• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uwizeyimana Bonaventure abaye umukinnyi wa mbere ukina mu Rwanda wegukanye agace muri Tour du Rwanda, ubwo yashoboraga kugera i Rwamagana ari ku isonga

Uwizeyimana Bonaventure abaye umukinnyi wa mbere ukina mu Rwanda wegukanye agace muri Tour du Rwanda, ubwo yashoboraga kugera i Rwamagana ari ku isonga

Ubwanditsi 17 Nov 2017 IMIKINO

Bonaventure Uwizeyimana usanzwe akinira ikipe ya Club Benediction y’i Rubavu, niwe wegukanye agace ka Tour du Rwanda aho abasiganwa bavaga i Nyamata mu Karere ka Bugesera berekeza i Rwamagana ku ntera ya kilometero 93.2 .

Uwizeyimana yageze i Rwamagana akoreshe 2:16’28” mu rugendo rutari rworoshye na busa kuko rwaranzwe n’imvura ikomeye ubwo abasiganwa bari barenze mu Mujyi wa Kigali batangiye kwinjira mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Iyi nzira y’ibirometero 93 na metero 200, ntabwo yamaze igihe kirekire dore ko Bonaventure yaje kuyikina akoresheje 2h16’26” akurikirwa n’umunya-Algeria

Akazamuko ka kabiri ka Sonatubes uko bakurikiranaga :

Sebastien Haute Savoie

Van Engeren Bike AidHoller Nicodemus Bike Aid

Ikigaragara ni uko abantu mu nzira abenshi biganjemo abanyeshuri bavuye kumva amanota.

11:00: Tuzamuka twerekeza i Nyanza ya Kicukiro. Aba mbere basize igikundi amasegonda 51.

Ikigaragara ni uko amakipe ya Les Amis Sportifs na Benediction Club zahisemo kwataka hakiri kare mu rwego rwo gukorera abakinnyi babo.

10:50 Aba mbere bamaze kwambuka Nyabarongo barimo kuzamuka berekeza i Gahanga

10:45 Bahise bamugarura, ariko ubu Holler Nikodemus wa Bike Aid na Van Engellen Adne, Ruberwa Jean na Fournet Fayard Sebastien wa Haute Savoie ni bo bari imbere ho 14″ ku gikundi kibakurikiye

10:40 Kipkemboi Salim wa Bike Aid abimburiye abandi mu gusatira, Van Engellen Adne bakinana ahita amukurikira ngo amufashe mu gihe Fournet Fayard Sebastien na Ruberwa Jean wa Benediction/RWA babakurikiye ngo babagarure;

10:30 Isiganwa riratangiye, abakinnyi bahagurutse i Nyamata

Uko abakinnyi abakinnyi bakurikiranye mu gace Nyamata-Rwamagana

UWIZEYIMANA Bonaventure  Club Benediction de Rubavu 2:16:26

HAMZA Yacine            Algeria            + 0:04

AVILA Edwin    Team Illuminate         + 0:04

DEBRETSION Aron      Eritrea + 0:04

UKINIWABO Jean Paul Rene   Rwanda           + 0:04

ARERUYA Joseph         Dimension Data for Qhubeka + 0:04

EYOB Metkel   Dimension Data for Qhubeka + 0:04

JEANNES Matthieu      Team Haute Savoie – Auvergne Rhône Alpes + 0:04

MEBRAHTOM Natnael           Eritrea + 0:04

KEEPING Stephen        Lowestrates.ca            + 0:04

Uko bikurikirana ku rutonde rusange:

Areruya Joseph (Dimension Data) 15h24’31”

Eyob Metkel (Dimension Data) + 38’’

Kangangi Suleiman (Bike Aid) +1’16’’

Pellaud Simon (Team Illuminate) + 1’33’’

Nsengimana Jean Bosco (Rwanda Equipe Nationale) + 2’00’’

Byukusenge Patrick (Rwanda Equipe Nationale) + 2’44’’

Ndayisenga Valens (Tirol Cycling Team) +2’54’’

Okubemariam Tesfom (National Team Eritrea) + 3’02’’

Munyaneza Didier (Benediction Club) + 3’03’’

Jeannes Mathieu (Haute Savoie) + 3’06.

Inkuru ya Mutabazi Fils

2017-11-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Hatangajwe inzira ya Tour du Rwanda 2024 izatangira kuya 18 isozwe 25 Gashyantare 2024

Hatangajwe inzira ya Tour du Rwanda 2024 izatangira kuya 18 isozwe 25 Gashyantare 2024

Ubwanditsi 25 Nov 2023
FIBA Africa U-16 Zone V:  U Rwanda ruratangirira kuri Tanzania

FIBA Africa U-16 Zone V: U Rwanda ruratangirira kuri Tanzania

Ubwanditsi 10 Jun 2019
Ethiopie yitegura gukina n’Amavubi yageze mu Rwanda, Rayon Sports ikomeje gutegura imikino ya gishuti mpuzamahanga irimo iyo izakina na URA FC na Singida

Ethiopie yitegura gukina n’Amavubi yageze mu Rwanda, Rayon Sports ikomeje gutegura imikino ya gishuti mpuzamahanga irimo iyo izakina na URA FC na Singida

Ubwanditsi 01 Sep 2022
Hateguwe irushanwa ryo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mukino wa Sitting Volleyball.

Hateguwe irushanwa ryo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mukino wa Sitting Volleyball.

Ubwanditsi 18 Jun 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Imodoka ya Rayon Sports yabaye iciro ry’umugani yagaruwe mu muhanda igeze mu Nzove yakiranywa amashyi n’impundu
IMIKINO

Imodoka ya Rayon Sports yabaye iciro ry’umugani yagaruwe mu muhanda igeze mu Nzove yakiranywa amashyi n’impundu

Ubwanditsi 19 Apr 2019
Kiliziya Gatolika yafashe iyambere mu gufasha abaturage gusaba no kwishyura serivisi za Leta binyuze k’urubuga Irembo
Mu Mahanga

Kiliziya Gatolika yafashe iyambere mu gufasha abaturage gusaba no kwishyura serivisi za Leta binyuze k’urubuga Irembo

Ubwanditsi 22 Jun 2016
Perezida Kagame yahawe igihembo kubera kuba indashyikirwa mu guharanira uburinganire
Mu Mahanga

Perezida Kagame yahawe igihembo kubera kuba indashyikirwa mu guharanira uburinganire

Ubwanditsi 10 Jul 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru