• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

AS Kigali, APR FC na Espoir FC zatangiye neza shampiyona y’u Rwanda 2022-2023, Sunrise ikizamuka yisasiye Police FC ya Mashami Vincent watoreje muri Sitade Gologota

Ubwanditsi 20 Aug 2022 Amakuru, IMIKINO

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Kanaam 2022 nibwo shampiyona y’u Rwanda y’ikiciro cya mbere yatangiye mu mwaka wayo wa 2022-2023, ni intangiriro yatangiye haboneka intsinzi ku makipe yari yakiriye imikino yayo.

Duhereye ku mukino wabere kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya AS Kigali yari yakiriye Etincelles FC y’i Rubavu, abanyamujyi bitwaye neza muri uyu mukino kuko ruthaizamu wayo Hussein Shaban Shalala niwe watsinze ibitego 2 byose byabonetse muri uy mukino.


Uyu rutahizamu ukomoka i Burundi uheruka no gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona iheruka, yari yatsinze ibitego cumi na bitanu wenyine yaraye atsinze ibindi bibiri ku munota wa 32 na 37 w’umukino.


Undi mukino wabereye kuri iyi Sitade, ni APR FC yahatsindiye ikipe ya Musanze FC ibitego 2-1, ni ibitego byatsinzwe na Mugunga Yves na Bizimana Yannick ku ruhande rw’ikipe y’ingabo z’igihugu na Peter Agbrevor ku ruhande rwa Musanze FC.


I Nyagatare kuri Sitade Gologota, ikipe ya Sunrise izamutse mu kiciro cya mbere uyu mwaka yahatsindiye ikipe ya Police FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe ku munota wa 3 w’umukino, ni igitego cyatsinzwe na Brian Ssali.

Ni umukino ku ruhande rwa Police FC utatojwe n’umutoza mukuri mushya wayo, Mashami Vincent, utari watangira akazi mu buryo bwemewe n’amategeko kuko uyu kugabo azatangira gutoza guhera tariki ya 1 Nzeri 2022 kuko amasezerano y’umutoza bari basanganwe Frank Nuttal azaba arangiye.

i Rusizi mu ntara y’i Burengerezuba, ikipe ya Espoir FC yahatsindiraga ikipe ya Marines FC igitego kimwe ku busa, ni igitego cyatsinzwe n’umunya Nigeria mushya baguze mu ikipe ya Musanze FC, Samson Ikecukwu.


Usibye iyi mikino yabaye kuri uyu wa Gatanu, shampiyo y’u Rwanda 2022-2023 irakomeza kuri uyu wa gatandatu, kuya 20 Kanama 2022.

Nyuma y’iyi mikino shampiyona irahita ihagarara kubera ko ikipe y’igihugu yitegura imikino ya CHAN2023 bazahuramo n’ikipe y’igihugu ya Ethiopie bazakina kuya 29 Kanama ku mukino ubanza naho uwo kwishyura uzabe kuya 3 Nzeri 2022
Uko idi mikino ikinwa kuri uyu munsi:

15:00 Bugesera FCvs Kiyovu Sports
15:00 Rwamagana City FC vs Gorilla FC
15:00 Gasogi United vs Mukura VS
18:30 Rayon Sports FC vs Rutsiro FC

2022-08-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imikino yo mu kiciro cya kabiri irasozwa hakinwa umunsi wa nyuma wo mu itsinda ngo hamenyekane amakipe ajya muri 1/4

Imikino yo mu kiciro cya kabiri irasozwa hakinwa umunsi wa nyuma wo mu itsinda ngo hamenyekane amakipe ajya muri 1/4

Ubwanditsi 30 Sep 2021
Batatu mu bayobozi b’akarere ka Gicumbi batawe muri yombi

Batatu mu bayobozi b’akarere ka Gicumbi batawe muri yombi

Ubwanditsi 02 Nov 2017
Umutuzo w’Agatha Kanziga n’abandi bajenosideri bari Bufaransa waba usatira iherezo?

Umutuzo w’Agatha Kanziga n’abandi bajenosideri bari Bufaransa waba usatira iherezo?

Ubwanditsi 12 Mar 2024
CAF yaciye Rayon Sports ibihumbi 20$, Yannick Mukunzi ahagarikwa imikino itatu

CAF yaciye Rayon Sports ibihumbi 20$, Yannick Mukunzi ahagarikwa imikino itatu

Ubwanditsi 09 Aug 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police
Amakuru

Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police

Ubwanditsi 30 Jun 2024
Félix Tshisekedi niwe watorewe kuyobora Congo Kinshasa
INKURU NYAMUKURU

Félix Tshisekedi niwe watorewe kuyobora Congo Kinshasa

Ubwanditsi 10 Jan 2019
Burundi : Imyitozo y’Imbonerakure  za CNDD-FDD isa nk’iy’Interahamwe za MRND  ikomeje gutera benshi ubwoba
Mu Rwanda

Burundi : Imyitozo y’Imbonerakure za CNDD-FDD isa nk’iy’Interahamwe za MRND ikomeje gutera benshi ubwoba

Ubwanditsi 21 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru