• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Ubwanditsi 17 Feb 2016 IMIKINO

Ku munsi wejo twababwiragako ikipe ya PGS ihabwa mahirwe yo kuza kwitwara neza kuri uwo mukino ubanza kuki buga cyayo .

Abakinnyi ba Paris Saint Germain bahigiye gutsinda Chelsea mu mukino basanga amakipe yombi yarabaye amakeba mu gikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions League). Chelsea irakina uyu mukino idafite kapiteni wayo John Terry.

-2158.jpg
-2161.jpg

aha Rutahizamu Cavani yararekuyemo Ishoti ryavuyemo igitego cya kabiri

Chelsea yo mu Bwongereza na Paris Saint Germain yo mu Bufaransa zirabimburira andi makipe mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi.

Kapiteni wa Paris Saint Germain, umunya-Bresil Thiago Silva yatangaje ko biteguye kandi bizeye gutsinda Chelsea mu mukino kuri we asanga warabaye ubukeba.

-2162.jpg

Aganira n’ikinyamakuru, Telegraph, Thiago Silva yagize ati “Nka kapiteni w’ikipe, navuga ko dushobora kandi twiteguye gutsinda Chelsea. Turabizi ko bishoboka nubwo bitoroshye ariko mfite icyizere ko PSG ifite ibisabwa ngo itsinde Chelsea, Chelsea ni ikipe tuzi, tuzi neza cyane. Ni ikipe ifite aakinnyi benshi bakomoka muri Brazil kandi ntituruka kure ya Paris, ni abakeba’’.

-2163.jpg

aha Obi mikel yari yishyuye ugitego kimwe rukumbi

Undi mukinnyi wa Paris Saint Germain wagize icyo avuga kuri uyu mukino ubera ku kibuga cya Parc des Princes cyo mu mujyi wa Paris ni rutahizamu wa Paris Saint Germain Zlatan Ibrahmovic wavuze ko Chelsea idakomeye kuko itagifite Jose Mourinho.

-2164.jpg

David Luiz wahoze akinira Chealsea ariko aha pole Hazard

Ibrahmovic yagize ati “ Ntekereza ko buri wese azakumbura Mourinho muri uyu mukino ariko ntekereza ko vuba aha azaba yabonye indi kipe atoza akagaruka muri ruhago. Biratangaje gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza nka Jose Mourinho gusa ni ko bigenda ku batoza, uko ikipe yitwara ni cyo kirebwaho, Iyo utitwaye neza, urahanwa. Twe abakinnyi ntitujya twirukanwa nk’abatoza’’.

-2165.jpg

Umunyezamu wa Chelsea, Thibault Courtois yavuze ko ba myugariro b’ikipe ye bagomba gukora ibishoboka bakazitira cyane Zlatan Ibrahmovic kuko aza gukina ashaka kwihorera nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu mukino ubanza wa 1/8 mu mwaka ushize n’ubundi muri Champions league.

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

APR WBBC na REG W BBC zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka zikuyemo GS Marie Reine Rwaza na Kepler WBBC

APR WBBC na REG W BBC zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka zikuyemo GS Marie Reine Rwaza na Kepler WBBC

Ubwanditsi 03 Oct 2024
Perezida wa  FERWAFA yasuye Amavubi U23 yamaze guhabwa Miliyoni 1 Frw, Police FC na Etincelles zirahura ku munsi wa 6

Perezida wa FERWAFA yasuye Amavubi U23 yamaze guhabwa Miliyoni 1 Frw, Police FC na Etincelles zirahura ku munsi wa 6

Ubwanditsi 21 Oct 2022
Yvan Buravan yaraye yerekanye Indirimbo shya Malaika

Yvan Buravan yaraye yerekanye Indirimbo shya Malaika

Ubwanditsi 09 Jul 2016
APR FC yatsinze Mogadishu City Club yo muri Somalia ibitego 2-1, ikomeza mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League

APR FC yatsinze Mogadishu City Club yo muri Somalia ibitego 2-1, ikomeza mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League

Ubwanditsi 19 Sep 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rubavu: Abaturage bashimishijwe na serivisi bahabwa zo gupimisha imodoka zabo
Mu Mahanga

Rubavu: Abaturage bashimishijwe na serivisi bahabwa zo gupimisha imodoka zabo

Ubwanditsi 16 Sep 2016
Nyamasheke: Yafashwe atwaye imodoka afite perimi y’impimbano
Mu Mahanga

Nyamasheke: Yafashwe atwaye imodoka afite perimi y’impimbano

Ubwanditsi 06 Jan 2016
Ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge bwakomereje mu karere ka Nyabihu
Mu Mahanga

Ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge bwakomereje mu karere ka Nyabihu

Ubwanditsi 05 Jan 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru