• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Editorial 26 Apr 2018 IMIKINO

Mu mukino w’ikirarane w’igikombe cy’Amahoro wa 1/8 wabereye i Rubavu, Etincelles yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1

Ni umukino utari wabashije kubera igihe, aho Rayon Sports yateguraga umukino wo kwishyura wa CAF Champions League n’ikipe ya Mamelodi Sundowns, umukino wabereye muri Afurika y’Epfo.

JPEG - 373.5 kb
Ikipe ya Rayon Sports yabanje mu kibuga
JPEG - 323.7 kb
Etincelles yabanje mu kibuga

Muri uyu mukino, ikipe ya Etincelles niyo yafunguye amazamu kuri Penaliti ku munota wa 19, yatsinzwe na Mugenzi Cedrick uzwi nka Ramires wahoze anakinira ikipe ya Rayon Sports.

Igice cya mbere cyarangiye bikiri igitego 1-1, igice cya kabiri kigitangira umutoza Ivan Minnaert wa Rayon Sports yahise akora impinduka, Manishimwe Djabel asimburwa na Ismailla Diarra naho Usengimana Faustin asimburwa na Mugisha Francois Master.

Ku munota wa 61, Rayon Sports yaje kwishyura igitego gitsinzwe na Shaban Hussein Tchabalala n’umutwe, kuri coup franc yari itewe na Eric Rutanga, umukino uza no kurangira amakipe yombi anganya igitego 1-1.

JPEG - 355.2 kb
Tchabalala wasimbutse agatsinda igitego n’umutwe

Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y'umukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y’umukino

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Ivan Minnaert hamwe n'umutoza we w'abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Ivan Minnaert hamwe n’umutoza we w’abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n'abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n’abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Eric Rutanga agerageza gutsinda n'umutwe

Eric Rutanga agerageza gutsinda n’umutwe

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

2018-04-26
Editorial

IZINDI NKURU

Rukundo Abdoul Rahman wakiniraga Amagaju FC yerekeje muri  Rayon Sports ku masezerano y’imyaka 2

Rukundo Abdoul Rahman wakiniraga Amagaju FC yerekeje muri Rayon Sports ku masezerano y’imyaka 2

Editorial 29 Jun 2024
Mu mafoto 30: Irebere abayobozi bakuru b’igihugu bari mu myitozo ngororamubiri

Mu mafoto 30: Irebere abayobozi bakuru b’igihugu bari mu myitozo ngororamubiri

Editorial 27 Feb 2018
CHAN 2018: U Rwanda rwatsinze Guinée Equatoriale

CHAN 2018: U Rwanda rwatsinze Guinée Equatoriale

Editorial 20 Jan 2018
APR FC yatsinze Mukura VS 1-0 ifata umwanya wa mbere by’agateganyo, uko indi mikino ikinwa

APR FC yatsinze Mukura VS 1-0 ifata umwanya wa mbere by’agateganyo, uko indi mikino ikinwa

Editorial 14 Oct 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

USA ubwoba ni bwose ko Korea yabarekurira H-Bomb ivuye kucyogajuru
ITOHOZA

USA ubwoba ni bwose ko Korea yabarekurira H-Bomb ivuye kucyogajuru

Editorial 06 Sep 2017
Amafoto: Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko ndetse no gusaba no gukwa, Umuhanzi Platini yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Ingabire Olivia
Amakuru

Amafoto: Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko ndetse no gusaba no gukwa, Umuhanzi Platini yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Ingabire Olivia

Editorial 29 Mar 2021
Perezida Kagame yahuye na Emmanuel Macron w’u Bufaransa mu Buhinde
POLITIKI

Perezida Kagame yahuye na Emmanuel Macron w’u Bufaransa mu Buhinde

Editorial 12 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru