• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

Ubwanditsi 20 Aug 2022 Amakuru, IMIKINO

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Kanaam 2022 nibwo shampiyona y’u Rwanda y’ikiciro cya mbere yatangiye mu mwaka wayo wa 2022-2023, ni intangiriro yatangiye haboneka intsinzi ku makipe yari yakiriye imikino yayo.

Duhereye ku mukino wabere kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya AS Kigali yari yakiriye Etincelles FC y’i Rubavu, abanyamujyi bitwaye neza muri uyu mukino kuko ruthaizamu wayo Hussein Shaban Shalala niwe watsinze ibitego 2 byose byabonetse muri uy mukino.


Uyu rutahizamu ukomoka i Burundi uheruka no gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona iheruka, yari yatsinze ibitego cumi na bitanu wenyine yaraye atsinze ibindi bibiri ku munota wa 32 na 37 w’umukino.


Undi mukino wabereye kuri iyi Sitade, ni APR FC yahatsindiye ikipe ya Musanze FC ibitego 2-1, ni ibitego byatsinzwe na Mugunga Yves na Bizimana Yannick ku ruhande rw’ikipe y’ingabo z’igihugu na Peter Agbrevor ku ruhande rwa Musanze FC.


I Nyagatare kuri Sitade Gologota, ikipe ya Sunrise izamutse mu kiciro cya mbere uyu mwaka yahatsindiye ikipe ya Police FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe ku munota wa 3 w’umukino, ni igitego cyatsinzwe na Brian Ssali.

Ni umukino ku ruhande rwa Police FC utatojwe n’umutoza mukuri mushya wayo, Mashami Vincent, utari watangira akazi mu buryo bwemewe n’amategeko kuko uyu kugabo azatangira gutoza guhera tariki ya 1 Nzeri 2022 kuko amasezerano y’umutoza bari basanganwe Frank Nuttal azaba arangiye.

i Rusizi mu ntara y’i Burengerezuba, ikipe ya Espoir FC yahatsindiraga ikipe ya Marines FC igitego kimwe ku busa, ni igitego cyatsinzwe n’umunya Nigeria mushya baguze mu ikipe ya Musanze FC, Samson Ikecukwu.


Usibye iyi mikino yabaye kuri uyu wa Gatanu, shampiyo y’u Rwanda 2022-2023 irakomeza kuri uyu wa gatandatu, kuya 20 Kanama 2022.

Nyuma y’iyi mikino shampiyona irahita ihagarara kubera ko ikipe y’igihugu yitegura imikino ya CHAN2023 bazahuramo n’ikipe y’igihugu ya Ethiopie bazakina kuya 29 Kanama ku mukino ubanza naho uwo kwishyura uzabe kuya 3 Nzeri 2022
Uko idi mikino ikinwa kuri uyu munsi:

15:00 Bugesera FCvs Kiyovu Sports
15:00 Rwamagana City FC vs Gorilla FC
15:00 Gasogi United vs Mukura VS
18:30 Rayon Sports FC vs Rutsiro FC

2022-08-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rubavu: Umuryango AHF – Rwanda wagobotse Abagizweho ingaruka n’iyangirika ry’amazu ry’atewe n’imitingito

Rubavu: Umuryango AHF – Rwanda wagobotse Abagizweho ingaruka n’iyangirika ry’amazu ry’atewe n’imitingito

Ubwanditsi 04 Jun 2021
Minisiteri Ya Siporo Yafunguye Ibikorwa Bya Siporo Nyuma Y’Amezi Atandatu Bihagaze

Minisiteri Ya Siporo Yafunguye Ibikorwa Bya Siporo Nyuma Y’Amezi Atandatu Bihagaze

Ubwanditsi 28 Sep 2020
Abahanzikazi Charly na Nina bakomeje kwerekana ubuhanga bwabo

Abahanzikazi Charly na Nina bakomeje kwerekana ubuhanga bwabo

Ubwanditsi 28 Jun 2016
Mu mikino y’umunsi wa 12 ya shampiyona y’u Rwanda, As Kigali yatsinzwe na Rutsiro FC, Rayon Sports inganya na Musanze FC

Mu mikino y’umunsi wa 12 ya shampiyona y’u Rwanda, As Kigali yatsinzwe na Rutsiro FC, Rayon Sports inganya na Musanze FC

Ubwanditsi 16 Jan 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo
Mu Rwanda

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo

Ubwanditsi 01 Nov 2016
Breaking : Kongere y’igihugu Idasanzwe ya PL yemeje ko PL ishyigikira kandidatire ya Nyakubahwa Paul Kagame
POLITIKI

Breaking : Kongere y’igihugu Idasanzwe ya PL yemeje ko PL ishyigikira kandidatire ya Nyakubahwa Paul Kagame

Ubwanditsi 04 Jun 2017
U Bwongereza: Inteko Ishinga Amategeko yemeje amasezerano ya Brexit
POLITIKI

U Bwongereza: Inteko Ishinga Amategeko yemeje amasezerano ya Brexit

Ubwanditsi 10 Jan 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru