• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Uwizeyimana Bonaventure abaye umukinnyi wa mbere ukina mu Rwanda wegukanye agace muri Tour du Rwanda, ubwo yashoboraga kugera i Rwamagana ari ku isonga

Uwizeyimana Bonaventure abaye umukinnyi wa mbere ukina mu Rwanda wegukanye agace muri Tour du Rwanda, ubwo yashoboraga kugera i Rwamagana ari ku isonga

Editorial 17 Nov 2017 IMIKINO

Bonaventure Uwizeyimana usanzwe akinira ikipe ya Club Benediction y’i Rubavu, niwe wegukanye agace ka Tour du Rwanda aho abasiganwa bavaga i Nyamata mu Karere ka Bugesera berekeza i Rwamagana ku ntera ya kilometero 93.2 .

Uwizeyimana yageze i Rwamagana akoreshe 2:16’28” mu rugendo rutari rworoshye na busa kuko rwaranzwe n’imvura ikomeye ubwo abasiganwa bari barenze mu Mujyi wa Kigali batangiye kwinjira mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Iyi nzira y’ibirometero 93 na metero 200, ntabwo yamaze igihe kirekire dore ko Bonaventure yaje kuyikina akoresheje 2h16’26” akurikirwa n’umunya-Algeria

Akazamuko ka kabiri ka Sonatubes uko bakurikiranaga :

Sebastien Haute Savoie

Van Engeren Bike AidHoller Nicodemus Bike Aid

Ikigaragara ni uko abantu mu nzira abenshi biganjemo abanyeshuri bavuye kumva amanota.

11:00: Tuzamuka twerekeza i Nyanza ya Kicukiro. Aba mbere basize igikundi amasegonda 51.

Ikigaragara ni uko amakipe ya Les Amis Sportifs na Benediction Club zahisemo kwataka hakiri kare mu rwego rwo gukorera abakinnyi babo.

10:50 Aba mbere bamaze kwambuka Nyabarongo barimo kuzamuka berekeza i Gahanga

10:45 Bahise bamugarura, ariko ubu Holler Nikodemus wa Bike Aid na Van Engellen Adne, Ruberwa Jean na Fournet Fayard Sebastien wa Haute Savoie ni bo bari imbere ho 14″ ku gikundi kibakurikiye

10:40 Kipkemboi Salim wa Bike Aid abimburiye abandi mu gusatira, Van Engellen Adne bakinana ahita amukurikira ngo amufashe mu gihe Fournet Fayard Sebastien na Ruberwa Jean wa Benediction/RWA babakurikiye ngo babagarure;

10:30 Isiganwa riratangiye, abakinnyi bahagurutse i Nyamata

Uko abakinnyi abakinnyi bakurikiranye mu gace Nyamata-Rwamagana

UWIZEYIMANA Bonaventure  Club Benediction de Rubavu 2:16:26

HAMZA Yacine            Algeria            + 0:04

AVILA Edwin    Team Illuminate         + 0:04

DEBRETSION Aron      Eritrea + 0:04

UKINIWABO Jean Paul Rene   Rwanda           + 0:04

ARERUYA Joseph         Dimension Data for Qhubeka + 0:04

EYOB Metkel   Dimension Data for Qhubeka + 0:04

JEANNES Matthieu      Team Haute Savoie – Auvergne Rhône Alpes + 0:04

MEBRAHTOM Natnael           Eritrea + 0:04

KEEPING Stephen        Lowestrates.ca            + 0:04

Uko bikurikirana ku rutonde rusange:

Areruya Joseph (Dimension Data) 15h24’31”

Eyob Metkel (Dimension Data) + 38’’

Kangangi Suleiman (Bike Aid) +1’16’’

Pellaud Simon (Team Illuminate) + 1’33’’

Nsengimana Jean Bosco (Rwanda Equipe Nationale) + 2’00’’

Byukusenge Patrick (Rwanda Equipe Nationale) + 2’44’’

Ndayisenga Valens (Tirol Cycling Team) +2’54’’

Okubemariam Tesfom (National Team Eritrea) + 3’02’’

Munyaneza Didier (Benediction Club) + 3’03’’

Jeannes Mathieu (Haute Savoie) + 3’06.

Inkuru ya Mutabazi Fils

2017-11-17
Editorial

IZINDI NKURU

Umuhanzi  Ragga Dee  nyuma yo kwamamaza Museveni agatorwa nawe yamwituye kumugira Ambasaderi mu gihugu cy’Uburundi

Umuhanzi Ragga Dee nyuma yo kwamamaza Museveni agatorwa nawe yamwituye kumugira Ambasaderi mu gihugu cy’Uburundi

Editorial 09 Aug 2016
Myugariro w’Amavubi, Bayisenge Emery yaguzwe na USM Alger izakina na Rayon Sports

Myugariro w’Amavubi, Bayisenge Emery yaguzwe na USM Alger izakina na Rayon Sports

Editorial 05 Jun 2018
FERWAFA yavuze ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports wasubitswe kubera ikibazo cy’Amatara

FERWAFA yavuze ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports wasubitswe kubera ikibazo cy’Amatara

Editorial 16 Apr 2025
U Rwanda rwegukanye umwanya wa kabiri mu irushanwa rya Davis Cup muri Tennis, APR FC yatsinzwe na Sunrise, Muhadjiri yerekeje muri Saudi Arabia

U Rwanda rwegukanye umwanya wa kabiri mu irushanwa rya Davis Cup muri Tennis, APR FC yatsinzwe na Sunrise, Muhadjiri yerekeje muri Saudi Arabia

Editorial 10 Jul 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Burundi : Lt. Col  Darius IKURAKURE,yarasiwe muri Etat Major na mugenzi we w’umusilikare ahasiga ubuzima.
Mu Rwanda

Burundi : Lt. Col Darius IKURAKURE,yarasiwe muri Etat Major na mugenzi we w’umusilikare ahasiga ubuzima.

Editorial 22 Mar 2016
“Uyu ni umubano mwiza cyane “- Kenyatta avuga kuri  Kagame
INKURU NYAMUKURU

“Uyu ni umubano mwiza cyane “- Kenyatta avuga kuri Kagame

Editorial 11 Mar 2019
FERWAFA yanze ubusabe bw’ikipe ya APR FC bwo kuba yasubikirwa umukino wayo na Rayon Sports ngo ibashe kwitegura neza RS Berkane mu mukino wa CAF Confederations Cup
Amakuru

FERWAFA yanze ubusabe bw’ikipe ya APR FC bwo kuba yasubikirwa umukino wayo na Rayon Sports ngo ibashe kwitegura neza RS Berkane mu mukino wa CAF Confederations Cup

Editorial 19 Nov 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru