• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR yohereje abarwanyi bayo i Kinshasa kujya kwiga ikoreshwa rya drone bisabwe na Leta ya Congo   |   13 Nov 2025

  • Rayon Sports yatandukanye n’umutoza wayo Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi ahagaritswe   |   13 Nov 2025

  • Kwizera Olivier ari mu bakinnyi bahamagawe mu mwiherero w’iminsi ine uzahuza abakinnyi bakina muri Shampiyona y’u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amaherezo ashaririye ya bamwe mubasize bahekuye u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amafoto – Al Hilal SC yitegura imikino y’Amatsinda ya CAF Championa League yatsinze AS Kigali ibitego 2-0   |   11 Nov 2025

  • Intwararumuri: Igihungabanya u Rwanda ntitwacyihanganira niyo wagira ute – Perezida Kagame Paul   |   08 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

Editorial 20 Aug 2022 Amakuru, IMIKINO

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Kanaam 2022 nibwo shampiyona y’u Rwanda y’ikiciro cya mbere yatangiye mu mwaka wayo wa 2022-2023, ni intangiriro yatangiye haboneka intsinzi ku makipe yari yakiriye imikino yayo.

Duhereye ku mukino wabere kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya AS Kigali yari yakiriye Etincelles FC y’i Rubavu, abanyamujyi bitwaye neza muri uyu mukino kuko ruthaizamu wayo Hussein Shaban Shalala niwe watsinze ibitego 2 byose byabonetse muri uy mukino.


Uyu rutahizamu ukomoka i Burundi uheruka no gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona iheruka, yari yatsinze ibitego cumi na bitanu wenyine yaraye atsinze ibindi bibiri ku munota wa 32 na 37 w’umukino.


Undi mukino wabereye kuri iyi Sitade, ni APR FC yahatsindiye ikipe ya Musanze FC ibitego 2-1, ni ibitego byatsinzwe na Mugunga Yves na Bizimana Yannick ku ruhande rw’ikipe y’ingabo z’igihugu na Peter Agbrevor ku ruhande rwa Musanze FC.


I Nyagatare kuri Sitade Gologota, ikipe ya Sunrise izamutse mu kiciro cya mbere uyu mwaka yahatsindiye ikipe ya Police FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe ku munota wa 3 w’umukino, ni igitego cyatsinzwe na Brian Ssali.

Ni umukino ku ruhande rwa Police FC utatojwe n’umutoza mukuri mushya wayo, Mashami Vincent, utari watangira akazi mu buryo bwemewe n’amategeko kuko uyu kugabo azatangira gutoza guhera tariki ya 1 Nzeri 2022 kuko amasezerano y’umutoza bari basanganwe Frank Nuttal azaba arangiye.

i Rusizi mu ntara y’i Burengerezuba, ikipe ya Espoir FC yahatsindiraga ikipe ya Marines FC igitego kimwe ku busa, ni igitego cyatsinzwe n’umunya Nigeria mushya baguze mu ikipe ya Musanze FC, Samson Ikecukwu.


Usibye iyi mikino yabaye kuri uyu wa Gatanu, shampiyo y’u Rwanda 2022-2023 irakomeza kuri uyu wa gatandatu, kuya 20 Kanama 2022.

Nyuma y’iyi mikino shampiyona irahita ihagarara kubera ko ikipe y’igihugu yitegura imikino ya CHAN2023 bazahuramo n’ikipe y’igihugu ya Ethiopie bazakina kuya 29 Kanama ku mukino ubanza naho uwo kwishyura uzabe kuya 3 Nzeri 2022
Uko idi mikino ikinwa kuri uyu munsi:

15:00 Bugesera FCvs Kiyovu Sports
15:00 Rwamagana City FC vs Gorilla FC
15:00 Gasogi United vs Mukura VS
18:30 Rayon Sports FC vs Rutsiro FC

2022-08-20
Editorial

IZINDI NKURU

Chairman wa RPF Kagame Paul yatangaje uko Yeretse igihandure Umujandarume wa Habyara

Chairman wa RPF Kagame Paul yatangaje uko Yeretse igihandure Umujandarume wa Habyara

Editorial 12 Jul 2024
Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Editorial 11 Jan 2022
Nyuma yo gutandukana na Young SC yo muri Tanzania, Haruna Niyonzima yongeye gusinyira ikipe ya AS Kigali yigeze gukinira

Nyuma yo gutandukana na Young SC yo muri Tanzania, Haruna Niyonzima yongeye gusinyira ikipe ya AS Kigali yigeze gukinira

Editorial 30 Jul 2021
Azam Rwanda Primier  League irakomeza kuri uyu wa kabiri

Azam Rwanda Primier League irakomeza kuri uyu wa kabiri

Editorial 16 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bomboli-Bomboli : Amacakubiri yongeye kwaduka muri RNC
INKURU NYAMUKURU

Bomboli-Bomboli : Amacakubiri yongeye kwaduka muri RNC

Editorial 11 Sep 2019
Kayumba Nyamwasa arashinjwa gucucura impunzi z’Abanyarwanda azizeza ko agiye kuzirwanira
INKURU NYAMUKURU

Kayumba Nyamwasa arashinjwa gucucura impunzi z’Abanyarwanda azizeza ko agiye kuzirwanira

Editorial 01 Jun 2018
# YouthConnect Africa : Akon yabwiye Urubyiruko ko u Rwanda rumutera ishema ryo kwitwa Umunyafurika
Mu Rwanda

# YouthConnect Africa : Akon yabwiye Urubyiruko ko u Rwanda rumutera ishema ryo kwitwa Umunyafurika

Editorial 21 Jul 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru