Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 1 Kanama abapolisi b’Abarundi 126 bacyuwe n’indege ya Ethiopian Airlines. Abasigaye kuri 280 bari bamaze umwaka n’amezi 10 ...
Soma »
Mu nama ya 27 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, iteraniye i Kigali, habuze umukandida n’umwe muri batatu bari bahanganye, wuzuza bibiri ...
Soma »
Kuri uyu wa mbere, mu biganiro ku mugambi wo kugira umugabane wa Africa isoko rimwe mu ikoranabuhanga “Smart Africa”, u Rwanda na Gabon byakuyeho amananiza ...
Soma »
Umupasiteri wo muri Afurika y’Epfo yapfuye ari mu masengesho y’iminsi 40 yakoze ashaka gutera ikirenge mu cya Yesu ariko yapfuye atayigejejeho. Pasiteri Alfred Ndlovu yasize ...
Soma »
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC) bavanyeho umwanzuro wo guca caguwa kugeza mu 2020. Mu nama yabahuje mu muhezo ba perezida bemeje ko ...
Soma »
Abayobozi b’u Burundi bari kwitabira inama ya 27 y’umuryango w’ubumwe bw’Afrika iri kubera I Kigali baravugwa ko batakiyitabiriye nyuma yaho leta y’u Burundi ifatiye icyemezo ...
Soma »