Ikipe ya Chelsea yaraye isezerewe na Paris Saint Germain mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’i Burayi, iyitsinze ibitego bine kuri ...
Soma »
Mukundwa Sandrine, wamenyekanye muri filimi zo mu Rwanda nko mu yitwa: Star in love na Bye bye Anita akina yitwa “Sonia” arasaba ubufasha bwo kujya ...
Soma »
Umutoza w’Amavubi, Jonathan Mckinsty yatangaje ko Hakizimana Muhadjiri ukinira Mukura VS, Uzamukunda Elias Baby na Nirisarike Salomon ukinira Saint Trond mu Bubiligi ari bamwe mu ...
Soma »
Umukinnyi w’ikiragirire mu bagore ukina umukino wa tenis ,Maria Sharapova biravugwa ko agiye guhagarika mu mukino wa Tenis; ni nyuma yo kugirwa inama n’abaganga batandukanye ...
Soma »
Umukino wo ku munsi wa 13 wa Shampiyona, Musanze FC yari yakiriye APR FC, umukino urangira itsinzwe ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, umutoza mushya ...
Soma »
Itsinda rya Urban Boyz, rikorera muzika mu nzu itunganya muzika ya ‘The Super Level’, nyuma yo gukorana indirimbo n’ibyamamare muri Nigeria, Timaya na Iyanya, ubu ...
Soma »
Nancy Reagan umugore wa perezida wa 40 wa Leta zunze ubumwe za Amerika Ronald Reagan yitabye Imana kuri iki cyumweru zize indwara y’umutima yaramaranye igihe ...
Soma »
Umuyobozi wa R. Sport Promoters atangaza ko guhagarikirwa amasezerano yo gukata abanyamuryango amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga rya MTN byahombeje ikipe miliyoni 264 mu gihe cy’amezi ...
Soma »
Umunsi wa 28 ndetse n’uwa 29 w’imikino ya Shampiyona y’Umupira w’amaguru mu Bwongereza yaranzwe no gutungurwa ndetse no gutsitara cyane cyane ku makipe arimo kuza ...
Soma »