Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangarije abanyamakuru ko abona ikipe ye itahangana na mukeba wayo Manchester City kubera ko abayobozi be batamuha amafaranga ...
Soma »
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Ferwafa, Madamu Rwemarika Felicitee yaraye atangaje imigabo n’imigambi ye yiganjemo impinduka mu isura y’umupira w’amaguru Kuri uyu wa Gatanu ...
Soma »
Ikipe ya Kiyovu Sports inganyije na Marines igitego 1-1 inanirwa kurara ku mwanya wa mbere, umukino wabereye kuri Sitade Mumena. Kapiteni wa Kiyovu Sports Mugheni ...
Soma »
Nyuma yo gutsinda Police FC igitego kimwe ku busa mu mukino w’ikirarane, Umutoza wa Rayon Sports, Karekezi Olivier yagaragaje kutishimira amagambo yari yatangajwe na Seninga ...
Soma »
Nyuma yo gusezererwa kw’Amavubi muri CECAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamenyesheje amakipe ko umunsi wa 9, 10 na 11 bya shampiyona bizakinwa mu 2017; ...
Soma »
Ikipe y’Igihugu Amavubi irakina umukino wayo wa nyuma wo mu matsinda muri CECAFA Challenge Cup na Tanzania kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 9 Ukuboza ...
Soma »
Rutahizamu wa Real Madrid, Cristiano Ronaldo, yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza ku Isi ‘Ballon d’Or’ cya gatanu anganya aya mateka na Lionel Messi bahora bahanganye. Ibi ...
Soma »