Perezida Kagame yongeye gutsinda amatora ku majwi 98.66% by’amajwi yose yabaruwe kugeza saa sita z’ijoro. Saa saba z’ijoro Komisiyo y’Amatora yari imaze kubarura kugeza kuri ...
Soma »
Raila Odinga ukuriye ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta muri Kenya yabwiye Al Jazeera ko hari impungege ko ibizava mu matora bitazaba bikurikije ukuri kuko ...
Soma »
Minisitiri wa Israel ushinzwe itumanaho, Ayoob Kara, kuri iki Cyumweru yatangaje ko ashaka gufunga ibiro n’imirongo bikoreshwa n’igitangazamakuru mpuzamahanga cy’Abanya-Qatar, Al-Jazeera, kubwo gutangaza inkuru zibogamye ...
Soma »
Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo ...
Soma »
Umunyamerika n’Umunyacada bakoraga mu bikorwa byo kwiyamamaza mu bahatanira kuyobora iki gihugu, ariko ku ruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya bagiye kwirukanwa nyuma yo gutabwa ...
Soma »
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yifurije ishya n’ihirwe Perezida w’u Rwanda Paul Kagame wegukanye intsinzi yo kuyobora u Rwanda mu yindi myaka irindwi iri imbere ...
Soma »
Dr. Frank Habineza wari wiyamamarije kuyobora u Rwanda akagira amajwi angana na 0.45% yavuze ko akurikije ibyavuye mu ibarura ry’amajwi ry’agateganyo bigaragara ko Kagame yatsinze ...
Soma »