021-2022 itigeze itsindwa na Rayon Sport kuko mu mukino ubanza Kiyovu SC yatsinze Rayon Sports 2-1.

Kugeza ubu uyu mukino ugiye gukinwa Kiyovu SC iyoboye urutonde rwa shampiyona n’amanota 47 mu gihe Rayon Sports iri ku mwanya wa kane n’amanota 35.

Uko imikino y’umunsi wa 22 wa shampiyona ikinwa:
Kuwa Gatandatu, 19 Werurwe 2022
Rayon Sports vs SC Kiyovu (Kigali Stadium,15h00)
Etoile de l’Est FC vs MUKURA VS&L (NGOMA Stadium, 15h00)

Ku cyumweru, 20 Werurwe 2022
Bugesera FC vs Marine FC (Bugesera Stadium, 15h00)
Espoir FC vs Gasogi Utd ( Rusizi Stadium, 15h00)
APR FC vs Rutsiro FC (Kigali Stadium, 15h00)
Etincelles FC vs Gorilla FC (Umuganda Stadium, 15h00)
Gicumbi FC vs Police FC (Gicumbi Stadium, 15h00)
Musanze FC vs AS Kigali (Ubworoherane Stadium, 15h00)

Abakinnyi batemerewe gukina uyu munsi wa 22:
1. MBONYUMWAMI TAIBU (ESPOIR FC)
2. USABIMANA OLIVIER (ETINCELLES FC)
3. MALIPANGOU THEODORE CHRISTIAN (GASOGI UNITED)
4. ISHIMWE CHRSTIAN (AS KIGALI)

2022-03-19
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abakobwa bafite uburanga buhebuje nibo biganje muri Mama ya Urban Boyz

Abakobwa bafite uburanga buhebuje nibo biganje muri Mama ya Urban Boyz

Ubwanditsi 23 Aug 2017
U Rwanda rugiye kwakira Inama mpuzamahanga iziga ku micungire y’imyanda mu mijyi

U Rwanda rugiye kwakira Inama mpuzamahanga iziga ku micungire y’imyanda mu mijyi

Ubwanditsi 22 Sep 2017
Ahantu 6 abahanzi n’ibyamamare bazizihiririza St Valentin

Ahantu 6 abahanzi n’ibyamamare bazizihiririza St Valentin

Ubwanditsi 12 Feb 2016
Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra aragirira uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra aragirira uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda

Ubwanditsi 05 Aug 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uvira: Abarundi n’Abanyarwanda bafunze bashinjwa ubunyeshyamba baratabaza
ITOHOZA

Uvira: Abarundi n’Abanyarwanda bafunze bashinjwa ubunyeshyamba baratabaza

Ubwanditsi 07 Oct 2018
Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye
ITOHOZA

Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye

Ubwanditsi 14 Nov 2016
FARDC yiyemeje kuburizamo umugambi wa Kayumba Nyamwasa na FDLR wo gutera u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

FARDC yiyemeje kuburizamo umugambi wa Kayumba Nyamwasa na FDLR wo gutera u Rwanda

Ubwanditsi 29 Jan 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru