• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Abarimo Kagere Medie bari ku rutonde Adel Amrouche yatangaje bazakina na Algérie mu mukino wa gicuti utegura imikino y’igikombe cy’isi 2026

Abarimo Kagere Medie bari ku rutonde Adel Amrouche yatangaje bazakina na Algérie mu mukino wa gicuti utegura imikino y’igikombe cy’isi 2026

Ubwanditsi 28 May 2025 Amakuru, IMIKINO

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 28 bagomba kwitabira umukino wa gicuti uzahuza Amavubi na Algérie tariki ya 5 Kamena 2025, kuri Stade Mohamed-Hamlaoui i Constantine.

Uyu mukino urimo gutegurwa mu gihe cyemerwe gukinamo imikino mpuzamahanga ya FIFA yo muri Kamena, ukazaba ari ingenzi cyane mu myiteguro y’Amavubi mbere y’uko bakina imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

Mu bakinnyi bahamagawe harimo abakinira imbere mu gihugu n’abandi bakinira hanze, barimo amazina asanzwe azwi nka Kapiteni Bizimana Djihad wa Al Ahli Tripoli, Medie Kagere ukinira Namungo FC n’umunyezamu Fiacre Ntwari waKaizer Chiefs FC.

Uru rutonde kandi rugaragaraho andi mazina y’abakinnyi bashya bakiri bato nka Kayibanda Claude Smith wa Luton Town yo mu Bwongereza, Uwimana Noe Iman wa Virginia Tech Soccer ukina muri USA ndetse na Nkulikiyimana Darryl Nganji wo muri FC Dender EH.

Amakipe yo mu Rwanda nka APR FC na Rayon Sports ayoboye andi makipe  mu gutanga abakinnyi mu ikipe y’igihugu, aha twavuga nka Ruboneka Jean Bosco wa APR FC na Muhire Kevin wa Rayon Sports.

Amrouche, wagizwe umutoza mukuru mu ntangiriro za 2025, yavuze ko gukina n’amakipe makuru kandi akomeye kugirango arebe urwego rwMabakinnyi b’Amavubi.

Ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru, Adel yagize ati “Dukeneye umukino ukomeye nk’uwa Algérie kugira ngo turebe uko abakinnyi bacu bahagaze, ndetse tunabone uko dutegura imikino y’ijonjora rya WCQ. Turifuza kureba uburyo twakomeza kubaka ikipe ihatanira ibikombe,”

Ni umukino uzaba ari isuzuma rikomeye ku Amavubi, aho intego ari uguhatanira kuzitabira igikombe cy’Isi bwa mbere mu mateka.

Biteganyijwe ko Amavubi azahaguruka mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30, gusa nta mwitozo n’umwe uzabera mu Rwanda.

Abanyezamu:

• Ntwari Fiacre (Kaizer Chiefs FC)

• Buhake Clement Twizere (Ullensaker/Kisa)

• Ishimwe Pierre (APR FC)

Ba Myugariro:

• Niyomugabo Claude (APR FC)

• Aly Enzo Hamon (Angoulême CFC)

• Omborenga Fitina (Rayon Sports)

• Uwimana Noe Iman (Virginia Tech Soccer)

• Mutsinzi Ange (Zira Futbol Klubu)

• Manzi Thierry (Al Ahli Tripoli)

• Niyigena Clément (APR FC)

• Nshimiyimana Yunus (APR FC)

• Kavita Phanuel (Birmingham Legion FC)

• Ngwabije Brian Clovis (Blois Foot 41)

Abo hagati:

• Nkulikiyimana Darryl Nganji (FCV Dender EH)

• Bizimana Djihad (Al Ahli Tripoli)

• Mugisha Bonheur (Stade Tunisien)

• Ruboneka Jean Bosco (APR FC)

• Muhire Kevin (Rayon Sports)

• Kayibanda Claude Smith (Luton Town, England)

• Manishimwe Djabel (Naft Al Wasat)

Ba Rutahizamu:

• Nshuti Innocent (Sabail FK)

• Gitego Arthur (Clube Ferroviário da Beira)

• Kagere Medie (Namungo FC)

• Rafael York (ZED FC)

• Mugisha Gilbert (APR FC)

• Joeja Kwizera (Rhode Island FC)

• Biramahire Abeddy (Rayon Sports)

2025-05-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ingabire Victoire n’abayoboke be baratabariza FDLR ngo idasenywa

Ingabire Victoire n’abayoboke be baratabariza FDLR ngo idasenywa

Ubwanditsi 11 Mar 2023
Kalimba Alice na Umubyeyi Zakia bakiniraga Scandinavia WFC berekeje mu ikipe ya Tigers Sports Academy yo muri Tanzania

Kalimba Alice na Umubyeyi Zakia bakiniraga Scandinavia WFC berekeje mu ikipe ya Tigers Sports Academy yo muri Tanzania

Ubwanditsi 01 Sep 2021
Amerika yikuye mu ndorerezi zizakurikirana amatora ya Perezida muri Uganda nyuma yaho indorerezi zayo ku kigero cya 75% zimwe uburenganzira bwo kuyakurikirana

Amerika yikuye mu ndorerezi zizakurikirana amatora ya Perezida muri Uganda nyuma yaho indorerezi zayo ku kigero cya 75% zimwe uburenganzira bwo kuyakurikirana

Ubwanditsi 13 Jan 2021
Mu Burundi Bararira ayo kwarika nyuma y’Inkongi Karahabutaka Yarindimuye ububiko bw’intwaro

Mu Burundi Bararira ayo kwarika nyuma y’Inkongi Karahabutaka Yarindimuye ububiko bw’intwaro

RUSHYASHYA 01 Apr 2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Inkwenene ku bahakana Bakanapfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Bagerageje Gutagatifuza Paul Rusesabagina
Amakuru

Inkwenene ku bahakana Bakanapfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Bagerageje Gutagatifuza Paul Rusesabagina

Ubwanditsi 21 Sep 2020
Amafoto – Gisagara VC mu bagabo ndetse na UVC mu bagore begukanye igice cya mbere cy’irushanwa rya Forzza VolleyBall tournament 2021
Amakuru

Amafoto – Gisagara VC mu bagabo ndetse na UVC mu bagore begukanye igice cya mbere cy’irushanwa rya Forzza VolleyBall tournament 2021

Ubwanditsi 13 Dec 2021
Uganda : Umugabo ari mu maboko ya Police azira gusambanya uruhinja rw’amezi 4 abereye se wabo
Mu Rwanda

Uganda : Umugabo ari mu maboko ya Police azira gusambanya uruhinja rw’amezi 4 abereye se wabo

Ubwanditsi 07 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru