• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibaruwa ifunguye yandikiwe Ingabire Victoire   |   08 Jul 2025

  • Police VC yegukanye igikombe cyo Kwibohora 2025 mu byiciro byombi, itsinze APR VC ku mukino wa nyuma   |   07 Jul 2025

  • Perezida Kagame yavuze ko FDLR nidasenywa u Rwanda ruzakomeza guhangana n’iki kibazo rukoresheje uburyo rusanzwe rukoresha   |   04 Jul 2025

  • Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru   |   03 Jul 2025

  • Menya neza uwiyita Intumwa “Isidore Mbayahaga” wimuriye ubwonko mu gifu!   |   03 Jul 2025

  • Ubwigenge bwabaye igikoresho cy’ivangura: Uko Kamarampaka ya 1959 yazanye Repubulika ariko ntizane ubwigenge nyabwo   |   02 Jul 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Djoliba yageze i Kigali n’intego zo gusatira ikipe ya APR FC

Djoliba yageze i Kigali n’intego zo gusatira ikipe ya APR FC

Editorial 16 Mar 2018 IMIKINO

Ikipe ya Djoliba yo mu gihugu cya Mali yageze mu Rwanda kuri uyu wa kane izanye intego zo gusezerera ikipe ya APR FC igakomeza mu cyiciro gikurikira cy’amarushanwa nyafurika ya CAF Confederation Cup.

Ku masaha y’i saa kumi zirengaho iminota mike, ni bwo ikipe ya Djoliba yari isohotse ku kibuga cy’indege i Kanombe, nyuma yo kugira ibibazo mu nzira dore ko iyi ubundi yari yitezwe kugera i Kigali mu masaha ya mugitondo uyu munsi dore ko yahagurutse uri Mali kuwa gatatu saa 21:00.

Djoliba yageze i Kigali itinzeho gatoDjoliba yageze i Kigali itinzeho gato
Aba bsore bo muri Mali bafite icyizere cyo gusezerera APR FCAba bsore bo muri Mali bafite icyizere cyo gusezerera APR FC
Ku isura biragaragara ko abakinnyi ba Djoliba ari abasoreKu isura biragaragara ko abakinnyi ba Djoliba ari abasore

Iyi kipe ije gukina umukino wo kwishyura wa CAF Confederation cup, mu ijonjora rya 2, nyuma y’uko umukino ubanza wabereye i Bamako mu minsi 10 ishize, iyi kipe yabashije gutsinda APR FC ya hano mu Rwanda igitego 1-0.

Ubwo bageraga I Kigali, umutoza w’iyi kipe Fanyeri Diarra yatangaje ko ntakibazo afite mu ikipe ye kandi ko nyuma y’umukino ubanza ikibazanye i Kigali ari ugushaka ibitego nk’buryo bwonyne bwo gusezerera APR FC.

Yagize ati: “APR FC twarayibonye ni ikipe nziza gsa natwe turiteguye abakinnyi bose bameze neza.

Ntabwo tuje hano tuzanywe no kugarira ahubwo tuzaba dushaka ibitego kuko ni bwo buryo bwo gukomeza mu cyiciro gikurikira”.

Ngo bazasatira APR FC kahaveNgo bazasatira APR FC kahave
Bahise bafata imodoka ibajyana Grand LegacyBahise bafata imodoka ibajyana Grand Legacy
.. ..
Imvura yatonyangaga ubwo basohokaga ku kibuga cy'indegeImvura yatonyangaga ubwo basohokaga ku kibuga cy’indege
Umutoza Fanyeri Diarra ngo APR FC yarayisobanukiweUmutoza Fanyeri Diarra ngo APR FC yarayisobanukiwe
Bati mwatubonye!Bati mwatubonye!

Ikipe ya Djoliba ikaba yahise yerekeza muri Grand Legacy Hotel aho biteganyijwe ko izakorera imyitozo kuri stade Amahoro kuri uyu wa gatanu.

APR FC na Djoliba ziri bube zitana mu mitwe kuri uyu wa gatandatu kuri stade Amahoro guhera saa 15:30’ Kwinjira muri uyu mukino ni 15 000 muri VVIP, 10 000 VIP, 5000 mu ntebe z’icyatsi, 3000 mu ntebe z’umuhondo na 1000 ahasigaye hose.

Abakinnyi ikipe ya Djoliba AC izanye mu Rwanda:

Abazamu:

  • Adama Keita
  • Amara Traore

Abandi bakinnyi:

  • Siaka Bagayoko
  • Moussa Sissoko
  • Emile Koné
  • Abdoulaye Diady
  • Mamoutou Kouyaté
  • Mamadou Cissé Oumar Kida
  • Bourama Doumbia
  • Seydou Diallo (Kapiteni)
  • Naby Souma
  • Mohamed Cissé
  • Cheick Niang
  • Boubacar Traoré
  • Seydou M’Baye
  • Youssouf Maiga
  • Mamadou Cissé
  • Oumar Kida

Abatoza n’abandi bayobozi bazanye n’ikipe y’igihugu:

  • Fanyeri Diarra: Umutoza mukuru
  • Harouna Samake: Umutoza wungirije
  • Boubacar Coulibary: Umutoza wongera imbaraga
  • Halidou Maiga: Umuganga
  • Mahamdou Diarra: Uyoboye Delegatiyo
  • Issoufou Diallo: Uhagarariye Federatiyo ya Mali
  • Yeri Sissoko: V/Perezida wa Djoliba AC
  • Modibo Daillo: Umunyamabanga mukuru w’ikipe
  • Birama Konate: Ushinzwe umupira muri Federatiyo ya Mali
  • Haruna Diallo: Perezida w’abafana ba Djoliba
2018-03-16
Editorial

IZINDI NKURU

U  Rwanda ruzahura na Djibouti mugushaka itike y’imikino ya CHAN2025

U Rwanda ruzahura na Djibouti mugushaka itike y’imikino ya CHAN2025

Editorial 09 Oct 2024
Uzayobora FIFA  aramenyekana uyu munsi

Uzayobora FIFA aramenyekana uyu munsi

Editorial 26 Feb 2016
Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora

Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora

Editorial 25 Oct 2022
Ubuyobozi bwa APR. FC bwahakanye  kuza k’umutoza mushya

Ubuyobozi bwa APR. FC bwahakanye kuza k’umutoza mushya

Editorial 02 Mar 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru