• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Dore impamvu Ingabire Victoire ari we muyobozi mukuru w’ikirenga wa FDU Inkingi

Dore impamvu Ingabire Victoire ari we muyobozi mukuru w’ikirenga wa FDU Inkingi

Ubwanditsi 29 Jul 2021 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, Mu Rwanda

Mu kwezi kwa cyenda 2019, nibwo ingabire Victoire yanditse ayobya uburari ko asezeye muri FDU-Inkingi yari abereye umuyobozi, avugako ashinze irindi shyaka yise DALFA-Umurinzi.

Nyamara abarebera ibintu hafi ntibahwemye kuvuga ko ari urwiyerurutso kugirango adakurikiranwa n’ubutabera kubera, ibitero byo mu Kinigi byakozwe na P5 kandi ishyaka rye riri mubuyobozi bwayo, bikica abantu bagera kuri 14 abandi benshi bagakomereka mu kwezi k’Ukwakira 2019.

Nubwo byitwa ko yavuye muri FDU-Inkingi, abayobozi n’abayoboke baryo ntibahwemye kwifatanya nawe mu bikorwa bitandukanye byo kurwanya Leta y’u Rwanda yatowe ku mugaragaro n’abaturage ndetse no gukwirakwiza amacakubiri mu Banyarwanda.

Dore nkubu ku itariki ya mbere Kanama 2021, abanyamuryango ba FDU-Inkingi bazateranira I Buruseli mugikorwa cyo gukusanya amafaranga agamije gutera inkunga ibikorwa bya politike bya Ingabire mu Rwanda. Muri iki gikorwa kizayoborwa na Niwenshuti Ladislas, umukada ukomeye wa FDU-Inkingi, hazaba harimo na Marcel Sebatware, umwicanyi ruharwa wacitse ubutabera kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yakoreye mu Bugarama.

Mu bandi bazitabira m’uburyo bw’iyakure harimo abacurabwenge ba FDU-Inkingi Charles Ndereyehe, umujenosideri ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda kubera ibyaha bya Jenoside ndetse na Justin Bahunga, ubu wamusimbuye ku buyobozi bw’iryo shyaka, aba bombi bakaba ari inshuti z’akadosoka za Ingabire cyane ko aribo bamwandikira inyandiko zose akeneye mundimi z’amahanga.

Iri ngirwa shyaka rigendera ku mahame ya PARMEHUTU na Hutu Pawa, Ingabire yarishinze anariyobora guhera muri 2006, rikaba rigizwe ahanini n’abanyapolitiki bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994, utibagiwe na Nyina wa Ingabire witwa Dusabe Theresa bitaga “Doctor of death” warimbuye abatutsi mu cyahoze ari Komini Butamwa ubu ni mu Karere ka Nyarugenge
Umuntu yakwibaza impamvu ishyaka Ingabire atakibarizwamo, akaba yarashinze irindi, ryakomeza gukusanya imisanzu y’abanyamuryango ngo batere inkunga ishyaka rindi yashinze twakwita mukeba.

Umwe mu bayobozi ba DALFA umurinzi utashatse ko amazina ye atanganzwa, yaduhaye amakuru avuga ko akenshi ibyo baganirira mu manama yabo baba bari kumwe n’abayobozi ba FDU-Inkingi ndetse ko Umuyobozi wabo Ingabire yababwiye ko ubundi DALFA na FDU ari ishyaka rimwe kandi ko ariwe uriyoboye, ko rero bakwiye kubahana kuko ari bamwe.

Gusa umuntu yakwibaza impamvu leta y’Ububirigi ikomeje kugenda biguru ntege muguta muri yombi abajenosideri nka Sebatware bakomeje kongera gukora ibindi byaha aho bakusanya amafaranga yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

2021-07-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ukuri ku mwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Uganda

Ukuri ku mwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Uganda

Ubwanditsi 28 May 2019
Mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere, Umufaransa Gérard Buscher niwe wagizwe umu umuyobozi wa Tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda

Mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere, Umufaransa Gérard Buscher niwe wagizwe umu umuyobozi wa Tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda

Ubwanditsi 16 Sep 2022
Abategeka u Burundi barahiye kutazasubira Arusha

Abategeka u Burundi barahiye kutazasubira Arusha

Ubwanditsi 23 Dec 2017
Perezida Kagame na Madamu bakiriwe n’Umwami w’Abami w’u Buyapani

Perezida Kagame na Madamu bakiriwe n’Umwami w’Abami w’u Buyapani

Ubwanditsi 08 Jan 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ubuvugizi bw’amagereza mu Rwanda bwemeje ko Sandra Teta afungiye 1930,menya icyo azira
ITOHOZA

Ubuvugizi bw’amagereza mu Rwanda bwemeje ko Sandra Teta afungiye 1930,menya icyo azira

Ubwanditsi 20 Mar 2017
Perezida Kagame yatembereje Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani wa Qatar muri Pariki y’Akagera
UBUKERARUGENDO

Perezida Kagame yatembereje Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani wa Qatar muri Pariki y’Akagera

Ubwanditsi 22 Apr 2019
Uganda: Abadipolomate bakemanze umwanzuro wo gutegeka ibigo guhagarika abanyamakuru basaga 30
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Abadipolomate bakemanze umwanzuro wo gutegeka ibigo guhagarika abanyamakuru basaga 30

Ubwanditsi 04 May 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru