• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

  • Perezida Kagame yashimiye amakipe afitanye ubufatanye na Visit Rwanda kubwo kugera muri 1/2 cya Champions League   |   16 Apr 2026

  • Diamond aritegura gutaramira i Kigali mu mpeshyi, mu gitaramo yise ‘Retro Tour’   |   15 Apr 2026

  • Amaherezo y’urubanza rwa Agathe Kanziga azaba ayahe? Azapfa adashyikirijwe ubutabera nk’umugabo we?   |   15 Apr 2026

  • Umutindi ku mutima aba arogoye ijambo rya Perezida Kagame mu Kwibuka, ati “Muribuka ibiki harya?”   |   11 Apr 2026

  • Valens Pappy na DC Clement babere Urugero abandi biyita abanyamakuru babaho ubuzima bw’ikinyoma   |   09 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Abashinyaguzi ntibagira ikiruhuko, Umukobwa wa Nsekarije yakamejeje

Abashinyaguzi ntibagira ikiruhuko, Umukobwa wa Nsekarije yakamejeje

Ubwanditsi 12 Apr 2016 ITOHOZA

Ku munsi isi yose yateranye ikifatanya n’abanyarwanda kunamira abatutsi bishwe muri Jenoside, abagifite imitima yuzuye ubutagondwa, n’ubunyamaswa ntibahwemye gushinyagurira abafite imitima yuzuye agahinda ko kubura ababo.

Mwene Nsekarije Akana Alice akomeje gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe abatutsi, yigiza nkana abaza icyo isi yose n’abanyarwanda by’umwihariko bibuka kuri uyu munsi!!! Ibi bigaragaza ko kuri uyu mushiyaguzi, abapfuye badahagije, abonye uburyo yabongera.

Interahamwe, abana bazo n’abambari bazo baba bajijisha nde iyo bapfobya Jenoside yakorewe abatutsi bashaka gushyira mu gatebo kamwe abanyarwanda bishwe bazira kuba abatutsi n’ abantu bari bahundutse inyamaswa baguye kuma bariyeri kugira ngo hatabarwe abo bahigaga ngo babamare?

Aya mayeri yo guhakana no gupfobya jenoside yakorewe abatutsi si ayanone, abateguye umugambi wo kumara abatutsi nabyo barabiteganyije. Ari nayo mpamvu bakajije umurego wo guhakana no gupfobya Jenoside muri iyi myaka 22, ishize.

Uko bateguye bagatoza interahamwe zo kwica abatutsi, ni nako bateguye abantu nka Akana Alice ngo bayihakane.

Mwene Nsekarije Aloys utuye mu Bubiligi, kuri ubu niwe uyoboye itsinda rihakana rikanapfobya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu gihe abanyarwanda kuri ubu duguriye hamwe ngo tuzirikane tunarwanye ingengabitekerezo ya Jenoside, Akana Alice n’itsinda ayoboye bakajije umurego, aho bibasiye abarokotse ndetse n’ababarokoye, agaragaza ko urupfu rw’abatutsi basaga miliyoni rwari rukwiye kuko Habyarimana yahanuwe mu ndege akanongeraho ko Ingabo z’Inkotanyi zahagaritse Jenoside yakorewe abatutsi nabo ari abicanyi kuko ngo bishe interahamwe bakazitesha umugambi wo kurimbura abatutsi.

-2621.jpg

Akana Alice na se Nsekarije Aloys

Aha benshi bamunyomoza bamuza icyo yakora asanze inyamaswa igeramiye ubuzima bw’umuntu, akabura icyo asubiza akarushaho gusukiranya amagambo yuzuye agashinyaguro.

Igikomeje gutangaza benshi ni ukuntu mu muryango w’abo Nsekarije yabyaye, uyu mukobwa niwe wenyine ugaragaza ubuhezanguni n’ubutagondwa bukabije!! Bakibaza niba yararerewe ukwe kuko abavandimwe be ntawe urangwa n’iyi migirire!

Umusomyi wa Rushyashya

2016-04-12
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imirambo ine y’abasirikare b’u Burundi yarohowe mu ruzi rwa Rusizi

Imirambo ine y’abasirikare b’u Burundi yarohowe mu ruzi rwa Rusizi

Ubwanditsi 02 Feb 2019
Lesotho: Abasirikare bakuru barasanye, Umugaba w’Ingabo ahasiga ubuzima

Lesotho: Abasirikare bakuru barasanye, Umugaba w’Ingabo ahasiga ubuzima

Ubwanditsi 06 Sep 2017
UKO INTUMWA 12 ZA YESU ZAPFUYE URUPFU RUBI

UKO INTUMWA 12 ZA YESU ZAPFUYE URUPFU RUBI

Ubwanditsi 16 Jun 2016
Leah Karegeya afite agahinda ko gufungwa kwa Tumukunde no gusiragizwa na Kayumba Nyamwasa wamucucuye ibyo umugabo we yasize nareke kwitwaza Rushyashya itangaza ibiriho  

Leah Karegeya afite agahinda ko gufungwa kwa Tumukunde no gusiragizwa na Kayumba Nyamwasa wamucucuye ibyo umugabo we yasize nareke kwitwaza Rushyashya itangaza ibiriho  

Ubwanditsi 30 Mar 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kagame na Shinzo Abe bakurikiranye isinywa ry’amasezerano ya miliyoni $29 azashorwa ku ruganda rwa Nzove
UBUKUNGU

Kagame na Shinzo Abe bakurikiranye isinywa ry’amasezerano ya miliyoni $29 azashorwa ku ruganda rwa Nzove

Ubwanditsi 09 Jan 2019
Bidasubirwaho, iperereza ryo kurwego rwo hejuru ryemeje ko ruharwa Augustin Bizimana yaguye muri Congo Brazaville, Rushyashya yamenye icyo yazize  
INKURU NYAMUKURU

Bidasubirwaho, iperereza ryo kurwego rwo hejuru ryemeje ko ruharwa Augustin Bizimana yaguye muri Congo Brazaville, Rushyashya yamenye icyo yazize  

Ubwanditsi 22 May 2020
FERWAFA yareze Uganda muri CAF
Mu Mahanga

FERWAFA yareze Uganda muri CAF

Ubwanditsi 27 Apr 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru