• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR yohereje abarwanyi bayo i Kinshasa kujya kwiga ikoreshwa rya drone bisabwe na Leta ya Congo   |   13 Nov 2025

  • Rayon Sports yatandukanye n’umutoza wayo Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi ahagaritswe   |   13 Nov 2025

  • Kwizera Olivier ari mu bakinnyi bahamagawe mu mwiherero w’iminsi ine uzahuza abakinnyi bakina muri Shampiyona y’u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amaherezo ashaririye ya bamwe mubasize bahekuye u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amafoto – Al Hilal SC yitegura imikino y’Amatsinda ya CAF Championa League yatsinze AS Kigali ibitego 2-0   |   11 Nov 2025

  • Intwararumuri: Igihungabanya u Rwanda ntitwacyihanganira niyo wagira ute – Perezida Kagame Paul   |   08 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025

Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025

Editorial 12 May 2025 Amakuru, IMIKINO

Kuri iki cyumweru nibwo hasojwe imikino ya shampiyona y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 202-2025, ni umwaka warangiye amakipe ya Police na APR ariyo yegukanye igikombe.

Muri iyi mikino ikinwa mu bice bibiri, igice kibanza kizwi na Phase Aller ndetse n’imikino yo kwishyura, isozwa hakinwa imikino ya Kamarampaka izwi nia PlayOffs.

Iyi mikino ya playoffs ikinwa n’amakipe Ane ya mbere muri buri kiciro agahura hashakwa amakipe 2 agera ku mukino wa nyuma ndetse n’umwanya wa Gatatu.

Mu mikino yakinwe, ikipe ya Police Women Volleyball Club niyo yegukanye igikombe cya shampiyona itsinze iya APR WVC imikino 2-1.

Mu kiciro cy’Abagabo ikipe ya APR VC niyo yegukanye igikombe cya shampiyona itsinze iya Police Volleyball Club imikino 2-1, aha ikipe yose yatwaye igikombe ikaba yaratsinze imikino ibiri ya nyuma.

Mu mukino yo guhatanira umwanya wa Gatatu, mu Bagabo ikipe ya REG VC yegukanye uyu mwanya itsinze Kepler VC naho mu Bagore Rwanda Revenue Authority yatsinze Kepler VC.

Ikipe yabaye iya Gatatu Muri kiciro yahawe imidali na sheke ya Miliyoni y’Amafaranga y’u Rwanda, iya kabiri ihabwa Imidali na Miliyoni imwe n’igice naho iya mbere yahawe igikombe, imidali na Miliyoni ebyiri.

Amakipe yose uko ari atatu mu byiciro byombi, yahise abona itike yo kuzakina imikino Nyafurika y’umwaka utaha wa 2026.

Usibye iyi midali n’ibikombe kandi hahembwe n’abakinnyi bahise abandi muri uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025.

Mu Bagabo:

Bester Server: Niyonshima Sam (APR)

Best Receiver: Kwizera Eric (Police)

Best Setter: Paul Akon (APR)

Best Attacker: Makuto Elphase (Police)

Best Blocker: Sibomana Placide (Police)

Best Libero: Manzi Saduru (Police)

MVP: Denis Ireke (APR)

Mu Bagore:

Bester Server: Munezero Valentine (APR)

Best Receiver: Mukandayisenga Benitha (APR)

Best Setter: Ndagijimana Iris (Police)

Best Attacker: Sande Meldinah (Police)

Best Blocker: Amito Sharon (APR)

Best Libero: Uwamariya Jacqueline(Police)

MVP: Sande Meldinah (Police)

2025-05-12
Editorial

IZINDI NKURU

Bitewe n’imvune yagiriye mu myitozo umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Kimenyi Yves yasimbujwe Rwabugiri Umar wanahise atangira imyitozo

Bitewe n’imvune yagiriye mu myitozo umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Kimenyi Yves yasimbujwe Rwabugiri Umar wanahise atangira imyitozo

Editorial 13 Mar 2021
Eric Nshimiyimana yabonye intsinzi ya mbere kuva agizwe umutoza mukuru wa Bugesera FC

Eric Nshimiyimana yabonye intsinzi ya mbere kuva agizwe umutoza mukuru wa Bugesera FC

Editorial 18 Feb 2023
Abana bafite ubumuga bakwiye uburenganzira bwihariye bwo guhabwa Inkingo za COVID-19

Abana bafite ubumuga bakwiye uburenganzira bwihariye bwo guhabwa Inkingo za COVID-19

Editorial 13 Jul 2021
Hakizimana Muhadjili yafashije APR FC kuguma ku mwanya wa mbere

Hakizimana Muhadjili yafashije APR FC kuguma ku mwanya wa mbere

Editorial 12 Mar 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Depite  Nyandwi
Mu Mahanga

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Depite Nyandwi

Editorial 17 Oct 2016
U Burundi bwirukanye Umuyobozi w’Umuryango wigenga wo mu Bubiligi
INKURU NYAMUKURU

U Burundi bwirukanye Umuyobozi w’Umuryango wigenga wo mu Bubiligi

Editorial 30 Oct 2018
Rayon Sports yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona
Mu Rwanda

Rayon Sports yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona

Editorial 09 Jul 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru