• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Ubwanditsi 07 Mar 2016 IMIKINO

Nancy Reagan umugore wa perezida wa 40 wa Leta zunze ubumwe za Amerika Ronald Reagan yitabye Imana kuri iki cyumweru zize indwara y’umutima yaramaranye igihe ku mwaka 94 yaramaze kugeza ari ku isi y’abazima.

-2394.jpg

Nancy Reagan, yashyingiwe mu 1952 ahita aba umugore wa perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Amerika (First Lady), kuri ubu rero akaba yamaze kuva mu mwuka w’abazima ndetse akazashyingurwa mu cyumeru gitaha mu gace kitiriwe uwari umugabo we.

Aka gace kiswe “Ronald Reagan President Library” gaherereye ahitwa Simi muri leta zunze ubumwe za Amerika.

-2395.jpg

Nancy, yahoze ari n’umukinnyi wa filimi aho yamamaye cyane mu yitwa B Mobvies mbere yo guhura n’umugabo we.Uyu mudamu nyakwigendera yaranzwe no kuba yarakingiraga ikibaba umugabo we Ronald Reagan akiri perezida aho akenshi mu bibazo yabazwaga mu itangazamakuru yabisubiza yizigama cyane mu rwego rwo kugabanya igitutu cy’itangazamakuru ku mugabo we.

-2397.jpg

Aha Ronald Reagan yari kumwe na Nancy mu ndirishya ryibitaro rya the Navy Medical Center

Nk’uko tmz ibitangaza, Nancy yigeze kubazwa ikibazo gikomeye aho yabajijwe icyo we n’umugabo we Ronald bazageza kuri leta zunze ubumwe za Amerika maze agasubiza ati”Tuzakora ibyiza byose dushoboye”.

Ubwo yari akiri umugore wa perezida, yashyizeho umuryango w’’ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge witwaga “Just Say No”.
Ibyo wamenya kuri Nancy Reagan

-2398.jpg

Aha yaseeraga ku murambo wumugabo we

Amazina ye yose ni Nancy Davis Reagan, yavutse mu tariki 6 Nyakanga 1921 i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika.Yashakanye na Ronald Reagan mu mwaka 1952 babana kugeza mu 2004 ubwo uyu mugabo yitabaga Imana.

Nancy Reagan yari mu ishaka ry’aba-Republicains, asize abana babiri aribo Patti na Ron.Uyu mukecukuru avuka kuri Kenneth Seymour Robbins na Edith Prescott Luckett.

Yagizwe First Lady (umugore wa perezida) muri Mutarama 1981 ubwo Ronald Reagan yatorerwaga kuba perezida wa USA mu 1980.

Uyu mugore wamenyekanye cyane akina amafilimi yari atuye i Bel Air mu mugi wa Los Angeles ho muri leta zunze ubumwe za Amerika.

Umugabo we Ronald Reagan, yitabye Imana mu 2004 ubwo yari yujuje imyaka 93.
Kuva icyo gihe, Nancy yakomeje gucunga ububiko bw’ibitabo bw’umufasha we ndetse anatanga ibitecyerezo mu bya politiki kugeza ubwo yitabye Imana muri uku kwezi kwa Werurwe 2016.

M.Fils

2016-03-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Meddy yinjiye mu bahatanira ibihembo bya MTV Africa Music Awards, aho ahanganye n’abakomeye

Meddy yinjiye mu bahatanira ibihembo bya MTV Africa Music Awards, aho ahanganye n’abakomeye

Ubwanditsi 03 Oct 2016
Ibihugu 17 mu bagabo bigiye kwitabira irushanwa Nyafurika mu mukino wa Volleyball rizabera muri Kigali Arena

Ibihugu 17 mu bagabo bigiye kwitabira irushanwa Nyafurika mu mukino wa Volleyball rizabera muri Kigali Arena

Ubwanditsi 04 Sep 2021
Mu mikino ya gicuti itegura isubukurwa rya shampiyona Gasogi United yatsinze Gorilla FC, Marines FC inganya na AS Kigali.

Mu mikino ya gicuti itegura isubukurwa rya shampiyona Gasogi United yatsinze Gorilla FC, Marines FC inganya na AS Kigali.

Ubwanditsi 21 Apr 2021
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi iratangira imyitozo kuri uyu wa gatatu hitegurwa imikino ibiri azahura na Uganda mu gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi iratangira imyitozo kuri uyu wa gatatu hitegurwa imikino ibiri azahura na Uganda mu gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Ubwanditsi 28 Sep 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunyamabanga w’ikipe ya Bugesera FC, Sam Karenzi yeguye kuri uwo mwanya kubera impamvu ze bwite
Amakuru

Umunyamabanga w’ikipe ya Bugesera FC, Sam Karenzi yeguye kuri uwo mwanya kubera impamvu ze bwite

Ubwanditsi 17 Nov 2021
U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru
IKORANABUHANGA

U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru

Ubwanditsi 10 May 2018
Itangazo rya Rushyashya.net  rigenewe abasomyi
Mu Mahanga

Itangazo rya Rushyashya.net rigenewe abasomyi

Ubwanditsi 01 Sep 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru