• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

  • Kwihambira kuri FDLR ni Umwaku mu yindi   |   17 Aug 2026

  • Amakipe ya AS Kigali mu Bagabo n’Abagore yahinduriwe izina yitwa Kigali FC na Kigali WFC    |   16 Aug 2026

  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi rishishikajwe n’amatora kurusha ubumwe bw’Abarundi

Ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi rishishikajwe n’amatora kurusha ubumwe bw’Abarundi

Ubwanditsi 23 Dec 2017 INKURU NYAMUKURU

Nyuma y’ibiganiro bitagize icyo bigeraho byaberaga i Arusha muri Tanzania, ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, ritangaza ko ritazongera kwitabira ibi biganiro, ikirishishikaje akaba ari amatora ateganyijwe mu 2020 nkuko byatangajwe n’ umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD FDD, Evariste Ndayishimiye.

Yavuze ko mu biganiro biheruka hari ingingo ebyiri zitutumvikanyweho, arizo: ukuvanaho inzego za Leta ngo hajyeho Leta y’ inzibacyuho, ibyo ndabizi ko nta n’umwe uzabyemera, ikindi na cyo ni uguhagarika gukurikirana abashatse guhirika ubutegetsi mu 2015, ibyo nabyo ntabwo bihurizwaho, ni ibyo bibiri”.

Akaba yavuze ko mugihe izi ngingo zitarumvikanwaho, icyo bashyize imbere ni ugutegura amatora yo muri 2020.

Yemeje ko nta mpamvu nimwe babona yatuma basubira mu biganiro muri Tanzaniya kandi ubwe yivugiye ko hari ingingo zitarumvikanwaho.  Yavuze ko ahubwo ubuhuza nibwo bakwiye kuza mu Burundi kureba ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro imwe nimwe yaturutse muri ibi biganiro.

Abanyapolitiki batandukanye batangiye kunenga amatora yo mu 2020, bamwe batangaje ko umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga ari igitekerezo cya Perezida Nkurunziza gusa, ugamije kwiyongeza indi manda, bibonwa nkaho adashaka kurekura ubutegetsi.

Abasesenguzi mu bya politiki bagaragaza ko ishyaka riri ku butegetsi ryaba rishishikajwe no guhindura Itegeko Nshinga ngo amatora akorwe Nkurunziza agume ku butegetsi, mu gihe hakiri ingingo zitarumvikanwaho mu rwego rwo kugarura ubumwe bw’Abarundi.

 

2017-12-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Finland: Pasiteri Jerome Nyandwi, aravuga ko ntaho ahuriye n’ibyamwanditsweho ko agambanira U Rwanda

Finland: Pasiteri Jerome Nyandwi, aravuga ko ntaho ahuriye n’ibyamwanditsweho ko agambanira U Rwanda

Ubwanditsi 08 Jan 2019
Uganda: Umunyarwandakazi n’uwari umuherekeje barasiwe Entebbe bahita bashiramo umwuka

Uganda: Umunyarwandakazi n’uwari umuherekeje barasiwe Entebbe bahita bashiramo umwuka

Ubwanditsi 06 Sep 2019
Kubera igitutu cy’Inama izabera I Kigali kuri uyu wa mbere, Uganda yarekuye Abanyarwanda   bari bamaze iminsi bakorerwa iyicarubozo

Kubera igitutu cy’Inama izabera I Kigali kuri uyu wa mbere, Uganda yarekuye Abanyarwanda   bari bamaze iminsi bakorerwa iyicarubozo

Ubwanditsi 13 Sep 2019
“Nzi ibyo nkora, nzi ibimbereye. Ntabwo nkeneye kubibwirwa n’uwo ari we wese.”-Perezida Kagame

“Nzi ibyo nkora, nzi ibimbereye. Ntabwo nkeneye kubibwirwa n’uwo ari we wese.”-Perezida Kagame

Ubwanditsi 01 Jul 2019

Igitekerezo kimwe

  1. MAOMBI jOHN
    June 1, 20187:32 pm -

    KO MUBURUNDI ABANTU BATORA BYIBUZE ABO BASHAKA KANDI MUNZEGO ZOSE IGISIRIKARE NUBUTEGETSI BAVANZE AMOKO ABIRI NKUKO BABYUMVIKANYE UBUNDI BWIYUNGE NI UBUHE? ABATSINZWE MUMATORA BAKARAKARA BABISEMBEHO NIBWO BWIYUNGE? ABO KAGAME YOHEREZA BAKABARANGIRIZAYO NIBO MUSHAKA KUVUGA BIYUNGA NABO?

    NKWIBARIZE MUNYAMATIKU NAKO MUNYAMAKURU UBWIYUNGE MU RWANDA HAGATI YABAHUTU NABATUTSI BUGEZEHE MBERE YO KUREBA IBYO MU BURUNDI BITARIMO IKIBAZO, MURWANDA BIGEZEHE? HAHAHAHAHAHAHAH

    MWIBAZAKO KWIHARIRA IJAMBO ARIWOMUTI?

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kuki Perezida Tshisekedi atabona ko gushyigikira Interahamwe bitazamuhira nk’uko bitahiriye n’abamubanjirije ku butegetsi?
Amakuru

Kuki Perezida Tshisekedi atabona ko gushyigikira Interahamwe bitazamuhira nk’uko bitahiriye n’abamubanjirije ku butegetsi?

Ubwanditsi 28 Nov 2022
‘ La Palisse Hotel ‘ ishobora kuba mubo Perezida Kagame yabwiraga
Mu Rwanda

‘ La Palisse Hotel ‘ ishobora kuba mubo Perezida Kagame yabwiraga

Ubwanditsi 29 Jun 2017
Indege yo muri Singapore igiye guca agahigo ikora urugendo rw’amasaha 20 idahagaze
IKORANABUHANGA

Indege yo muri Singapore igiye guca agahigo ikora urugendo rw’amasaha 20 idahagaze

Ubwanditsi 26 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru