• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IKORANABUHANGA»Urubuga rwa Facebook rwaciwe akayabo ka Miliyari 5 z’Amadollari

Urubuga rwa Facebook rwaciwe akayabo ka Miliyari 5 z’Amadollari

Ubwanditsi 16 Jul 2019 IKORANABUHANGA

Icyo kigo FTC kimaze igihe gikora igenzura ku birego bivuga ko icyo kigo gishinzwe ubujyanama mu bya Politiki Cambridge Analytica cyinjiye mu makuru y’abantu bagera kuri miliyoni 87 bakoresha Facebook mu buryo butajyanye n’amategeko.

Amakuru yamenyekanye ate?

Ikigo FTC cyatangiye igenzura kuri Facebook mu kwezi kwa Werurwe umwaka wa 2018, inyuma yuko kimenye ko iki kigo Cambridge Analytica cyahawe amakuru y’abantu ibihumbi n’ibihumbi.

Iri genzura rikaba ryaribanze cyane ku ukuntu uru rubuga rwa Facebook rwarenze ku masezerano yo mu mwaka wa 2011 ayitegeka kubanza kumenyekanisha neza abakoresha uru rubuga rwayo ikabona guhabwa uburenganzira bwo gutanga amakuru yabo.

Ikinyamakuru New York Times gitangaza ko abanyamuryango b’ishyaka ry’Abademocrate bagomba gukorwaho igenzura rihamye kuri iki cyaha ndetse bamwe bakaba banemeza ko izi ndishyi sisaga miliyari 5 z’amadolari atajyanye n’icyaha cyakozwe.

N’umujinya mwinshi, umwe mu basenateri Mark Warner yagize ati, “Niba FTC idashoboye cyangwa idashaka kurinda amakuru y’abantu ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga ko Inteko Ishinga Amategeko igomba guhaguruka ikabyikorera”

Aya mande yaciwe uru rubuga rwa Facebook akaba agomba kwemezwa n’urukiko rukuru muri iki gihugu, aramutse atanzwe aya mande ya miriyari 5 z’amadolarari yaba ariyo abaye aya mbere ku rwego rwo hejuru iki kigo FTC giciye ikigo nk’iki gikorera ubucuruzi kuri murandasi (interineti)

Facebook iratangaza iki?

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru BBC , umunyamakuru Dave Lee ukorera muri Amerika yatangaje ko uru rubuga rwamuhaye amakuru ko rwari rufite amakuru ko rushobora kuzacibwa amande ku bw’amakosa bazi yabayeho.

Mu kwezi kwa kane Facebook ikaba yari yakoze inama n’abanyamigabane bayo bemeranya ko bagomba gushyira ayo mafaranga ku ruhande , ibi bikaba byumvikana ko nta ngaruka nini cyane uru rubuga rwa Facebook ruzahura nazo kuko rwarangije kwitegura.

Gusa ikitaramenyekana ni ibindi bihano uru rubuga rwa Facebook rushobora guhura nabyo nko kwamburwa uburenganzira bumwe na bumwe mu bijyanye no kubika amabanga y’abantu, ndetse n’ibibazo uyu muherwe Mark Zuckerberg ukuriye uru rubuga yahura nabyo .

Gusa ikindi wamenya kuri aya mande ni uko aya mande yaciwe angana na kimwe cya kane cy’inyungu uru rubuga rwa Facebook rwinjiza mu gihe cy’umwaka wose.

2019-07-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

U Rwanda n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage bongereye amasezerano y’ubufatanye azageza 2028

U Rwanda n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage bongereye amasezerano y’ubufatanye azageza 2028

Ubwanditsi 08 Aug 2025
Zuckerberg yikuye imbere y’abasenateri bagaragaje kutamenya imikorere ya Facebook

Zuckerberg yikuye imbere y’abasenateri bagaragaje kutamenya imikorere ya Facebook

Ubwanditsi 11 Apr 2018
Candy Basomingera, wari umuyobozi mukuru wungirije wa RCB, yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo

Candy Basomingera, wari umuyobozi mukuru wungirije wa RCB, yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo

Ubwanditsi 16 Jul 2025
Alibaba igiye guhugura ba rwiyemezamirimo b’Abanyarwanda bafite imishinga itanga icyizere

Alibaba igiye guhugura ba rwiyemezamirimo b’Abanyarwanda bafite imishinga itanga icyizere

Ubwanditsi 05 Jan 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyabihu: Abakobwa babyariye iwabo basabwe kuba abafatanyabikorwa mu kurengera umwana
Mu Mahanga

Nyabihu: Abakobwa babyariye iwabo basabwe kuba abafatanyabikorwa mu kurengera umwana

Ubwanditsi 06 Jan 2016
Ingabire Victoire ajye yibuka ko yafunzwe n’ibimenyetso byavuye mu Buholandi, naho isano n’abajenosideri, akabaye icwende ntikoga ngo gashiremo umunuko
INKURU NYAMUKURU

Ingabire Victoire ajye yibuka ko yafunzwe n’ibimenyetso byavuye mu Buholandi, naho isano n’abajenosideri, akabaye icwende ntikoga ngo gashiremo umunuko

Ubwanditsi 01 Jun 2020
Bwa mbere mu karere, u Rwanda rwakiriye umwiherero wa ’Basketball Without Borders’ urimo urubyiruko 60
Amakuru

Bwa mbere mu karere, u Rwanda rwakiriye umwiherero wa ’Basketball Without Borders’ urimo urubyiruko 60

Ubwanditsi 23 Aug 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru