• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Ubwanditsi 17 Feb 2016 IMIKINO

Ku munsi wejo twababwiragako ikipe ya PGS ihabwa mahirwe yo kuza kwitwara neza kuri uwo mukino ubanza kuki buga cyayo .

Abakinnyi ba Paris Saint Germain bahigiye gutsinda Chelsea mu mukino basanga amakipe yombi yarabaye amakeba mu gikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions League). Chelsea irakina uyu mukino idafite kapiteni wayo John Terry.

-2158.jpg
-2161.jpg

aha Rutahizamu Cavani yararekuyemo Ishoti ryavuyemo igitego cya kabiri

Chelsea yo mu Bwongereza na Paris Saint Germain yo mu Bufaransa zirabimburira andi makipe mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi.

Kapiteni wa Paris Saint Germain, umunya-Bresil Thiago Silva yatangaje ko biteguye kandi bizeye gutsinda Chelsea mu mukino kuri we asanga warabaye ubukeba.

-2162.jpg

Aganira n’ikinyamakuru, Telegraph, Thiago Silva yagize ati “Nka kapiteni w’ikipe, navuga ko dushobora kandi twiteguye gutsinda Chelsea. Turabizi ko bishoboka nubwo bitoroshye ariko mfite icyizere ko PSG ifite ibisabwa ngo itsinde Chelsea, Chelsea ni ikipe tuzi, tuzi neza cyane. Ni ikipe ifite aakinnyi benshi bakomoka muri Brazil kandi ntituruka kure ya Paris, ni abakeba’’.

-2163.jpg

aha Obi mikel yari yishyuye ugitego kimwe rukumbi

Undi mukinnyi wa Paris Saint Germain wagize icyo avuga kuri uyu mukino ubera ku kibuga cya Parc des Princes cyo mu mujyi wa Paris ni rutahizamu wa Paris Saint Germain Zlatan Ibrahmovic wavuze ko Chelsea idakomeye kuko itagifite Jose Mourinho.

-2164.jpg

David Luiz wahoze akinira Chealsea ariko aha pole Hazard

Ibrahmovic yagize ati “ Ntekereza ko buri wese azakumbura Mourinho muri uyu mukino ariko ntekereza ko vuba aha azaba yabonye indi kipe atoza akagaruka muri ruhago. Biratangaje gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza nka Jose Mourinho gusa ni ko bigenda ku batoza, uko ikipe yitwara ni cyo kirebwaho, Iyo utitwaye neza, urahanwa. Twe abakinnyi ntitujya twirukanwa nk’abatoza’’.

-2165.jpg

Umunyezamu wa Chelsea, Thibault Courtois yavuze ko ba myugariro b’ikipe ye bagomba gukora ibishoboka bakazitira cyane Zlatan Ibrahmovic kuko aza gukina ashaka kwihorera nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu mukino ubanza wa 1/8 mu mwaka ushize n’ubundi muri Champions league.

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Antoine Hey yakoze impinduka ebyiri ku mukino akina na Algeria

Antoine Hey yakoze impinduka ebyiri ku mukino akina na Algeria

Ubwanditsi 10 Jan 2018
Tour du Rwanda: Areruya Joseph yegukanye agace ka Rusizi-Huye

Tour du Rwanda: Areruya Joseph yegukanye agace ka Rusizi-Huye

Ubwanditsi 17 Nov 2016
Muri gahunda yiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’, Rayon Sports irakina na APR FC basogongera Sitade Amahoro

Muri gahunda yiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’, Rayon Sports irakina na APR FC basogongera Sitade Amahoro

Ubwanditsi 11 Jun 2024
Ally Bizimungu wahawe gutoza Etincelles yatsinzwe umukino we wa mbere na As Kigali , Police yatsindiye Musanze iwayo – Uko imwe mu mikino y’umunsi wa gatatu yagenze.

Ally Bizimungu wahawe gutoza Etincelles yatsinzwe umukino we wa mbere na As Kigali , Police yatsindiye Musanze iwayo – Uko imwe mu mikino y’umunsi wa gatatu yagenze.

Ubwanditsi 08 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana
Mu Mahanga

Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana

Ubwanditsi 08 Jul 2016
Al Ahly SC izahura na Raja SC muri 1/4 cya CAF Champions League naho Simba SC ihure ya Orlando Pirates muri Confederations cup 
Amakuru

Al Ahly SC izahura na Raja SC muri 1/4 cya CAF Champions League naho Simba SC ihure ya Orlando Pirates muri Confederations cup 

Ubwanditsi 06 Apr 2022
Iradukunda Liliane yabaye Nyampinga w’u Rwanda 2018
INKURU NYAMUKURU

Iradukunda Liliane yabaye Nyampinga w’u Rwanda 2018

Ubwanditsi 25 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru