• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Ubwanditsi 17 Feb 2016 IMIKINO

Ku munsi wejo twababwiragako ikipe ya PGS ihabwa mahirwe yo kuza kwitwara neza kuri uwo mukino ubanza kuki buga cyayo .

Abakinnyi ba Paris Saint Germain bahigiye gutsinda Chelsea mu mukino basanga amakipe yombi yarabaye amakeba mu gikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions League). Chelsea irakina uyu mukino idafite kapiteni wayo John Terry.

-2158.jpg
-2161.jpg

aha Rutahizamu Cavani yararekuyemo Ishoti ryavuyemo igitego cya kabiri

Chelsea yo mu Bwongereza na Paris Saint Germain yo mu Bufaransa zirabimburira andi makipe mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi.

Kapiteni wa Paris Saint Germain, umunya-Bresil Thiago Silva yatangaje ko biteguye kandi bizeye gutsinda Chelsea mu mukino kuri we asanga warabaye ubukeba.

-2162.jpg

Aganira n’ikinyamakuru, Telegraph, Thiago Silva yagize ati “Nka kapiteni w’ikipe, navuga ko dushobora kandi twiteguye gutsinda Chelsea. Turabizi ko bishoboka nubwo bitoroshye ariko mfite icyizere ko PSG ifite ibisabwa ngo itsinde Chelsea, Chelsea ni ikipe tuzi, tuzi neza cyane. Ni ikipe ifite aakinnyi benshi bakomoka muri Brazil kandi ntituruka kure ya Paris, ni abakeba’’.

-2163.jpg

aha Obi mikel yari yishyuye ugitego kimwe rukumbi

Undi mukinnyi wa Paris Saint Germain wagize icyo avuga kuri uyu mukino ubera ku kibuga cya Parc des Princes cyo mu mujyi wa Paris ni rutahizamu wa Paris Saint Germain Zlatan Ibrahmovic wavuze ko Chelsea idakomeye kuko itagifite Jose Mourinho.

-2164.jpg

David Luiz wahoze akinira Chealsea ariko aha pole Hazard

Ibrahmovic yagize ati “ Ntekereza ko buri wese azakumbura Mourinho muri uyu mukino ariko ntekereza ko vuba aha azaba yabonye indi kipe atoza akagaruka muri ruhago. Biratangaje gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza nka Jose Mourinho gusa ni ko bigenda ku batoza, uko ikipe yitwara ni cyo kirebwaho, Iyo utitwaye neza, urahanwa. Twe abakinnyi ntitujya twirukanwa nk’abatoza’’.

-2165.jpg

Umunyezamu wa Chelsea, Thibault Courtois yavuze ko ba myugariro b’ikipe ye bagomba gukora ibishoboka bakazitira cyane Zlatan Ibrahmovic kuko aza gukina ashaka kwihorera nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu mukino ubanza wa 1/8 mu mwaka ushize n’ubundi muri Champions league.

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Patriots BBC na REG BBC mu bagabo na The Hoops Rwanda na REG WBBC zageze ku mukino wa nyuma wa BK Basketball National League 2020/2021

Patriots BBC na REG BBC mu bagabo na The Hoops Rwanda na REG WBBC zageze ku mukino wa nyuma wa BK Basketball National League 2020/2021

Ubwanditsi 19 Oct 2021
Rayon Sports yambuye APR FC umwanya wa mbere yari yafashe by’Amasaha make – Ibyaranze umunsi wa 25 wa Rwanda Premier League

Rayon Sports yambuye APR FC umwanya wa mbere yari yafashe by’Amasaha make – Ibyaranze umunsi wa 25 wa Rwanda Premier League

Ubwanditsi 28 Apr 2025
APR BBC yerekeje muri Senegal gushaka itike y’imikino ya nyuma ya BAL izabera mu Rwanda

APR BBC yerekeje muri Senegal gushaka itike y’imikino ya nyuma ya BAL izabera mu Rwanda

Ubwanditsi 30 Apr 2024
APR FC yatomboye Ivoire Olympique , Rayon Sports izahura na Intare FC – Uko amakipe azahura muri 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2023

APR FC yatomboye Ivoire Olympique , Rayon Sports izahura na Intare FC – Uko amakipe azahura muri 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2023

Ubwanditsi 24 Feb 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rooney yujuje imikino 120 mu ikipe y’u Bwongereza asezera mu marira menshi
IMIKINO

Rooney yujuje imikino 120 mu ikipe y’u Bwongereza asezera mu marira menshi

Ubwanditsi 17 Nov 2018
Umugande  Andrew Mwenda,  yemeza ko  Perezida Kagame yari yasabye kuruhuka
Mu Rwanda

Umugande Andrew Mwenda, yemeza ko Perezida Kagame yari yasabye kuruhuka

Ubwanditsi 01 Jul 2017
Kirehe: Abahoze ari abanyabyaha bitandukanye n’inzererezi  biyemeje kubireka no gufasha abandi kubivamo
Mu Mahanga

Kirehe: Abahoze ari abanyabyaha bitandukanye n’inzererezi biyemeje kubireka no gufasha abandi kubivamo

Ubwanditsi 04 Apr 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru