• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Ubwanditsi 26 Apr 2018 IMIKINO

Mu mukino w’ikirarane w’igikombe cy’Amahoro wa 1/8 wabereye i Rubavu, Etincelles yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1

Ni umukino utari wabashije kubera igihe, aho Rayon Sports yateguraga umukino wo kwishyura wa CAF Champions League n’ikipe ya Mamelodi Sundowns, umukino wabereye muri Afurika y’Epfo.

JPEG - 373.5 kb
Ikipe ya Rayon Sports yabanje mu kibuga
JPEG - 323.7 kb
Etincelles yabanje mu kibuga

Muri uyu mukino, ikipe ya Etincelles niyo yafunguye amazamu kuri Penaliti ku munota wa 19, yatsinzwe na Mugenzi Cedrick uzwi nka Ramires wahoze anakinira ikipe ya Rayon Sports.

Igice cya mbere cyarangiye bikiri igitego 1-1, igice cya kabiri kigitangira umutoza Ivan Minnaert wa Rayon Sports yahise akora impinduka, Manishimwe Djabel asimburwa na Ismailla Diarra naho Usengimana Faustin asimburwa na Mugisha Francois Master.

Ku munota wa 61, Rayon Sports yaje kwishyura igitego gitsinzwe na Shaban Hussein Tchabalala n’umutwe, kuri coup franc yari itewe na Eric Rutanga, umukino uza no kurangira amakipe yombi anganya igitego 1-1.

JPEG - 355.2 kb
Tchabalala wasimbutse agatsinda igitego n’umutwe

Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y'umukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y’umukino

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Ivan Minnaert hamwe n'umutoza we w'abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Ivan Minnaert hamwe n’umutoza we w’abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n'abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n’abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Eric Rutanga agerageza gutsinda n'umutwe

Eric Rutanga agerageza gutsinda n’umutwe

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

2018-04-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Ubwanditsi 30 Mar 2021
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Olivier Kwizera yasezeye umupira w’amaguru

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Olivier Kwizera yasezeye umupira w’amaguru

Ubwanditsi 22 Jul 2021
FERWAFA yanze ubusabe bw’ikipe ya APR FC bwo kuba yasubikirwa umukino wayo na Rayon Sports ngo ibashe kwitegura neza RS Berkane mu mukino wa CAF Confederations Cup

FERWAFA yanze ubusabe bw’ikipe ya APR FC bwo kuba yasubikirwa umukino wayo na Rayon Sports ngo ibashe kwitegura neza RS Berkane mu mukino wa CAF Confederations Cup

Ubwanditsi 19 Nov 2021
Amakipe 4 yo mu Bwongereza azakina 1/8 cya UEFA Champions League, Barcelona na Juventus zisanze muri Europa League

Amakipe 4 yo mu Bwongereza azakina 1/8 cya UEFA Champions League, Barcelona na Juventus zisanze muri Europa League

Ubwanditsi 03 Nov 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Leta ya Congo iremera kwakira Jean-Pierre Bemba mu gihe yaba ashaka gutaha mu gihugu
POLITIKI

Leta ya Congo iremera kwakira Jean-Pierre Bemba mu gihe yaba ashaka gutaha mu gihugu

Ubwanditsi 18 Jun 2018
Rwigemera, umwuzukuru wa Yuhi V Musinga yatabarutse
ITOHOZA

Rwigemera, umwuzukuru wa Yuhi V Musinga yatabarutse

Ubwanditsi 20 Jan 2019
Uwari Visi Meya wa Nyabihu yafunzwe akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside
ITOHOZA

Uwari Visi Meya wa Nyabihu yafunzwe akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwanditsi 12 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru