• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Itangazamakuru : Barore Cleophas yatorewe kuyobora RMC

Itangazamakuru : Barore Cleophas yatorewe kuyobora RMC

Ubwanditsi 10 Dec 2016 Mu Mahanga

Kuri uyu wa gatanu niho habaye amatoro mu rwego rw’Abanyamakuru bigenzura RMC, nyuma yaho Fred Muvunyi wayoboraga uru rwego ahungiye Igihugu ku mu goroba wo kuwa mbere tariki 11 Gicurasi 2015.

Fred Muvunyi yafashe indege iva i Kigali, igaca Istanbul muri Turukiya ikagera i Bruxelles mu Bubiligi ariho aherereye kugeza ubu. Nyamara icyo yahunze kikaba kitarigeze gisobanuka nan’ ubu.

Amatora yabanjirijwe na raporo y’Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Abanyamakuru bigenzura, Bwana Mugisha Emmanuel wakunze kugaragariza inteko rusange ibyo RMC yagezeho mu bikorwa byayo bya buri munsi byiganjemo ubuvugizi ku mwuga w’Itangazamakuru.

-4978.jpg

Mugisha Emmanuel, Umunyamabanga nshingwa bikorwa wa RMC

Nyuma y’uko buri wese yihitiyemo indorerezi imuhagararira mu ibaruramajwi abakandida bakurikiranye mu buryo bukurikira.

1.Barore Cleophas =187

2.Kagire Edmond = 154

3.Rwasa Jerome = 124

4.Uwineza Lliliane = 115

5.Ayanone Solange = 99

6.Mutuyeyezu Oswald Oswakim = 75

Hashoje hatorwa uhagarariye Sosiyete sivile ariwe :

Madame Ingabiire M.Immaculee

Professeur Nkaka Raphael hamwe na DR Uwimana JP hamwe na Professeur Christopher Kayumba bahagarariye abarimu ba Kaminuza.

Me Mucyo D nawe ahagarariye abanyamategeko .

Kuri iyi myanya hatowe aba bakurikira :

1.Dr Uwimana Jean Pierre

2.Dr Mucyo mu mubamategeko

3.Na Madame Ingabire Immaculee muri sosiyete sivile

N’ubwo habanje impaka ndende, uko byagenda kose amatora yagenze neza mu mutuzo kuko abantu bari batuje bategereje ibibuve mu matora.

Ikindi hari ubwo usanga amatora akorwa induru zikaba nyinshi ariko kuri iyi nshuro nta kibazo cyari gihari ukuyemo ko hari nka ba 3 amajwi yabo yabaye impfabusa nkaho hari nuwatoye uwahoze ayobora uru rwego akaza kwegura ku mirimo ye nyuma akajya kwibera mu mahanga.

-4979.jpg

Abanyamakuru biyamamariza kuzahagararira abandi muri RMC

-4980.jpg

Barore nyuma yogutorwa

-4981.jpg

Kenis niwe wayoboye amatora

Umwanditsi wacu

2016-12-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu Rwanda: Perezida Kagame yatangaje ko azongera kwiyamamariza manda ya gatatu

Mu Rwanda: Perezida Kagame yatangaje ko azongera kwiyamamariza manda ya gatatu

Ubwanditsi 04 Jan 2016
Kirehe: Abarobyi banywaga ibiyobyabwenge bakanguriye abandi bantu kubireka

Kirehe: Abarobyi banywaga ibiyobyabwenge bakanguriye abandi bantu kubireka

Ubwanditsi 19 Mar 2016
Ikipe ya Polisi ya Handball yatsinze Polytechnique Kibogora

Ikipe ya Polisi ya Handball yatsinze Polytechnique Kibogora

Ubwanditsi 20 Mar 2016
Uganda : Jenerali Majoro. Don Nabasa  wari ushinzwe Special Forces Command, wafatwaga nka Bagosora ,yirukanwe

Uganda : Jenerali Majoro. Don Nabasa wari ushinzwe Special Forces Command, wafatwaga nka Bagosora ,yirukanwe

Ubwanditsi 12 Jun 2019

Igitekerezo kimwe

  1. Jean bosco HABIMANA
    July 10, 20183:23 pm -

    Muraho nifuzaga ko mwampa adrsse email za Cleophas Borare
    nashakaga kumusuhuza twabanye mu li Univesite i Butare kandi duturana ni Gikondo igihe kirekire mbereyuko nimukira Kicukiro
    ubu ntuye muli France
    ndi DR Jean Bosco HABIMANA
    nize Ibijyanye na Chimie
    Murakoze

    Subiza

Leave a Reply to Jean bosco HABIMANA Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Karongi : Hangijwe litiro 660 z’inzoga itemewe
Mu Mahanga

Karongi : Hangijwe litiro 660 z’inzoga itemewe

Ubwanditsi 20 Aug 2016
Umuhanzi Davido yaguze indege ye bwite
SHOWBIZ

Umuhanzi Davido yaguze indege ye bwite

Ubwanditsi 10 May 2018
Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo
IMIKINO

Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Ubwanditsi 01 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru