• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibitego, uduhigo, amarira… Ibihe bidasanzwe byagize Lionel Messi igihangange ku Isi   |   01 Sep 2026

  • Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi   |   31 Aug 2026

  • Wazalendo yafashe abasirikare babiri b’Abarundi i Baraka, bajyanwa i Kinshasa: Ubwumvikane buke hagati ya FARDC n’ingabo z’u Burundi bwaturutse he?   |   31 Aug 2026

  • Police FC yasezereye Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma wa Super Cup 2026 isanzeyo Kiyovu SC yo yasezereye Mukura VS   |   28 Aug 2026

  • U Rwanda rwabonye inguzanyo ya miliyari 280 Frw yo kuzamura ibikorwaremezo   |   26 Aug 2026

  • Volleyball: Mu mikino y’igikombe cy’Afurika mu Bagore iri kubera muri Kenya, U Rwanda rwandagaje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC)   |   26 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Ngoma : Perezida Kagame aributsa ababyeyi gushyira imbaraga mu kwita ku bana babo babarinda ubukene n’inzara

Ngoma : Perezida Kagame aributsa ababyeyi gushyira imbaraga mu kwita ku bana babo babarinda ubukene n’inzara

Ubwanditsi 03 May 2016 Mu Mahanga

Kuri uyu wa kane tariki ya 28 Mata 2016, Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Ntara y’Uburasirazuba aho yarutangiriye mu karere ka Ngoma, i Ngoma Perezida Kagame yasabye abaturage bafatanyije gukora ibishoboka byose bakarwanya ubukene.

Mu ijambo ry’umukuru w’igihugu yibukije abaturage ba Ngoma ko yaje kugira ngo baganire ku rugamba rwo kurwanya ubukene, yabibukije ko muri Ngoma bafite ubukungu bwinshi bagomba guheraho barwanya ubukene.

Perezida Kagame yavuze ko mu rugamba rwo kurwanya ubukene umuntu ahera kubyo afite, yibutsa abanya Ngoma ko bafite ubuhinzi n’ubworozi ari naho bagomba guhera baburwanya.

Yagize ati: iyo hari uburyo bwo kurwanya ubukene , hagomba gukorwa ibishoboka byose bugashira.Tugomba guhinga bya kijyambere dutera imbuto z’indobanure ntidutegereze imvura kandi hari ibiyaga bitwegereye.

Perezida Kagame yibukije abaturage ba Ngoma ko ibyo bazabigeraho bafatanyije ari nayo mpamvu yabasuye.

yagize ati urugamba rwo kurwanya ubukene rurakomeje,ndabizeza ko tuzakomeza gufatanya kurwana urwo rugamba.

Perezida Kagame yaboneyeho kwibutsa ababyeyi gushyira imbaraga mu kwita ku bana babo babarinda ubukene n’inzara bakabohereza kwiga, aho yavuze ko umwana atakwiga ashoje. Yavuze ko kugira ngo umwana yige neza agomba imirire myiza , amashanyarazi na interineti.

Imiterere y’Akarere ka Ngoma:

Akarere ka Ngoma gafite umwihariko kuva kera wo guhinga urutoki ku gigero cyo hejuru.

Akarere ka Ngoma kagizwe n’ imirenge 14 :

Gashanda,Jarama,Karembo,Kazo,Kibungo,Mugesera,Murama,Mutenderi,Remera,
Rukira,Rukumberi,Serenge,Sake na Zaza.

Ubuyobozi bw’ aka Karere buratangaza ko kuri ubu amashyanyarazi amaze kugera kuri 30% Akarere kakaba kariyemeje ko buri mwaka amashyarazi agomba kwiyongera ku kigero cy’ 10%.Amazi meza yageze ku kigero cya 85%.

Ubushakshatsi buheruka gukorwa n’ ikigo cy’ igihugu cy’ imiyoborere RGB bwagaraje ko ku kigero cya 83% abatuye aka Karere ka Ngoma bishimiye uburyo bayobowe.

Akarere ka Ngoma kamaze imyaka ibiri ku mwanya wa kabiri mu kwesa imihingo y’ uturere. Aka karere kaza ku mwanya wa 9 mu turere dukennye kurusha utundi mu Rwanda.

-2734.jpg

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame afite uruzinduko rw’iminsi itatu mu Ntara y’Uburasirazuba

2016-05-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Urwibutso rwa Paris ruzarinda ukuri kwa Jenoside kwibagirana no kubungabunga amateka, kurinda ukuri kutazimira uko imyaka izagenda ishira

Urwibutso rwa Paris ruzarinda ukuri kwa Jenoside kwibagirana no kubungabunga amateka, kurinda ukuri kutazimira uko imyaka izagenda ishira

RUSHYASHYA 02 Jun 2026
Abajenosideri bo muri FDLR bari mu basahuye bakanatwika ibikoresho bya MONUSCO i Goma muri Kongo

Abajenosideri bo muri FDLR bari mu basahuye bakanatwika ibikoresho bya MONUSCO i Goma muri Kongo

Ubwanditsi 26 Jul 2022
Bitunguranye, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yirukanye Minisitiri w’Inteba Bunyoni yashinjaga gutegura Coup d’Etat

Bitunguranye, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yirukanye Minisitiri w’Inteba Bunyoni yashinjaga gutegura Coup d’Etat

Ubwanditsi 07 Sep 2022
“Ruharwa Protais Mpiranya ashobora gufatwa mu minsi ya vuba”  Umushinjacyaha Mukuru wa IRMCT Serge Brammertz

“Ruharwa Protais Mpiranya ashobora gufatwa mu minsi ya vuba” Umushinjacyaha Mukuru wa IRMCT Serge Brammertz

Ubwanditsi 14 Dec 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Banki yo mu Buhinde igiye gutera inkunga amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro
Mu Rwanda

Banki yo mu Buhinde igiye gutera inkunga amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro

Ubwanditsi 25 May 2017
Uko uBubiligi bwabaye indiri y’ibyihebe n’abicanyi bakoze Jenoside mu Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Uko uBubiligi bwabaye indiri y’ibyihebe n’abicanyi bakoze Jenoside mu Rwanda

Ubwanditsi 26 Nov 2019
Ku nshuro ya kabiri, Perezida Kagame yagarutse ku makimbirane mu bagize guverinoma
INKURU NYAMUKURU

Ku nshuro ya kabiri, Perezida Kagame yagarutse ku makimbirane mu bagize guverinoma

Ubwanditsi 26 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru