Minisitiri w’intebe wa Israel yaraye atangaje ko ikigo kitwa ‘New Israel Fund’ kiba muri Amerika kivuga ko kirengera uburenganzira bwa muntu ari cyo cyatumye u ...
Soma »
Umuhanzikazi Phyllisia Ross wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usanzwe azwiho kugira uburanga n’ubuhanga budasanzwe biturutse ku ijwi rye ,yataramiye ab’I Kigali mu gitaramo ...
Soma »
Inyeshyamba z’umutwe wa Mai Mai zagabye igitero ku rugo rwa Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila ruherereye mu Mujyi wa Beni zihitana ...
Soma »
Minisitiri w’umutekano wa Uganda ndetse na Maj Gen. Joseph Nzabamwita ukuriye Urwego rushinzwe Iperereza n’Umutekano mu Rwanda, ni bamwe mu bari bari mu biganiro hagati y’abakuru ...
Soma »
Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Israel rwahagaritse umugambi wa guverinoma wo kwirukana ibihumbi by’abimukira bakomoka ku mugabane wa Afurika, binjiye ku butaka bw’iki gihugu mu buryo ...
Soma »
Polisi yo muri District ya Mpigi muri Uganda, yataye muri yombi umugabo uzwiho ubupfumu, wari utuye mu gace ka Kanaani , ashinjwa gusambanya umwana we w’umukobwa ...
Soma »
Davido uherutse gutaramira mu Rwanda bigaherekezwa n’amakuru yavuzwe ko hari Abanyarwandakazi yagiranye na bo ibihe byiza, yahakanye yivuye inyuma ibimaze iminsi bivugwa hagati ye n’umukunzi ...
Soma »